Browsing Category
Uburezi
Urubyiruko rw’Afurika rugomba gushaka ibisubizo ntirugume mu kunenga – Perezida Paul Kagame
Ku wa Kane tariki 25 Nzeri 2025, Perezida Paul Kagame yitabiriye umuhango wo kwakira ku mugaragaro abanyeshuri bashya muri African School of Governance (ASG) mu cyiciro cya mbere cy’amasomo ya Master of Public Administration (MPA) wabereye!-->…
“Abana bazatahana imikoro ihagije” Dr. Wilson wa REB
Urwego rw'igihugu rw'uburezi bw'ibanze REB rwasobanuye ko abanyeshuri bo mu mujyi wa Kigali bazafashwa mu gihe cy'icyumweru cyose ubwo batazaba biga kubera amasiganwa y'amagare.
Umuyobozi Mukuru w’Urwego rw’Igihugu rw’Uburezi!-->!-->!-->!-->!-->…
Abarenga ibihumbi 11 batsinzwe ibizamini bisoza ayisumbuye
Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yatangaje ko mu banyeshuri 106.078 bakoze ibizamini bya Leta bisoza amashuri yisumbuye mu mwaka w’amashuri 2024/2025 abangana na 11.669 batsinzwe bakaba nta moamyabumenyi babonye.
Abo banyeshuri!-->!-->!-->!-->!-->…
Abarenga ibihumbi 94 batsinze ibizamini bya Leta bisoza amashuri yisumbuye.
Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 01 Nzeri 2025,Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri (NESA) cyatangaje ko abanyeshuri ibihumbi 94,409 batsindiye ku kigero fatizo cya 50% mu bizamini bya Leta bisoza amashuri!-->!-->!-->…
Amajyepfo: Guverineri yabwiye abanyeshuri ko bashonje bahishiwe.
Guverineri w’Intara y’Amajyepfo, Madamu Kayitesi Alice, yavuze ko ubuyobozi bugiye gukurikirana imyigire y’abanyeshuri mu byiciro byose by’amashuri, birimo abanza n’ayisumbuye, hagamijwe guteza imbere ireme ry’uburezi muri iyi ntara.
!-->!-->!-->!-->…
Amanota y’abashoje ay’isumbuye azasohoka kuri uyu wa mbere
Minisiteri y'uburezi mu Rwanda yaraye itangaje ko amanota y'abakandida bakoze ibizamini bisoza amashuri yisumbuye azasohoka kuri uyu wa mbere.
Kuri uyu wa gatanu ushize taliki ya 29 ukwa munani, minisiteri y'uburezi (MINEDUC)!-->!-->!-->!-->!-->…
Akarere ka Kirehe kahize abandi mu gutsindisha kashimiwe
Ubuyobozi bw’Intara y’Iburasirazuba bwashimiye Akarere ka Kirehe ku kwitwara neza mu bizamini bya Leta bisoza amashuri abanza n’icyiciro rusange cy’ayisumbuye mu mwaka w’amashuri wa 2024/2025, aho kaje ku isonga mu gihugu hose muri!-->!-->!-->…
Uburasirazuba bwahize izindi ntara mu gutsindisha neza mu bizamini bya Leta
Intara y’Iburasirazuba ni yo yahize izindi mu gutsindisha neza mu banyeshuri bakoze ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza n’icyiciro rusange cy’ayisumbuye ,mu mwaka w’amashuri wa 2024/2025.
Ni bimwe mu byagarutsweho ku wa 19!-->!-->!-->!-->!-->…
Gasabo: Abarangije imyuga muri Yego center Kabuga basabwe kurangwa n’ikinyabupfura
Mu Karere ka Gasabo umurenge wa Rusororo muri Yego Center kuri uyu wa Gatanu tariki ya 08 Kanama 2025 hatanzwe impamya bushobozi (Certificate ) ku barangije kwiga imyuga itandukanye irimo kudoda,gusuka,gutunganya ubwiza n'ibindi.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Minisitiri w’uburezi Nsengimana yahumurije abarimu batazi icyongereza
Minisitiri w'uburezi mu Rwanda yakuyeho icyoba n'impungenge bamwe mu barimu bari bamaranye igihe zavugaga ko bashobora kwirukanwa kubera kutamenya neza ururimi rw'icyongereza.
Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC), yavuze ko hari abarimu!-->!-->!-->!-->!-->…
NESA yashyize hanze umubare w’abakandida bose bazakora ikizamini gisoza abanza
Minisiteri y'Uburezi mu Rwanda yashize hanze umubare ntahinduka w'abakandida bagomba gukoiira ibizamini bya Leta bisoza amashuri y'ibanze.
Kuri uyu wa gatanu taliki ya 27 Kamena 2025, Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini!-->!-->!-->!-->!-->…
Rwanda: Leta igiye kwikiza abarimu bigisha batazi icyongereza
Minisitiri w’Intebe Dr Ngirente Edouard yatangaje ko Guverinoma y’u Rwanda irimo gutegura gahunda yo gusuzuma abarimu bigisha mu mashuri abanza n’ayisumbuye niba bazi Icyongereza bigishamo, uwo bigaragaye ko atazi urwo rurimi agakurwa mu!-->…
Nyamasheke: Ababyeyi baratabariza abana babo birukanwe bazira ko bariye amandazi
Hari ababyeyi bo mu Karere ka Nyamasheke mu Murenge wa Shangi barerera mu ishuri rya ‘Ecole secondaire de Gafunzo’ (E.S.GA), batabariza abana babo bavuga ko birukanwe bazira ko baririye amandazi mu kigo.
I Nyamasheke bahawe igihano cyo!-->!-->!-->…
Abasaga ibihumbi 4 bashoje amasomo y’imyuga basabwa kujya guhanga imirimo
Guverinoma y’u Rwanda yagaragarije abanyeshuri 4 562 barangije amasomo yabo mu mashami atandukanye mu Ishuri Rikuru ry’Imyuga, Tekinike n’Ubumenyingiro, (RP) ko nubwo bafite igihamya ko basoje kwiga, ariko ari intangiriro y’urugendo!-->!-->!-->…
Kirehe:Abakozi b’ikigo cy’amashuri batawe muri yombi bakurikiranyweho kwaka indonke Abanyeshuri
Abakozi babiri bo mu kigo APENA Technical Secondary School (TSS) batawe muri yombi bakurikiranyweho icyaha cyo kwakira indonke z’abanyeshuri ngo babakurireho ibihano babaga babafatiye.
Aba batawe muri yombi tariki 23-25 Gicurasi!-->!-->!-->!-->!-->…