Browsing Category
Ubuzima
U Bwongereza: Umugabo yitwikiye inzu ku bushake kugira ngo abone abazimya umuriro
Mu Bwongereza, umugabo ukunda bikabije abashinzwe kuzimya inkongi z’umuriro, yahanishijwe n’urukiko gufungwa imyaka ibiri, nyuma y’uko we yiyemereye ko yitwikiye inzu ku bushake, akabikora inshuro ebyiri zitandukanye mu ijoro rimwe,!-->!-->!-->…
Kiliziya Gatolika muri Amerika irashinja Perezida Trump kunnyenga imyemerere yabo
Nyuma y'aho hagiye hanze amashusho ya Perezida Donald Trump yambaye ka Papa wa kiliziya Gatolika, kiliziya yo mu gihugu cye iravuga ko bitari ikwiriye gukina n'ukwemera kw'abantu.
Inama nkuru ya Kiliziya Gatolika ya New York muri!-->!-->!-->!-->!-->…
Amakuru mashya kuri Vestine wo mu itsinda rya “Vestine&Dorcas”
Umuhanzi w'indirimbo zo guhimbaza Imana Vestine ubarizwa mu itsinda rya "Vestine&Dorcas" arimo mwene nyina yashyize hanze italiki y'ubukwe n'umusore yahaye umutima we bya burundu.
Uyu mukobwa uherutse gusezerana imbere y'amategeko!-->!-->!-->…
Prof Ngabitsinze yatorewe kuyobora Ikigo gikomeye ku rwego rwa Africa
Prof Ngabitsinze Jean Chrisostome yatorewe kuyobora Ikigo cy’Umuryango wa Afurika yunze Ubumwe gishinzwe kurwanya no gukumira ibiza kuri uyu wa 29 Mata 2025.
Ni amatora yakorewe i Kigali. mu nama y’icyo kigo irimo ihabera ku nshuto ya!-->!-->!-->…
Meddy n’umugore we bibarutse ubuheta
Meddy uri mu bahanzi bamaze kubaka izina mu Rwanda no hanze yarwo, yagaragaje ko we n’umugore we Mimi Mehfira bibarutse umwana w’umuhungu.
Meddy abinyujije ku rubuga rwa Instagram yagaragaje ko uyu mwana bamwise Zayn M Ngabo. Avuga!-->!-->!-->!-->!-->…
Bugesera: Iminsi 3 irihiritse nta gakuru k’abantu barohamye mu mazi y’igishanga…
Hari abaturage bo mu Karere ka Bugesera baratabariza abaturage batatu bari mu bwato bw'ibiti buherutse kurohama mu gishanga cy'Akanyaru.
Hari amakuru abaturage batanze guhera kuri uyu wa gatatu taliki ya 23 Mata 2025 avuga ko hari!-->!-->!-->…
Abanyamakuru batangaza inkuru z’ibihuha bagiye guhagurikirwa
Abadepite mu inteko ishingamategeko mu Rwanda basabye RMC kwihangangiriza no guhagurukira ikibazo cya bamwe mu banyamakuru bakora inkuru z'ibihuha zirimo n'izibangamira ubumwe n'ubwiyunge.
Abadepite bagize komisiyo y’Ubumwe!-->!-->!-->…
Nyamasheke: Yiyahuye kubera ko nyina yahoraga amubwira ko ari mukeba we
Umukobwa w’imyaka 22 wo mu Murenge wa Bushekeli mu karere ka Nyamasheke yasanzwe ku nkombe z’umugezi wa Kamiranzovu yapfuye, hakekwa ko yiyahuye kubera ko nyina yamwitaga mukeba we.
Byabereye mu Mudugudu wa Kalambi Akagari ka Mpumbu,!-->!-->!-->…
Rulindo: Ukuri ku mwana w’imyaka 9 wishe mugenzi we w’imyaka 3 akoresheje isuka
Ku mugoroba wo kuri uyu wa gatatu taliki ya 23 Mata nibwo mu Karere ka Rulindo, umurenge wa Tumba, mu kagali ka Nyabirori ho mu mudugudu wa Bukinga hamenyekanye inkuru y'umwana w'umukobwa witwa Uwayisaba Angelique ufite imyaka icyenda!-->…
Huye: Ni iki Urukiko rwanzuye kuri Bigwi wahoze ari Gitifu wa Mugombwa?
Urukiko rwisumbuye rwa Huye rwanzuye ko Bwana Bigwi wahoze ari umunyabanga nshingwabikorwa w'umurenge wa Mugombwa afungwa imyaka irindwi.
Urukiko Rwisumbuye rwa Huye, rwakatiye igifungo cy’imyaka irindwi, uwari Umunyamabanga!-->!-->!-->…
Minisitiri Dr Bizimana yavuze kuri murumuna we wishwe muri Jenoside
Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu (MINUBUMWE), Dr Bizimana Jean Damascene yavuze ko murumuna we wo kwa sewabo yiciwe i Nyamagabe mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, nyuma y’aho nyina yari!-->…
Ni iki Perezida Neva yibukiraho Papa Francis witabye Imana?
Mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere nibwo inkuru y'incamugongo yatashye mu mitima no mu matwi y'abayoboke ba kiliziya gatolika ku isi, inkuru yavugaga ko nyir'ubutungane umushumba wa kiliziya Gatolika ku isi yitabye Imana.
Ni itangazo!-->!-->!-->!-->!-->…
Kilimobenecyo wahanze Ibendera, Amafaranga n’Ikirangantego by’u Rwanda yitabye Imana
Kilimobenecyo Alphonse, umwe mu banyabugeni b’abahanga u Rwanda rwagize mu mateka, wahanze bimwe mu birango by’Igihugu bikoreshwa kugeza ubu, birimo Ibendera ry’Igihugu, Ikirangantego, Inote z’Amafaranga zimwe na zimwe n’ibiceri!-->!-->!-->…
John Legend uherutse mu Rwanda yasabye amahanga kwigira kuri Jenoside yakorewe Abatutsi
Umuhanzi w’icyamamare mu njyana ya R&B akaba na Producer, John Legend yasabye amahanga kwigira kuri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Mu mashusho yashyizwe ku rukuta rwa X (tweeter) rw’Urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali (Kigali!-->!-->!-->!-->!-->…
Gasabo-Rusororo: Hon. Senateri Nyirasafari yasabye kugira ubutwari bwo gutanga amakuru ku hari…
Hon. Senateri Nyirasafari Esperance, yasabye abaturage bashobora kuba bafite amakuru y'abazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 kugira ubutwari bwo kuyatanga hakerekanwa ahakiri imibiri igashyingurwa mu cyubahiro.
Ibi Hon.!-->!-->!-->!-->!-->…