Browsing Category
Uncategorized
Dr. Shema Fabrice wari umukandida rukumbi, yashyikirijwe inkoni y’ubushumba
Dr. Shema Ngoga Fabrice, wahoze ari Perezida wa AS Kigali, ni we watorewe kuba Perezida wa 16 w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), mu gihe cy’imyaka ine iri imbere.
Yatowe kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 30!-->!-->!-->!-->!-->…
Gasabo: Abarangije imyuga muri Yego center Kabuga basabwe kurangwa n’ikinyabupfura
Mu Karere ka Gasabo umurenge wa Rusororo muri Yego Center kuri uyu wa Gatanu tariki ya 08 Kanama 2025 hatanzwe impamya bushobozi (Certificate ) ku barangije kwiga imyuga itandukanye irimo kudoda,gusuka,gutunganya ubwiza n'ibindi.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Leta zunze ubumwe za Amerika ntizizabarizwa muri UNESCO umwaka utaha
Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA) yatangaje ko yafashe icyemezo cyo kwivana mu bihugu by’abanyamuryango b’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Burezi, Ubumenyi n’Umuco (UNESCO), isobanura ko gukomeza gukorana n’uyu muryango!-->!-->!-->…
Menya umushinga w’u Rwanda uko rugiye kugira Pariki y’Igihugu y’Ibirwa
Umuyobozi Mukuru Wungirije w’Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere RDB, Juliana Kangeli Muganza, yatangaje ko u Rwanda ruteganya kugira Pariki y’Igihugu y’Ibirwa mu 2028.
Yabigarutseho kuri uyu wa 17 Kamena 2025, ubwo yaganiraga n’Abasenateri!-->!-->!-->…
Nyuma ya Grace room, amasengesho yo kwa Yezu Nyirimpuhwe mu Ruhango nayo yahagaritswe
Mu masaha y'ikigoroba yo kuri iki cyumweru taliki ya 18 Gicurasi 2025 nibwo Urwego rw'igihugu rw'imiyoborere RGB rwasohoye itangazo itangazo rivuga ko amasengesho ya buri kwezi na buri mwaka yari asanzwe abera mu Karere ka Ruhango!-->!-->!-->…
JUX, SOOLKING, REMA MU BEGUKANYE IBIHEMBO BYA HEADIES.
JUX, REMA NA SOOLKING BARI MU BAHANZI BENSHI BEGUKANYE IBIHEMBO BYA HEADIES.
Byari ku nshuro ya 17 ubwo hatangwaga ibihembo bya Headies, i Lagos muri Nijeriya, bikaba byabaye ibirori by'akataraboneka mu ijoro ryakeye, ari nabwo!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyamasheke: Yiyahuye kubera ko nyina yahoraga amubwira ko ari mukeba we
Umukobwa w’imyaka 22 wo mu Murenge wa Bushekeli mu karere ka Nyamasheke yasanzwe ku nkombe z’umugezi wa Kamiranzovu yapfuye, hakekwa ko yiyahuye kubera ko nyina yamwitaga mukeba we.
Byabereye mu Mudugudu wa Kalambi Akagari ka Mpumbu,!-->!-->!-->…
ED SHEERAN YAKOJEJE IBABA MURI WINO ASABA LETA Y’UBWONGEREZA GUTERA INKUNGA UMUZIKI…
Ed Sheeran yanditse ibaruwa ifunguye isaba ubuyobozi bw'igihugu gushora amafaranga mu muziki w'abenegihugu.
Nyuma y'aho bamwe mu bahanzi bakomeye mu Bwongereza bagaragarije ko umuziki wabo ukeneye gushorwamo akayabo, mu rwego rwo!-->!-->!-->!-->!-->…
AFC/M23 yikuye mu biganiro na DRC mu gihe habura amasaha make ngo bitangire
Umutwe wa AFC/M23 uratangaza ko kubera ibihano mpuzamahanga bikomeje gufatirwa abanyamuryango bayo, bitumye nta biganiro byashoboka ku mpande zombi.
AFC/M23 igaragaza ko ibihano mpuzamahanga bifatirwa abayobozi bakuru bayo, bigamije!-->!-->!-->…
Bugesera: Hari ba Gitifu b’utugari bahawe gasopo banihanangirizwa bikomeye
Ba gitifu b'Utugari n'ab'imidugudu bo mu mirenge ya Ntarama, Nyamata na Mayange bihanangirijwe mu buryo bukomeye cyane kuruhare rwabo mu guhishira abubaka mu kajagari basabwa kujya batanga amakuru ku myubakire ibera aho bayobora!-->!-->!-->…
Rusizi: Umusaza w’imyaka 55 yatawe muri yombi akekwaho gusambanya umukobwa w’imyaka 3
Mpakaniye Eugène w’imyaka 55, wo mu Mudugudu wa Mwiyando, Akagari ka Gashashi, Umurenge wa Karengera, mu Karere ka Nyamasheke, afungiye kuri sitasiyo ya RIB ya Kamembe mu karere ka Rusizi, akekwaho gusambanya umwana w’imyaka 3 n’amezi 4.
!-->!-->…
Kera kabaye MINISANTE yatangaje igihe ibitaro bya CHUK bizimurirwa i Masaka
Minisitiri w’Ubuzima, Dr. Sabin Nsanzimana, yatangaje ko bitarenze muri Kamena 2025, imirimo yo kubaka ahazimurirwa Ibitaro bya Kaminuza bya Kigali, CHUK, i Masaka izaba yarangiye, bigatangira kuhimukira.
Ibyo yabigarutseho kuri uyu!-->!-->!-->!-->!-->…
Ba Perezida Kagame na Tshisekedi bahuriye muri Ghana
Perezida Paul Kagame yageze muri Ghana aho yitabiriye imihango yo kurahiza Perezida mushya w’icyo gihugu, John Dramani Mahama na Visi Perezida Naana Jane Opoku-Agyemang.
Kuri Facebook y’Umukuru w’Igihugu cy’u Rwanda, banditse ko!-->!-->!-->!-->!-->…
Itangazo rya Nkunzurwanda wifuza guhinduza amazina.
Uwitwa Nkunzurwanda Xxx mwene Urimubenshi na Nyirasinamenye utuye mu Ntara y'Uburengerazuba, Akarere ka Rutsiro, mu Murenge wa Kigeyo, Akagali ka Nyagahinda ho mu mudugudu wa Kampi yanditse asaba uburenganzira bwo guhindua amazina yari!-->…
BAL Yatangaje Imijyi 4 Izakira Imikino Yayo Mu 2025
Irushanwa rya Basketball Africa League, BAL, rimaze gutangaza imijyi ine izakira imikino y'iryo rushanwa umwaka utaha wa 2025.
Mu mikino y'amatsinda , imikino y'itsinda rya Kalahari izakinirwa mu mujyi wa Rabat mu gihugu cya Maroke!-->!-->!-->!-->!-->…