Browsing Category
Uburezi
MINEDUC yasabye ‘Ecole Belge de Kigali’ guhindura iteganyanyigisho yari isanzwe ikoresha
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri tariki 08 Mata 2025, Minisiteri y’Uburezi, MINEDUC, yasabye ko ishuri ‘Ecole Belge de Kigali rihindura gahunda y’imyigishirize, aho ryatri risanzwe rikurikiza integanyanyigisho y’u Bubiligi.
Ni!-->!-->!-->!-->!-->…
Papa Francis arava mu bitaro uyu munsi
Umushumba wa Kiliziya Gatolika Papa Francis arava mu bitaro bya Gemelli biri i Roma kuri iki cyumweru kandi azakenera nibura amezi abiri yo kuruhuka i Vatican, nk'uko abaganga barimo kumuvura babitangaje.
Uyu mugabo w'imyaka 88!-->!-->!-->…
Australia: Hashyizweho itegeko rikumira abana gukoresha imbuga nkoranyambaga
Inteko Ishinga Amategeko ya Australia yemeje umushinga w’itegeko ribuza abana bari munsi y’imyaka 16, gukoresha imbuga nkoranyambaga.
Iri tegeko ribuza umuntu uwo ari we wese kwemerera umwana uri munsi y’imyaka 16 kuba yakoresha!-->!-->!-->!-->!-->…
Bugesera: Abaturage b’Akagari ka “Bitaba” batewe ipfunwe nako kuko ngo katajyanye…
Abaturage bo mu Kagari ka "Bitaba" ho mu Murenge wa Mwogo mu Karere ka Bugesera baravuga ko ibiro by'Akagali kabo bitajyanye n'igihe kuko ari Akagari gashaje cyane.
Umunyamakuru wa indorerwamo.com ubwo yari aho ibi biro!-->!-->!-->!-->!-->…
Gasabo: Abanyeshuri bigishijwe uko batera ibiti n’uko byitabwaho
Umujyi wa Kigali akarere ka Gasabo mu murenge wa Rusororo hakozwe umuganda wako gutera ibiti,mu bigo by'amashuri.
Ni umuganda wabaye kuri uyu wa Gatanu tariki 25 /11/2024 ukaba wakozwe n'abanyeshuri, Abarimu ndetse n'abakozi bumurenge!-->!-->!-->…
Rulindo:Diregiteri uhanganye n’umwungirije uvugako akomeye muri FPR ntacyo byamukoraho
Mu Karere ka Rulindo,Umurenge wa Shyorongi akagari ka Kijabagwe, ku ishuri rya GS Musenyi umuyobozi w’Ishuri wungirije ushinzwe amasomo ari mu mazi abira nyuma yo gutanga amakuru y’ubujura bukorerwa mu kigo n’amanyanga yabaye mu!-->…
Kamonyi:Umurezi mu kigo cy’Ishuri yaraye mu maboko atari aye kubera umwana w’umukobwa w’imyaka 14-15
Amakuru mpamo agera ku intyoza.com dukesha iyi nkuru ni uko ahagana ku I saa kumi zo kuri uyu wa Kane tariki 17 Ukwakira 2024, umurezi(Animateri) mu Rwunge rw’Amashuri rwa Mukinga(GS Mukinga) yatawe muri yombi akekwaho gusambanya agatera!-->…
Menya ishuri ukwiye kureramo APAER RUSORORO.
Kuva kera na kare umubyeyi w'Umunyarwanda yageragezaga ku mikoro afite,guha umurage mwiza abana be, cyane cyane abashakira amashuri meza ngo aza babere akabando k'iminsi mu rugendo rw'ubuzima.
Uburezi bwizewe butangira hakiri!-->!-->!-->!-->!-->…
Amashuri abanza ya Leta agiye guhabwa abacungamutungo
Minisiteri y’uburezi yatangaje ko mu mashuri abanza hagiye gutangwa akazi ku bakozi bashya bashinzwe icungamutungo. MINEDUC yemeza ko aba bakozi bakenewe mu micungire myiza y’umutungo w’ibigo by’amashuri.
Minisitiri Gaspard!-->!-->!-->!-->!-->…
Niyonzima ufite ubumuga bwo kutabona yabaye uwa 5 ku rwego rw’igihugu mu gutsinda
Jean de Dieu Niyonzima wiga mu ishuri ry’abafite ubumuga bwo kutabona ry’i Kibeho (Education Institute for Blind Children Kibeho) yahembwe muri batanu ba mbere bagize amanota meza mu bizamini bisoza icyiciro cya mbere cy’amashuri!-->!-->!-->…
Abayobozi b’amashuri basabwe guhagurukira abarimu bitwara nabi mu mashuri mu kazi.
Ubuyobozi bw'Akarere ka Kirehe bwasabye abayobozi b’ibigo by’amashuri kutita ku banyeshuri, gusa ahubwo bakanita no ku myitwarire y’abarimu babo aho harimo abitwara nabi ku mashuri ndetse no mu muryango nyarwanda.
Mu mpera z’iki!-->!-->!-->…
Abanyeshuri baratangira gusubira ku ishuri ejo, dore ingengabihe y’uburyo bazasubirayo
Hashingiwe ku ngengabihe y’umwaka w’amashuri yatangajwe na Minisiteri y’Uburezi, Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri (NESA), kimenyesha abayobozi b’amashuri, abarezi ndetse n’ababyeyi, ko abanyeshuri biga!-->!-->!-->…
Ruhango: Umwarimu ushinjwa gutera inda umunyeshuri yaratorotse.
Umwana w’umukobwa wiga mu mwaka wa kane wo kuri GS Ndangaburezi yo mu karere ka Ruhango, arashinja umwarimu wo ku ishuri baturanye kumutera inda.
Uyu utuye mu mu Murenge wa Ruhango avuga ko ubwo yari afite imyaka!-->!-->!-->!-->!-->…
Abana basaga ibihumbi 177 bataye ishuri mu mwaka wa 2022
Minisiteri y’Uburezi ifatanyije n’inzego zitandukanye ikomeje urugendo rwo gushaka umuti urambye ku kibazo cy’abana bata ishuri aho imibare yo mu 2022 yerekana ko 177.119 barivuyemo mu gihugu hose.
Mineduc iri gukora ubu!-->!-->!-->!-->!-->…
NESA yatangije ubugenzuzi bugamije kuzamura ireme ry’uburezi
Mu rwego rwo kuzamura ireme ry’uburezi mu Rwanda, Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) ibinyujije mu bigo biyishamikiyeho birimo NESA, REB, RTB, RP ifatanyije na MINALOC yatangiye gahunda yihariye y’ubugenzuzi buhuriweho bw’amashuri bugamije!-->!-->!-->…