Browsing Category
Umutekano
Muhanga: Ndizihiwe yasanze mugenzi we mu kabari amutera icyuma nawe arahunga
Umugabo witwa Ndizihiwe yateye icyuma mugenzi we amusanze mu kabari nyuma nawe aza kuburirwa irengero, biravugwa ko bapfuye amafaranga yagurije mugenzi we nyuma nawe akanga kumwishyura.
Mu Karere ka Muhanga, mu murenge wa Nyamabuye,…
Rusizi: Umuforomo akurikiranweho gufata ku ngufu umunyeshuri wari ugiye kwivuza
Umuforomo w’imyaka 29 wo mu Karere ka Rusizi yatawe muri yombi n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, akurikiranweho gukoresha imibonano mpuzabitsina ku gahato umukobwa w’imyaka 19 wari uje kwisuzumisha ku Kigo Nderabuzima cya…
Comoros: Umugabo uherutse gutera icyuma Perezida yapfiriye muri gereza
Umugabo watawe muri yombi ku wa gatanu kubera kugaba igitero kuri perezida w'ibirwa bya Comores akoresheje icyuma yasanzwe muri gereza yapfuye, nkuko abategetsi baho babivuga.
Icyo gitero cyabereye mu muhango wo gushyingura umukuru…
Karongi: RIB yataye muri yombi umugore wavugaga ko azica uruhinja rwe rw’amezi 3 aruziza ko…
Muhoza Clémentine w’imyaka 20 wo mu Mudugudu wa Kivuruga, Akagari ka Nyamiringa, Umurenge wa Gitesi mu Karere ka Karongi yatawe muri yombi amaze guhondagura uruhinja rwe rw’amezi 3 aruziza ko ngo uwo barubyaranye yamututse, akaba…
Rusizi: Wa mwalimu washinjwaga ubusambanyi n’abakobwa yigisha yatawe muri yombi
Umwarimu wigishaga mu Rwunge rw’amashuri rwa Murira (GS Murira) rwo mu karere ka Rusizi, yatawe muri yombi akurikiranyweho gusambanya abakobwa bane yigishaga akaza kubatera inda.
Uyu mwarimu yigishaga kuri iri shuri riherereye mu…
Siriya: Israel yarashe ibisasu byinshi 18 bahasiga ubuzima.
Mu rukerera rwo kuri uyu wa Mbere taliki ya 9 Nzeli 2024, ingabo z'igihugu cya Israel zarashe ibisasu byinshi muri Siriya byahitanye abantu 18.
Minisitiri w’Ubuzima muri Siriya, Hassan al-Ghabbash, yatagaje ko uretse abapfuye,…
Tanzania: Perezida Suluhu yasabye ko hakorwa iperereza ku rupfu rwa Ali Kibao utavugaga rumwe…
Perezida Samia Suluhu wa Tanzania yategetse ko hakorwa iperereza ku iyicwa ry’umwe mu batavugarumwe n’ubutegetsi bakomeye muri Tanzania.
Mohamed Ali Kibao, wari mu bunyamabanga bw’ishyaka Chadema, byatangajwe ko yaburiwe irengero ku…
Gicumbi: Umugeni yakubise ishoka umugabo we bapfuye impano bahawe ku munsi w’ubukwe
Umugore wo mu Karere ka Gicumbi aravugwaho gukubita ishoka umugabo we amuziza gushaka ko bagira ibyo bagurisha mu mpano bari bahawe ku munsi w'ubukwe bwabo.
Mu Karere ka Gicumbi, mu Murenge wa Nyankenke haravugwa amakuru y'umugore…
Rusizi: RIB yataye muri yombi 2 barakekwaho kugira uruhare mu rupfu rwa Murekatete
Bizimana François w’imyaka 44 na Ngabitsinze Callixte w’imyaka 25, batawe muri yombi n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) nyuma y’urupfu rwa Murekatete Denyse w’imyaka 38 wapfuye nyuma yo kwinjira mu isanteri y’ubucuruzi avuga ko…
Gasabo: Abagizi ba nabi batwitse inzu na Lisansi hagwamo umuntu
Umujyi wa Kigali AKarere ka Gasabo, mu Murenge Ndera, abagizi ba nabi bataramenyekana, batwitse inzu ya RUTABAYIRO Francois w’imyaka 71, irashya irakongoka nawe apfiramo.
Ibi byabaye kuri uyu wa Mbere tariki ya 2 Nzeri 2024, mu…
RIB yafashe batandatu bakekwaho kwiba ibicuruzwa by’arenga miliyoni 20.
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwafashe abagabo batandatu bakekwaho kwiba abacuruzi batandukanye runagaruza ibicuruzwa bifite agaciro k’amafaranga y’u Rwanda miliyoni 20,740,000.
Ibicuruzwa byagarujwe bigasubizwa ba nyirabyo…
Umusirakare wa FARDC yarashe urufaya rw’amasasu ku butaka bw’u Rwanda
(Photo archive)
Mu masaha ya saa sita zo kuri uyu wa kane, umusirikare bikekwa ko ari uwa FARDC ubwo yari mu butaka bugize urubibi bwa Congo n’u Rwanda yarashe amasasu menshi yerekeza mu Rwanda.
Aya masasu yarashwe agana ku ruhande…
Gen. Maj. Nkubito yasabye abikorera b’i Rubavu kudakangwa na FDLR
Umuyobozi wa Diviziyo ya gatatu y’ingabo z’u Rwanda ikorera mu ntara y’Iburengerazuba, Gen. Maj. Nkubito Eugène, yasabye abikorera kudakangwa n’ibikangisho by’umutwe witwaje intwaro wa FDLR umaze imyaka myinshi uhigira gutera u Rwanda…
Nyamasheke: Bizimungu w’imyaka 75 yongeye gufatanwa udupfunyika tw’urumogi
Bizimungu Vianney w’imyaka 75, wo mu Mudugudu wa Kirehe, Akagari ka Murambi, Umurenge wa Cyato, Akarere ka Nyamasheke, afungiye kuri sitasiyo ya RIB ya Kanjongo nyuma yo kongera gufatanwa urumogi kuko yari yarigeze gufungirwa…
Gatsibo: Yatawe muri WC ari muzima azira kwiba umusore bari bararanye
Mu Karere ka Gatsibo haravugwa amakuru y'umugore bivugwa ko asanzwe akora umwuga w'uburaya aherutse kujugunywa muri WC nyuma yo gukekwaho kwiba amafaranga na telefoni by'umusore wari wamuraranye.
Mu Karere ka Gatsibo mu murenge wa…