Browsing Category
Uburezi
Akarere ka Kirehe kahize abandi mu gutsindisha kashimiwe
Ubuyobozi bw’Intara y’Iburasirazuba bwashimiye Akarere ka Kirehe ku kwitwara neza mu bizamini bya Leta bisoza amashuri abanza n’icyiciro rusange cy’ayisumbuye mu mwaka w’amashuri wa 2024/2025, aho kaje ku isonga mu gihugu hose muri!-->!-->!-->…
Uburasirazuba bwahize izindi ntara mu gutsindisha neza mu bizamini bya Leta
Intara y’Iburasirazuba ni yo yahize izindi mu gutsindisha neza mu banyeshuri bakoze ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza n’icyiciro rusange cy’ayisumbuye ,mu mwaka w’amashuri wa 2024/2025.
Ni bimwe mu byagarutsweho ku wa 19!-->!-->!-->!-->!-->…
Gasabo: Abarangije imyuga muri Yego center Kabuga basabwe kurangwa n’ikinyabupfura
Mu Karere ka Gasabo umurenge wa Rusororo muri Yego Center kuri uyu wa Gatanu tariki ya 08 Kanama 2025 hatanzwe impamya bushobozi (Certificate ) ku barangije kwiga imyuga itandukanye irimo kudoda,gusuka,gutunganya ubwiza n'ibindi.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Minisitiri w’uburezi Nsengimana yahumurije abarimu batazi icyongereza
Minisitiri w'uburezi mu Rwanda yakuyeho icyoba n'impungenge bamwe mu barimu bari bamaranye igihe zavugaga ko bashobora kwirukanwa kubera kutamenya neza ururimi rw'icyongereza.
Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC), yavuze ko hari abarimu!-->!-->!-->!-->!-->…
NESA yashyize hanze umubare w’abakandida bose bazakora ikizamini gisoza abanza
Minisiteri y'Uburezi mu Rwanda yashize hanze umubare ntahinduka w'abakandida bagomba gukoiira ibizamini bya Leta bisoza amashuri y'ibanze.
Kuri uyu wa gatanu taliki ya 27 Kamena 2025, Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini!-->!-->!-->!-->!-->…
Rwanda: Leta igiye kwikiza abarimu bigisha batazi icyongereza
Minisitiri w’Intebe Dr Ngirente Edouard yatangaje ko Guverinoma y’u Rwanda irimo gutegura gahunda yo gusuzuma abarimu bigisha mu mashuri abanza n’ayisumbuye niba bazi Icyongereza bigishamo, uwo bigaragaye ko atazi urwo rurimi agakurwa mu!-->…
Nyamasheke: Ababyeyi baratabariza abana babo birukanwe bazira ko bariye amandazi
Hari ababyeyi bo mu Karere ka Nyamasheke mu Murenge wa Shangi barerera mu ishuri rya ‘Ecole secondaire de Gafunzo’ (E.S.GA), batabariza abana babo bavuga ko birukanwe bazira ko baririye amandazi mu kigo.
I Nyamasheke bahawe igihano cyo!-->!-->!-->…
Abasaga ibihumbi 4 bashoje amasomo y’imyuga basabwa kujya guhanga imirimo
Guverinoma y’u Rwanda yagaragarije abanyeshuri 4 562 barangije amasomo yabo mu mashami atandukanye mu Ishuri Rikuru ry’Imyuga, Tekinike n’Ubumenyingiro, (RP) ko nubwo bafite igihamya ko basoje kwiga, ariko ari intangiriro y’urugendo!-->!-->!-->…
Kirehe:Abakozi b’ikigo cy’amashuri batawe muri yombi bakurikiranyweho kwaka indonke Abanyeshuri
Abakozi babiri bo mu kigo APENA Technical Secondary School (TSS) batawe muri yombi bakurikiranyweho icyaha cyo kwakira indonke z’abanyeshuri ngo babakurireho ibihano babaga babafatiye.
Aba batawe muri yombi tariki 23-25 Gicurasi!-->!-->!-->!-->!-->…
Abasaga 500 bashoje amasomo yabo muri Kaminuza y’Abapoloso mu Rwanda
Kuri uyu wa gatatu , tariki ya 21 Gicurasi 2025 Kaminuza y’Abaporotesitanti mu Rwanda (PUR) yatanze impamyabumenyi ku banyeshuri 573 barangije amasomo y’icyiciro cya kabiri cya kaminuza n’amasomo y’inyongera (postgraduate).
Ni!-->!-->!-->!-->!-->…
Abasaga ibihumbi 60 basoza ayisumbuye batangiye ibizami bya pratique
Abanyeshuri 66.958 bari hirya no hino mu gihugu biga amasomo y’Imyuga n’Ubumenyi Ngiro (TSS), Amashuri Nderabarezi (TTC), Ibararushimamibare (Accounting), Abaforomo (Associate Nursing) n’abiga ibya Siyansi batangiye gukora ibizamini!-->…
Gisagara: Abategura amafunguro y’abanyeshuri biyemeje kurushaho kugira isuku
Abategura amafunguro y’abanyeshuri mu kigo cy’Amashuri cya G.S Dahwe, giherereye mu Murenge wa Ndora, mu Karere ka Gisagara, biyemeje kongera imbaraga mu kwimakaza isuku, kugira ngo batange umusanzu mu rugamba rwo kurwanya imirire mibi!-->…
MINEDUC yasabye ‘Ecole Belge de Kigali’ guhindura iteganyanyigisho yari isanzwe ikoresha
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri tariki 08 Mata 2025, Minisiteri y’Uburezi, MINEDUC, yasabye ko ishuri ‘Ecole Belge de Kigali rihindura gahunda y’imyigishirize, aho ryatri risanzwe rikurikiza integanyanyigisho y’u Bubiligi.
Ni!-->!-->!-->!-->!-->…
Papa Francis arava mu bitaro uyu munsi
Umushumba wa Kiliziya Gatolika Papa Francis arava mu bitaro bya Gemelli biri i Roma kuri iki cyumweru kandi azakenera nibura amezi abiri yo kuruhuka i Vatican, nk'uko abaganga barimo kumuvura babitangaje.
Uyu mugabo w'imyaka 88!-->!-->!-->…
Australia: Hashyizweho itegeko rikumira abana gukoresha imbuga nkoranyambaga
Inteko Ishinga Amategeko ya Australia yemeje umushinga w’itegeko ribuza abana bari munsi y’imyaka 16, gukoresha imbuga nkoranyambaga.
Iri tegeko ribuza umuntu uwo ari we wese kwemerera umwana uri munsi y’imyaka 16 kuba yakoresha!-->!-->!-->!-->!-->…