Browsing Category
Ubuzima
U Rwanda rwatangiye kwakira abimukira birukanywe muri Amerika
Yolande Makolo uvugira Leta y'u Rwanda
Nyuma y'amasezerano n'ubwumvikane ku mapnde zombi, Leta y'u Rwanda yatangiye kwakira abimukira birukanywe muri Leta Zunze ubumwe za Amerika.
Kuri uyu wa kane taliki ya 28 Kanama 2025, ku kibuga!-->!-->!-->!-->!-->…
France: Umujyi wa Orleans wanze ko Zigiranyirazo ushinjwa Genocide ashyingurwa muri uwo mujyi
Umujyi wa Orlean wo mu gihugu cy'Ubufaransa wanze ko umubiri wa Bwana Protais Zigiranyirazo ushyingurwa ku butaka bwo muri uwo mujyi mu gihe Leta y'icyo gihugu yari yabyemeye.
Protais Zigiranyirazo yapfiriye muri Niger ku wa 3!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Tuyishime w’imyaka 25 na Se umubyara bombi bakurikiranyweho gusambanya abakobwa…
Umusore witwa Tuyishime uri mu kigero cy'imyaka 25 y'amavuko, hamwe na se witwa Claver ufite imyaka 65 barakekwaho gusambanya abana b'abakobwa babacururizaga amandazi.
Mu Karere ka Nyanza, haravugwa inkuru y'umugabo witwa Claver uri!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida Kagame yaganirije abofisiye 6000 basoje amasomo ya gisirikare
Kuri uyu wa Mbere tariki ya 25 Kanama 2025, Perezida wa Repubulika akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda (RDF) yaganirije abofisiye n’abafite andi mapeti basaga 6000 baturutse muri RDF, muri Polisi y’u Rwanda no mu Rwego!-->…
MTN Rwanda yongeye icibwa miliyoni 30 Frw kubera serivisi mbi
Urwego rw’Igihugu rugenzura imirimo imwe n’imwe ifitiye igihugu akamaro, RURA, rwasobanuye ko Sosiyete y’Itumanaho ya MTN yamaze gukemura ikibazo cyari cyabayeho kigatuma ihanwa, aho yishyuye amande ya miliyoni 30 Frw mu gihe cy’iminsi!-->!-->!-->…
Miliyari 2 n’igice z’amadorari zatumye Jay-Z aba umuhanzi wa mbere ukize kuruta abandi
Umuraperi w’Umunyamerika uri mu bakunzwe ku Isi Jay-Z yatangajwe nk’umuhanzi wa mbere ukize ku Isi, nk’uko byagaragajwe n’urutonde rwakozwe n’ikinyamakuru cya Forbes rugaragaraho abaherwe n’uburyo babonamo umutungo wabo nkuko icyo!-->!-->!-->…
Burera: Umwana w’imyaka 14 n’umusaza w’imyaka 67 baraye bakubiswe barapfa
Mu Karere ka Burera haravugwa inkuru y'abaturage babiri harimo n'umwana baraye bakubiswe n'inkuba barapfa.
Abantu babiri baraye bakubiswe n'inkuba ku mugoroba wo kuri iki cyumweru taliki ya 17 Kanama 2025. Umwe muri abo babiri, yari!-->!-->!-->…
Ambasaderi Aissa Kacyira uherutse kwitaba Imana azasezerwaho ejo
Ku wa 19 Kanama 2025 hateganyijwe umuhango wo gushyingura Ambasaderi Dr. Aissa Kirabo Kacyira wahoze ari Umuyobozi w’ibiro by’Umuryango w’Abibumbye bishinzwe gushyigikira ubutumwa bw’amahoro muri Somalia (UNSOS).
Umuryango wa!-->!-->!-->!-->!-->…
Kayonza: Umusaza w’imyaka 70 arakekwaho gusambanya umwuzukuru we w’imyaka 8
Mu Karere ka Kayonza haravugwa inkuru y'umusaza w'imyaka 70 y'amavuko ukekwaho gusambanya umwuzukuru we ufite imyaka umunani nyuma akaza gutoroka.
Amakuru y'isambanywa ry'uyu mwana w'umukobwa uri mu kigero cy'imyaka 8 bigakorwa na!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyamasheke: Umwana w’imyaka 13 yiyahuye atinya inkoni za se
Umwana w’imyaka 13 wigaga mu mwaka wa 4 w’amashuri abanza ku Ishuri Ribanza rya Cyangabo riherereye mu Murenge wa Kirimbi, Akarere ka Nyamasheke, yasanzwe yapfuye yimanitse bikekwa ko yihahuye atinya inkoni za se.
Uwo mwana!-->!-->!-->!-->!-->…
Abagorwaga no kuvuga ikinyarwanda, batashye bazi kukivuga.
Urubyiruko rw’Abanyarwanda biga mu mahanga barashimira Leta y’u Rwanda yagaruye Itorero, cyane cyane iry’Indangamirwa, kuko rihuriza hamwe abiga mu Rwanda n’abiga mu mahanga rikabafasha byinshi birimo kongera kumenya no kuvuga ururimi!-->!-->!-->…
Kirehe: Hashyizweho gahunda nshya igamije kwegera umuturage no kumukemurira ibibazo
Mu rwego rwo kurushaho gukemura ibibazo by’abaturage mu buryo bwihuse babasanze aho batuye, ku wa kabiri tariki ya 12 Kanama 2025, ubuyobozi bw’Akarere ka Kirehe bwatangije gahunda nshya yiswe “Shyashyanira Umuturage”, izamara hafi!-->!-->!-->…
Gisagara: Gitifu wari warigaruriye urukundo n’imitima y’abaturage yitabye Imana
Bwana Nsanzimana Theogene wari umunyamabanga nshingwabikorwa w'Umurenge wa Kansi yitabye Imana, bishengura imitima y'abatari bake harimo n'abo yayoboye ndete n'abakozi bakoranaga.
Amakuru y'urupfu rwa Bwana Nsanzimana Theogene!-->!-->!-->!-->!-->…
Dr. Aisa Kirabo Kacyira yitabye Imana ku myaka 61
Dr Aisa Kirabo Kacyira wari Umuyobozi w’Ibiro by’Umuryango w’Abibumbye bitanga Ubufasha yitabye Imana azize uburwayi amaranye imyaka myinshi, akaba atabarutse yari afite imya 61.
Uyu mubyeyi yakoze imirimo inyuranye mu Rwanda irimo!-->!-->!-->!-->!-->…
”Urubyiruko ni mwe bayobozi beza b’ejo hazaza” Jenerali Muganga.
Umugaba Mukuru w'ingabo z'u Rwanda(RDF) , Jenerali Mubarakh Muganga, yasuye urubyiruko ruri mu itorero Indangamirwa icyiciro cya 15 mu kigo cy'ubutore cya Nkumba mu Karere ka Burera, anabasaba kwishakamo ibisubizo kw'Abanyafurika.
!-->!-->!-->!-->!-->…