Browsing Category
Ubuzima
Muhanga : Abamaze imyaka itatu bategereje ingurane z’ibyabo baratabaza.
Abaturage batuye mu cyanya cy’inganda cy’Akarere ka Muhanga, giherereye mu Murenge wa Nyamabuye, Akagari ka Gahogo, baratabaza nyuma y’uko bagenzi babo bimuwe bo basigara ari abaturanyi bazo ndetse abandi bagasa nkaho!-->!-->!-->…
Umusifuzi “Cucuri” wemerwaga mu Rwanda ari mu basifuzi basifuzi bahagaritswe
Komisiyo y’Imisifurire mu Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), yahagaritse ibyumweru bibiri umusifuzi Ishimwe Claude uzwi nka Cucuri na Mugabo Eric wahagaritswe ukwezi, kubera amakosa bakoze mu mukino wa Shampiyona Mukura!-->…
Uganda: Impanuka ikomeye yahitanye abagera kuri 63
Abantu 63 bapfuye naho abandi benshi bakomereka bikomeye mu mpanuka ikomeye y’imodoka yabereye mu ijoro ryo ku wa kabiri rishyira ku wa gatatu, mu gace ka Kitaleba Village, hafi y’ahazwi nka Asili Farm, ku muhanda wa Kampala–Gulu!-->!-->!-->…
Umugabo yishe umugore we amuziza indirimbo yari acuranze kuri telefone ye
Inkuru iteye agahinda yaturutse muri Zambia, aho umugabo bivugwa ko yishe umugore we nyuma y’amakimbirane yaturutse ku ndirimbo yari arimo kumva kuri telefone ye.
Amakuru ava mu baturanyi avuga ko umugore yari yicaye mu rugo!-->!-->!-->!-->!-->…
Umutoni Aline yariye karungu, yavuze ko agiye kurega KNC wihaye ibyo kumusebya
Umusifuzikazi mpuzamahanga Umutoni Aline agiye kurega Perezida w’ikipe ya Gasogi United, Kakooza Nkuliza Charles (KNC), kubera amagambo yamutangajeho.
Mu gitondo cyo ku wa Kabiri tariki 21 Ukwakira 2025 mu kiganiro cya Radio &!-->!-->!-->!-->!-->…
Nicholas Sarkozy yagejejwe aho agomba gufungirwa.
Bwana Nicholas Sarkozy wahoze ayobora igihugu cy'Ubufaransa, kuri uyu wa kabiri taliki ya 21 Ukwakira 2025 nibwo yerekejwe muri gereza ya LA SAINTE aho agomba kumara imyaka afungiye nyuma y'aho urukiko rumuhamije ibyaha.
Uyu mugabo!-->!-->!-->!-->!-->…
Abanyamahanga batatu batawe muri yombi bakekwaho gukubita abamotari
Polisis y’u Rwanda yatangaje ko yataye muri yombi abasore batatu b’abanyamahanga biga muri UNILAK bakubise bakanakomeretsa abamotari babiri.
Ni ubutumwa Polisi y’u Rwanda yanyujije kuri konti ya X mu ijoro ryo ku wa 21 Ukwakira 2025.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Amag The Black yagaragaje agahinda ke n’urwibutso ku rupfu rwa Ingabire Marie Immaculée.
Umuraperi Amag The Black yatangaje ko Ingabire Marie Immaculée, wahoze ayobora Transparency International Rwanda, yabaye umwe mu bakiliya be kuko yamuguzeho filigo mbere y’uko yitaba Imana.
Mu gihe Abanyarwanda bakomeje!-->!-->!-->!-->!-->…
Karongi: Yiyise komanda wa Polisi yaka ruswa abaturage
Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Karongi, yataye muri yombi umugabo w’imyaka 48 akurikiranyweho icyaha cyo kwiyitirira urwego rwa leta adahagarariye.
Byabereye mu Mudugudu wa Josi, Akagari ka Gitarama, Umurenge wa Bwishyura,!-->!-->!-->!-->!-->…
U Rwanda rwatanze umunya Somalia wari warahunze ubutabera bw’iwabo
Ku bufatanye na police mpuzamahanga, u Rwanda rwafashe runohereza umugabo wari warahunze ubutabera bwo muri Somaliya ku byaha bikomeye yari akurikiranyweho mu gihugu cye.
U Rwanda rwohereje Bwana Jama Abdi Mohamud, wahoze ari Umuyobozi!-->!-->!-->…
MUHANGA: Abayobora amakoperative n’abahugura abahinzi bahuguwe ku ikoreshwa
ry’ikoranabuhanga mu…
Ku wa Gatanu, tariki ya 17 Ukwakira 2025, abayobozi b’amakoperative n’abashinzwe guhugura abahinzi mu Karere ka Muhanga bahuguwe ku bijyanye na porogaramu yo guhugura abafashamyumvire izwi nka Training of Trainers (TOT), igamije!-->!-->!-->…
Minisitiri w’Intebe yasabye abasoje Kaminuza kwirinda ubusinzi n’ingeso mbi
Minisitiri w’Intebe, Dr. Justin Nsengiyumva, yasabye abanyeshuri basoje amasomo muri Kaminuza y’u Rwanda kwirinda ubusinzi, ubunebwe n’izindi ngeso mbi, ahubwo bakarangwa n’indangagaciro zibereye Umunyarwanda no gukoresha ubumenyi!-->!-->!-->…
Kitoko Bibarwa wamenyekanye cyane muri muzika agiye gutaha mu Rwanda
Nyuma y'imyaka 12 yibera mu Bwongereza, Umuhanzi Kitoko yabiciye bigakunda bigacika muri muzika nyarwanda, yatangaje ko agiye gutaha mu Rwanda.
Bwana Bibarwa Patrick wamenyekanye cyane mu ruhando rwa muzika nka KITOKO yatangaje ko nyuma!-->!-->!-->…
Bugesera: Habanabakuze n’umwana we bahitanywe n’inyama y’inkoko yipfishije bariye
Mu Karere ka Bugesera, mu murenge wa Ntarama haravugwa inkuru y'umuryango w'abantu batandatu bariye inyama y'inkoko yipfishije maze babiri muri bo bagapfa.
Mu murenge wa Ntarama ubarizwa mu Karere ka Bugesera, haravugwa inkuru!-->!-->!-->!-->!-->…
Nairobi: Abantu batatu bishwe barashwe kuri stade mu muhango wo kureba umurambo wa Raila Odinga
Abantu batatu biciwe muri stade yo mu murwa mukuru Nairobi ubwo abashinzwe umutekano barasaga amasasu bakanatera ibyuka biryana mu maso aho umurambo wa Raila Odinga wari washyizwe ngo bawurebe, nk'uko umuryango uharanira uburenganzira bwa!-->…