Browsing Category
Ubuzima
Nyamashejke: Ikamyo yari itwaye amavuta yo guteka yahiriye mu nzira
Imodoka y’ikamyo ya rukururana RAD 923/RL 2071 yavaga mu Bugesera yerekeza mu mujyi wa Rusizi itwaye amajerikani 2100 by’amavuta y’ubuto yo guteka, itwawe na Ndahimana Elam w’imyaka 59 yahiriye mu Karere ka Nyamasheke irakongoka.
Umwe!-->!-->!-->…
Kicukiro: Habaye impanuka yatwaye ubuzima bw’umunyegare
Mu rukerera rwo kuri uyu wa gatatu taliki ya 3 Mata 2025 ahagana saa kumi n'imwe z'igitondo, mu Karere ka Kicukiro, mu Murenge wa Gahanga, habereye impanuka ya moto yagonze umugabo witwa Ngiruwonsanga wari utwaye igare ahsaiga ubuzima.!-->!-->!-->…
Myanmar: Abarenga 1000 bahitanywe n’umutingito
Abantu barenga 1,000 bapfuye muri Myanmar naho abandi babarirwa mu bihumbi barakomereka, nyuma yuko umutingito w'isi wo ku gipimo cya 7.7 wibasiye iki gihugu cyo muri Aziya y'amajyepfo ashyira uburasirazuba no mu bihugu bituranye na cyo.
!-->!-->…
Ni iyihe mpamvu Ububiligi bukataje mu gupfobya genocide yakorewe Abatutsi?
“Mu bigaragara, virusi y’ubuhakanyi ikwirakwizwa n’abayobozi ba Congo n’abambari babo bo muri Belgique ikomeje gukwirakwira ku muvuduko wo hejuru mu Bwami bwa Léopold! (u Bubiligi)…”
Ubwo butumwa bwatanzwe na Minisitiri!-->!-->!-->!-->!-->…
U Rwanda rwihanganishije imiryango y’Abanya Koreya y’Epfo batikiriye mu nkongi…
Leta y'u Rwanda yihanganishije guverinoma ya Koreya y'Epfo kubera inkongi y'umuriro yapfiriyemo abaturage bayo batari bake
Guverinoma y’u Rwanda, binyuze muri Ambasade y’u Rwanda muri Koreya y’Epfo, yihanganishije imiryango n’inshuti!-->!-->!-->…
Rusizi: Umukobwa w’imyaka 24 yishwe n’umuriro ubwo yari agiye gucomokora radio
Umuhoza Ernestine w’imyaka 24, wo mu Mudugudu wa Murindi, Akagari ka Nyenji, Umurenge wa Nzahaha, Akarere ka Rusizi yagiye gucomokora radiyo yari icometse mu cyumba araramo afata aho uwo mugozi washishutse afatwa n’umuriro w’amashanyarazi!-->…
Ni iki cyakurikiyeho nyuma y’aho Perezida Kagame yemereye Dj Ira ubwenegihugu?
Kuri uyu wa Kabiri, abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze, Dj Ira yagaragaje ko yatangiye urugendo rwo kuzuza ibisabwa kugira ngo abone ubwenegihugu bw’u Rwanda.
DJ Ira, yavuze ko ku wa Mbere tariki 17 Werurwe 2025, hataruzura!-->!-->!-->!-->!-->…
Miggy wumvikanye yigize umu kimisiyoneri wa Kiyovu Sport yahagaritswe mu kazi
Kuri uyu wa Kabiri ,ikipe ya Muhazi United yahagaritse umutoza wayo wungirije Mugiraneza Jean Baptiste Miggy nyuma yo kumvikana asaba umukinnyi wa Musanze FC kwitsindisha ashakira Kiyovu Sports itsinzi.
Mu kiganiro yagiranye na Kigali!-->!-->!-->…
Nyagatare: Inzobere z’abaganga mu Ngabo na Polisi by’u Rwanda batangiye kuvura abaturage
Abatuye mu Karere ka Nyagatare, bavuga ko bashimishijwe cyane n’uko inzobere z’abaganga bo mu Ngabo na Polisi by’u Rwanda, batangiye kubaha serivisi zo kuvura indwara zitandukanye muri aka Karere, muri gahunda y’ibikorwa by’inzego!-->…
Rusizi: Ingurube yari isanzwe ikoreshwa mu kubangurira izindi yarumye umuntu bikomeye
Ngendakumana Marie w’imyaka 37 utuye mu Mudugudu wa Banamba, Akagari ka Rasano, Umurenge wa Bweyeye, Akarere ka Rusizi ararembye nyuma yo kurumwa n’ingurube y’igipfizi y’uwitwa Nsengimana Céléstin yari avanye aho yari yayijyanye!-->…
Muhanga: Yagwiriwe n’ubwanikiro bw’ibigori yarindaga arapfa
Asifiwe Emmanuel wo mu kigero cy’imyaka 16 y’amavuko yagwiriwe n’ubwanikiro bw’ibiti bwarimo ibigori ubwo yari abiraririye arapfa, mu Kagali ka Makera, Umurenge wa Cyeza mu Karere ka Muhanga.
Amakuru aturuka mu batuye ako Kagari ka!-->!-->!-->…
Umurundikazi uba mu Rwanda yasabye Kagame ubwenegihugu bw’u Rwanda
Umurundikazi uzwi nka Dj Ira yasabye perezida Paul Kagame ubwenegihugu bw'u Rwanda arabuhabwa
Ubwo Perezida wa Repubulika Paul Kagame yari arimo aganira n'Abanyarwanda kuri iki cyumweru taliki ya 16 Werurwe 2024, umwe mu bakobwa bazwi!-->!-->!-->…
Nyanza: Abafite alimentation n’abacuruza inyama barataka igihombo baterwa n’ibura…
Bamwe mu bacuruzi bacururiza mu mujyi wa Nyanza, baravuga ko baterwa igihombo n'ibura ry'umuriro bya hato na hato.
Abacuruzi bafite za Alimentation ndetse n'abafite za Boucherie mu mujyi wa Nyanza uherereye mu Karere ka Nyanza!-->!-->!-->!-->!-->…
Amarangamutima y’Abanyamujyi nyuma yo kumenya ko bazasurwa na Perezida muri Wikendi
Ibiro by'umukuru w'igihugu n'umujyi wa Kigali bimaze kwemeza ko Perezida wa Repubulika Paul Kagame azaganiriza abatuye umujyi wa Kigali muri wikendi.
Kuri uyu wa gatandatu taliki ya 15 Werurwe 2025, biteganijwe ko perezida wa!-->!-->!-->!-->!-->…
Hasobanuwe impamvu amaturo n’ibyacumi agomba kuzajya anyuzwa kuri banki
Umuyobozi Mukuru w’Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere, RGB, Dr. Doris Uwicyeza Picard, yatangaje ko imiryango ishingiye ku myemerere yategetswe kujya inyuza amafaranga yose yinjije kuri konti cyangwa kwishyurana hakoreshejwe ikoranabuhanga!-->…