Browsing Category
Umutekano
Gicumbi: Umugeni yakubise ishoka umugabo we bapfuye impano bahawe ku munsi w’ubukwe
Umugore wo mu Karere ka Gicumbi aravugwaho gukubita ishoka umugabo we amuziza gushaka ko bagira ibyo bagurisha mu mpano bari bahawe ku munsi w'ubukwe bwabo.
Mu Karere ka Gicumbi, mu Murenge wa Nyankenke haravugwa amakuru y'umugore!-->!-->!-->!-->!-->…
Rusizi: RIB yataye muri yombi 2 barakekwaho kugira uruhare mu rupfu rwa Murekatete
Bizimana François w’imyaka 44 na Ngabitsinze Callixte w’imyaka 25, batawe muri yombi n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) nyuma y’urupfu rwa Murekatete Denyse w’imyaka 38 wapfuye nyuma yo kwinjira mu isanteri y’ubucuruzi avuga ko!-->!-->!-->…
Gasabo: Abagizi ba nabi batwitse inzu na Lisansi hagwamo umuntu
Umujyi wa Kigali AKarere ka Gasabo, mu Murenge Ndera, abagizi ba nabi bataramenyekana, batwitse inzu ya RUTABAYIRO Francois w’imyaka 71, irashya irakongoka nawe apfiramo.
Ibi byabaye kuri uyu wa Mbere tariki ya 2 Nzeri 2024, mu!-->!-->!-->…
RIB yafashe batandatu bakekwaho kwiba ibicuruzwa by’arenga miliyoni 20.
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwafashe abagabo batandatu bakekwaho kwiba abacuruzi batandukanye runagaruza ibicuruzwa bifite agaciro k’amafaranga y’u Rwanda miliyoni 20,740,000.
Ibicuruzwa byagarujwe bigasubizwa ba nyirabyo!-->!-->!-->…
Umusirakare wa FARDC yarashe urufaya rw’amasasu ku butaka bw’u Rwanda
(Photo archive)
Mu masaha ya saa sita zo kuri uyu wa kane, umusirikare bikekwa ko ari uwa FARDC ubwo yari mu butaka bugize urubibi bwa Congo n’u Rwanda yarashe amasasu menshi yerekeza mu Rwanda.
Aya masasu yarashwe agana ku ruhande!-->!-->!-->!-->!-->…
Gen. Maj. Nkubito yasabye abikorera b’i Rubavu kudakangwa na FDLR
Umuyobozi wa Diviziyo ya gatatu y’ingabo z’u Rwanda ikorera mu ntara y’Iburengerazuba, Gen. Maj. Nkubito Eugène, yasabye abikorera kudakangwa n’ibikangisho by’umutwe witwaje intwaro wa FDLR umaze imyaka myinshi uhigira gutera u Rwanda!-->!-->!-->…
Nyamasheke: Bizimungu w’imyaka 75 yongeye gufatanwa udupfunyika tw’urumogi
Bizimungu Vianney w’imyaka 75, wo mu Mudugudu wa Kirehe, Akagari ka Murambi, Umurenge wa Cyato, Akarere ka Nyamasheke, afungiye kuri sitasiyo ya RIB ya Kanjongo nyuma yo kongera gufatanwa urumogi kuko yari yarigeze gufungirwa!-->!-->!-->…
Gatsibo: Yatawe muri WC ari muzima azira kwiba umusore bari bararanye
Mu Karere ka Gatsibo haravugwa amakuru y'umugore bivugwa ko asanzwe akora umwuga w'uburaya aherutse kujugunywa muri WC nyuma yo gukekwaho kwiba amafaranga na telefoni by'umusore wari wamuraranye.
Mu Karere ka Gatsibo mu murenge wa!-->!-->!-->!-->!-->…
Gicumbi: Batatu bafunzwe bakekwaho gusambanya no kwica umugore
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwafunze abagabo batatu bo mu karere ka Gicumbi bakekwaho gusambanya ku gahato umugore w’imyaka 46 y’amavuko barangiza bakamwica.
Amakuru y’itabwa muri yombi ry’aba bagabo yamenyekanye ku wa!-->!-->!-->!-->!-->…
Muhanga: Akurikiranyweho gusambanya umwana we ufite ubumuga bwo kutumva no kutavuga
Umugabo uri mu kigero cy’imyaka 44 wo mu Murenge wa Mushishiro, Akarere ka Muhanga, arakekwaho gusambanya umwana we w’umukobwa uri mu kigero cy’imyaka 24, akaba afite ubumuga bwo kutumva no kutavuga.
Umunyamabanga Nshingwabikorwa!-->!-->!-->…
Nyanza: Bwana Sibomana yafatiwe mu cyuho ari kwiba imyenda y’abarimu bari gukosora
Umusore witwa Sibomana Emmanuel yafatiwe mu cyuho mu gitondo cya kare ari kwiba imyenda y'abarimu bari mu gikorwa cyo gukosora ibizamini bya Leta.
Mu Karere ka Nyanza, mu murenge wa Busasamana haravugwa inkuru y'umusore witwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Muhanga: Umusore wakoraga muri Hotel Saint Andre yishwe n’abataramenyekana.
Mu Karere ka Muhanga haravugwa urupfu rw'umusore witwa Nsabimana Emmanuel uri mu kigero cy'imyaka 30 y'amavuko, uyu musore wari usanzwe akorera Hotel Saint Andre yo mu mujyi wa Muhanga abamwishe bakaba bataramenyekana.
Uyu musore!-->!-->!-->!-->!-->…
Gicumbi: Batawe muri yombi nyuma yo kwica uwo bashinjaga kubarogera umubyeyi
Abasore babiri bakiri bato batawe muri yombi bazira gutera icyuma ndetse bakica umugore bashinjaga kubarogera umubyeyi bikamutera kurwara.
Ibi byabaye ku mugoroba wo ku itariki ya 12 Kanama 2024, aho Mushimiyimana Alias Rukara!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyamasheke: Abataramenyekana bishe umukuru w’umudugudu
Kamashabi Eraste w’imyaka 67 wari Umukuru w’Umudugudu wa Mburabuturo, Akagari ka Gitwe, Umurenge wa Karambi, Akarere ka Nyamasheke, yasanzwe munsi y’ikiraro cya Ryamunyu mu mugezi wa Ryamunyu yapfuye, bikekwa ko yishwe.
Nyuma yo!-->!-->!-->!-->!-->…
Gicumbi: Umugabo yishe mugenzi we nyuma yo gusambanya umugore babanaga
Umugabo witwa Muhirwa uri mu kigero cy’imyaka 37, yatawe muri yombi nyuma yo gutera icyuma Ahorwabaye Emmanuel w’imyaka 53 ubwo aba bombi barwanaga.
Amakuru avuga ko Muhirwa yegereye Ahorwabaye akamubwira ko umugore babana mu nzu mu!-->!-->!-->!-->!-->…