Browsing Category
Umutekano
Karongi: Umukobwa wari ufite uburwayi bwo mu mutwe yasanzwe hafi y’umuhanda yapfuye
Umukobwa wo mu karere ka Karongi yasanzwe hafi y’umuhanda wa Kivu Belt yapfuye, hagakekwa ko yishwe n’abagizi ba nabi babanje kumusambanya.
Byabereye mu Mudugudu wa Kigabiro, Akagari ka Gisanze Umurenge wa Rubengera ahazwi nko ku!-->!-->!-->!-->!-->…
M23 yafashe mpiri abasirikare ba Afurika y’Epfo barindwi abandi irabica
Ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa zakubitiwe ahareba i Nzega mu mirwano yabaye ku munsi w’ejo ku wa kane kuko zakubiswe ahababaza n’inyeshamba z’umutwe wa M23 urwanya Leta ya Congo.
Ni imirwano yabereye ku!-->!-->!-->!-->!-->…
Gicumbi: Umurambo w’umusore wagaragaye mu murima
Mugisha w’imyaka 23 wavugwagaho urugomo no kwiba abaturage yasanzwe mu murima yapfuye, ndetse afite ibikomere, bigakekwa ko yaba yishwe.
Byabaye kuri uyu wa 24 Gicurasi 2024 mu mudugudu wa Kirara akagari ka Gasambya ho mu murenge wa!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Abataramenyekana bishe muzehe Hesironi
Mu gitondo cyo kuri iki cyumweru mu Karere ka Nyanza hazindukiye inkuru y'urupfu rw'umusaza witwa Hesironi Sesonga basanze munsi y'umukingo yakubiswe ikintu mu gahanga.
Amakuru y'urupfu rwa muzehe Hesiron yamenyekanye nyuma y'aho!-->!-->!-->!-->!-->…
Gatsibo: Ninde uzahoza amarira y’abaturage bahora batabaza ko babangamiwe n’ubujura…
Abaturage benshi bo mu Karere ka Gatsibo mu mirenge hafi ya yose yo muri ako Karere baravuga ko babangamiwe bikabije n'ubujura bukorwa ku manywa na ninjoro ariko ubuyobozi bugakomeza kubima amatwi.
Kimwe mu bintu bizwi u Rwanda!-->!-->!-->!-->!-->…
Hategekimana uherutse kwigamba kuba ariwe wishe Pastor Theogene yatawe muri yombi
Urwego rw'ubugenzacyaha mu Rwanda RIB rwatangaje ko rwataye muri yombi umugabo witwa Hategekimana Emmanuel uherutse kumvikana yigamba kuba ari mu bishe pasitoro Theogene wari ukunzwe mu Rwanda.
Benshi mu bakurikirana imbuga!-->!-->!-->!-->!-->…
Uwari warakatiwe n’inkiko gacaca agatoroka yafatiwe i Kigali yarihinduje amazina
Bwana Gasake Wellars wari warakatiwe n'inkiko gacaca ariko agatorokera mu gihugu cya Uganda yafatiwe i Kigali, bigaragara ko yakoreshaga andi amazina.
Kuri uyu wa gatatu taliki ya 15 Gicurasi 2024, inzego z'umutekano zifatanije!-->!-->!-->…
Bujumbura: Abantu 9 bakomerekeye mu gitero cyabereye ahahoze isoko rikuru
Abantu bagera ku icyenda nibo bakomerekeye mu gitero cy'iterabwoba cyabereye mu murwa mukuru w'u Burundi cyibasira ahahoze isoko rikuru rya Bujumbura.
Amakuru aturuka mu gihugu cy'U Burundi, aravuga ko abantu bagera ku icyenda aribo!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: Bahamijwe icyaha cyo guhunga urugamba bakatirwa urwo gupfa
Abasirikare umunani barimo n'umwe ufite ipete rya Colonel bakatiwe urwo gupfa n'urukiko rwa gisirikare nyuma yo guhamywa n'icyaha cyo guhunga urugamba izo ngabo zimaze igihe zihanganamo n'umutwe wa M23.
Urukiko rwa gisirikare rwo!-->!-->!-->!-->!-->…
Polisi yashyize umucyo kuri permis zizakorerwa ku modoka za ‘automatique’
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, ACP Boniface Rutikanga, yavuze ko impushya za burundu zo gutwara ibinyabiziga za ‘automatique’ zizajya ziba zifite ibimenyetso byihariye biziranga kugira ngo harebwe niba batwaye imodoka bafitiye!-->!-->!-->…
Muhanga: Abarimo abakobwa bibishaga imihoro batawe muri yombi
Mu mukwabu ukomeye wakozwe n’inzego z’umutekano ku bufatanye n’inzego z’ibanze n’abaturage, itsinda ry’amabandi yamburaga abaturage mu Mujyi wa Muhanga yitwaje imihoro ryatawe muri yombi.
Iri tsinda rigizwe n’urubyiruko rw’abahungu!-->!-->!-->!-->!-->…
Rutsiro: Abagizi ba nabi bateye urugo rw’umuturage baramwiba basiga banamutemye
Habumugisha Felicien usanzwe ucuruza amatungo magufi, yatewe n’abagizi ba nabi bataramenyekana bamusanze mu rugo rwe, baramutemagura bamugira intere ndetse bamwambura amafaranga y’u Rwanda 2,000,000.
Ibi byabaye mu ijoro ryo ku wa!-->!-->!-->!-->!-->…
Huye: Uwari uzwiho ubujura yasanzwe mu muhanda yapfuye
Mu Murenge wa Mukura mu Karere ka Huye, abaturage basanze umurambo w’umugabo uvugwaho kuba yari umujura, bagakeka ko ashobora kuba yishwe n’inkoni yakubiswe n’abantu batazwi.
Ibi byabereye mu Mudugudu wa Kabahona, mu Kagari ka Rango!-->!-->!-->!-->!-->…
Muhanga:Umujura yashatse gutema umupoli ahita amurasa
Intara y'Amajyepfo mu Karere ka Muhanga Ahagana saa kumi n’imwe n’iminota 20 zo kuri uyu mbere tariki 15 Mata 2024, Umupolisi ukorera muri aka Karere ka Muhanga, yarashe umugabo wari uvuye kwiba Inka y’umuturage, ahita apfa.
Byabereye!-->!-->!-->…
Abantu 6 barimo umwarimu bafungiwe kwica umubyeyi wasabaga indezo
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB, rwatangaje ko rufunze abantu bagera kuri batandatu barimo umwarimu, bose bakurikiranyweho icyaha cyo kwica umukobwa wasabaga indezo.
RIB ivuga ko aba bafunzwe tariki ya 27 Werurwe 2024,!-->!-->!-->!-->!-->…