Browsing Category
Uncategorized
Ibidasanzwe ku bafana bazitabira umukino w’Amavubi
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda FERWAFA ryatangaje ko abazitabira umukino uzahuza ikipe y’Igihugu Amavubi n’iya Benin, bazagira amahirwe ya tombola izavamo ibihembo binyuranye birimo icya miliyoni 1 Frw.
Aya mahirwe!-->!-->!-->!-->!-->…
Musanze: Umusore w’imyaka 22 yasanzwe mu mugozi yiyahuye
Umusore witwa Irakiza uri mu kigero cy’imyaka 22, wo mu Mudugudu wa Karambi, Akagari ka Bisoke, Umurenge wa Kinigi, Akarere ka Musanze, yasanzwe mu mugozi amanitse, bikekwa ko yiyahuye.
Inkuru y'urupfu rwa Irakoze rwamenyekanye ahagana!-->!-->!-->…
Karongi: Umusore w’imyaka 19 yatanze umwuka wa 400 agiye kwishyuza baramwica.
Izabayo Olivier w’imyaka 19 wari utuye mu Karere ka Karongi yatewe icyuma n’abagabo babiri bakora akazi ko kubaga barimo uw’imyaka 39 n’uw’imyaka 24, bimuviramo urupfu.
Byabereye mu Mudugudu wa Kagarama, Akagari ka Kibilizi Umurenge!-->!-->!-->!-->!-->…
Ikipe ya Mukura VS&L yabonye umufatanyabikorwa mushya.
Ikipe ya Mukura VS&L yasinyanye amasezerano y'ubufatanye na BK Insuranye aho iyi kipe izajya igira icyo ihabwa ku bwishingizi yagurushije.
Mu gitondo cyo kuri iki cyumweru taliki ya 31 Kanama 2025, ikipe yo mu Karere ka Huye!-->!-->!-->!-->!-->…
Dr. Shema Fabrice wari umukandida rukumbi, yashyikirijwe inkoni y’ubushumba
Dr. Shema Ngoga Fabrice, wahoze ari Perezida wa AS Kigali, ni we watorewe kuba Perezida wa 16 w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), mu gihe cy’imyaka ine iri imbere.
Yatowe kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 30!-->!-->!-->!-->!-->…
Gasabo: Abarangije imyuga muri Yego center Kabuga basabwe kurangwa n’ikinyabupfura
Mu Karere ka Gasabo umurenge wa Rusororo muri Yego Center kuri uyu wa Gatanu tariki ya 08 Kanama 2025 hatanzwe impamya bushobozi (Certificate ) ku barangije kwiga imyuga itandukanye irimo kudoda,gusuka,gutunganya ubwiza n'ibindi.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Leta zunze ubumwe za Amerika ntizizabarizwa muri UNESCO umwaka utaha
Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA) yatangaje ko yafashe icyemezo cyo kwivana mu bihugu by’abanyamuryango b’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Burezi, Ubumenyi n’Umuco (UNESCO), isobanura ko gukomeza gukorana n’uyu muryango!-->!-->!-->…
Menya umushinga w’u Rwanda uko rugiye kugira Pariki y’Igihugu y’Ibirwa
Umuyobozi Mukuru Wungirije w’Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere RDB, Juliana Kangeli Muganza, yatangaje ko u Rwanda ruteganya kugira Pariki y’Igihugu y’Ibirwa mu 2028.
Yabigarutseho kuri uyu wa 17 Kamena 2025, ubwo yaganiraga n’Abasenateri!-->!-->!-->…
Nyuma ya Grace room, amasengesho yo kwa Yezu Nyirimpuhwe mu Ruhango nayo yahagaritswe
Mu masaha y'ikigoroba yo kuri iki cyumweru taliki ya 18 Gicurasi 2025 nibwo Urwego rw'igihugu rw'imiyoborere RGB rwasohoye itangazo itangazo rivuga ko amasengesho ya buri kwezi na buri mwaka yari asanzwe abera mu Karere ka Ruhango!-->!-->!-->…
JUX, SOOLKING, REMA MU BEGUKANYE IBIHEMBO BYA HEADIES.
JUX, REMA NA SOOLKING BARI MU BAHANZI BENSHI BEGUKANYE IBIHEMBO BYA HEADIES.
Byari ku nshuro ya 17 ubwo hatangwaga ibihembo bya Headies, i Lagos muri Nijeriya, bikaba byabaye ibirori by'akataraboneka mu ijoro ryakeye, ari nabwo!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyamasheke: Yiyahuye kubera ko nyina yahoraga amubwira ko ari mukeba we
Umukobwa w’imyaka 22 wo mu Murenge wa Bushekeli mu karere ka Nyamasheke yasanzwe ku nkombe z’umugezi wa Kamiranzovu yapfuye, hakekwa ko yiyahuye kubera ko nyina yamwitaga mukeba we.
Byabereye mu Mudugudu wa Kalambi Akagari ka Mpumbu,!-->!-->!-->…
ED SHEERAN YAKOJEJE IBABA MURI WINO ASABA LETA Y’UBWONGEREZA GUTERA INKUNGA UMUZIKI…
Ed Sheeran yanditse ibaruwa ifunguye isaba ubuyobozi bw'igihugu gushora amafaranga mu muziki w'abenegihugu.
Nyuma y'aho bamwe mu bahanzi bakomeye mu Bwongereza bagaragarije ko umuziki wabo ukeneye gushorwamo akayabo, mu rwego rwo!-->!-->!-->!-->!-->…
AFC/M23 yikuye mu biganiro na DRC mu gihe habura amasaha make ngo bitangire
Umutwe wa AFC/M23 uratangaza ko kubera ibihano mpuzamahanga bikomeje gufatirwa abanyamuryango bayo, bitumye nta biganiro byashoboka ku mpande zombi.
AFC/M23 igaragaza ko ibihano mpuzamahanga bifatirwa abayobozi bakuru bayo, bigamije!-->!-->!-->…
Bugesera: Hari ba Gitifu b’utugari bahawe gasopo banihanangirizwa bikomeye
Ba gitifu b'Utugari n'ab'imidugudu bo mu mirenge ya Ntarama, Nyamata na Mayange bihanangirijwe mu buryo bukomeye cyane kuruhare rwabo mu guhishira abubaka mu kajagari basabwa kujya batanga amakuru ku myubakire ibera aho bayobora!-->!-->!-->…
Rusizi: Umusaza w’imyaka 55 yatawe muri yombi akekwaho gusambanya umukobwa w’imyaka 3
Mpakaniye Eugène w’imyaka 55, wo mu Mudugudu wa Mwiyando, Akagari ka Gashashi, Umurenge wa Karengera, mu Karere ka Nyamasheke, afungiye kuri sitasiyo ya RIB ya Kamembe mu karere ka Rusizi, akekwaho gusambanya umwana w’imyaka 3 n’amezi 4.
!-->!-->…