Browsing Category
Uncategorized
Ba Perezida Kagame na Tshisekedi bahuriye muri Ghana
Perezida Paul Kagame yageze muri Ghana aho yitabiriye imihango yo kurahiza Perezida mushya w’icyo gihugu, John Dramani Mahama na Visi Perezida Naana Jane Opoku-Agyemang.
Kuri Facebook y’Umukuru w’Igihugu cy’u Rwanda, banditse ko!-->!-->!-->!-->!-->…
Itangazo rya Nkunzurwanda wifuza guhinduza amazina.
Uwitwa Nkunzurwanda Xxx mwene Urimubenshi na Nyirasinamenye utuye mu Ntara y'Uburengerazuba, Akarere ka Rutsiro, mu Murenge wa Kigeyo, Akagali ka Nyagahinda ho mu mudugudu wa Kampi yanditse asaba uburenganzira bwo guhindua amazina yari!-->…
BAL Yatangaje Imijyi 4 Izakira Imikino Yayo Mu 2025
Irushanwa rya Basketball Africa League, BAL, rimaze gutangaza imijyi ine izakira imikino y'iryo rushanwa umwaka utaha wa 2025.
Mu mikino y'amatsinda , imikino y'itsinda rya Kalahari izakinirwa mu mujyi wa Rabat mu gihugu cya Maroke!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Abatoza b’umukino mushya wa TEQBALL batangiye amahigurwa kuri uwo mukino
Abatoza b'umukino mushya mu Rwanda uzwi nka Teqball baraye batangiye amahugurwa y'iminsi itatu aho bazahungurwa kuri byinshi bigize uyu mukino.
Guhera ku munsi w'ejo kuwa kane taliki ya 14 z'uku kwezi, mu Karere ka Nyanza hari!-->!-->!-->!-->!-->…
Bugesera: Abaturage b’Akagari ka “Bitaba” batewe ipfunwe nako kuko ngo katajyanye…
Abaturage bo mu Kagari ka "Bitaba" ho mu Murenge wa Mwogo mu Karere ka Bugesera baravuga ko ibiro by'Akagali kabo bitajyanye n'igihe kuko ari Akagari gashaje cyane.
Umunyamakuru wa indorerwamo.com ubwo yari aho ibi biro!-->!-->!-->!-->!-->…
Hamenyekanye impamvu ifoto ya Perezida KAGAME yashyizwe rwagati mu mujyi wa Bujumbura
Hamenyekanye impamvu mu mujyi wa Bujumbura hashyizweho ifoto ya perezida Paul Kagame mu gihe ibi bihugu byombi bimaze iminsi bitarebana iryiza ndetse hakaba haranafunzwe imipaka yo ku butaka.
Guhera ku munsi w'ejo taliki ya 28!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC yongeye gutakambira LONI n’amahanga gufatira ibihano u Rwanda
Perezida Félix Tshisekedi wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo yasabye amahanga gufatira u Rwanda ibihano, yongera kurushinja ubushotoranyi runyuze mu gufasha umutwe w'inyeshyamba wa M23.
Mu gusubiza kuri raporo iheruka yo muri!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyamasheke: Inzu y’umuryango w’abantu 5 yahiye irakongoka hakekwa radiyo
Bagirubwira Alfred w’imyaka 40, wo mu Mudugudu wa Mbanda, Akagari ka Miko, Umurenge wa Karengera, Akarere ka Nyamasheke acumbikiwe mu baturanyi n’umugore n’abana 3, nyuma y’uko inzu yabo yafashwe n’inkongi y’umuriro ku manywa y’uyu wa!-->!-->!-->…
RIB iraburira abashyira amashusho n’ibiganiro by’urukozasoni ku mbuga nkoranyambaga
Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha RIB ruraburira umuntu wese ushyira amashusho y’urukozasoni n’ibiganiro ku mbuga nkoranyambaga ko azabihanirwa kuko hari itegeko ribihana kandi ko aba yatandukiriye umuco nyarwanda.
Umuvugizi wa RIB Dr!-->!-->!-->…
Afrika y’Epfo: Visi perezida yikubise hasi ubwo yashyikirizaga ijambo abaturage
Visi Perezida wa Afurika y’Epfo, Paul Mashatile, ameze neza nyuma yo guhangana n’ubushyuhe ubwo yavugaga ijambo ku gicamunsi cyo kuwa Gatandatu nk’uko Umuyobozi w’Intara ya Limpopo yabitangarije SABC .
Mashatile yaguye ubwo yagezaga!-->!-->!-->!-->!-->…
Ese u Rwanda rukeneye inoti irenze iya 5000Frw ?
Nta gushidikanya ko mu myaka 10 ishize, ibiciro ku masoko byakomeje kuzamuka ku bicuruzwa na serivisi zitandukanye, ku buryo nk’urugendo rwa moto rwahoze ari 1000 Frw, ubu rushobora kuba rugeze kuri 1500 Frw no hejuru yayo.
Kuzamuka!-->!-->!-->…
DRC: Abakomeye muri M23 bakatiwe urwo gupfa n’inkiko zo muri Congo
Inkiko zo muri Repubulika iharanira demokarasi ya Congo zahamije ndetse zikatira urwo gupfa abakomeye bo mu mutwe wa M23 barimo Corneille Nangaa na Sultan Makenga
Urukiko rwa gisirikarei Kinshasa muri Repubulika iharanira!-->!-->!-->!-->!-->…
Twagirayezu Wenceslas yakatiwe imyaka 20 nyuma y’uko yari yagizwe umwere.
Urukiko rw’Ubujurire kuri uyu wa 31 Nyakanga 2024 rwahamije Twagirayezu Wenceslas icyaha cyo kwica nk’icyaha cya Jenoside n’icyaha cyibasiye inyokomuntu, rumukatira igifungo cy’imyaka 20 nyuma y’amezi atandatu urukiko rukuru…
Gatsibo: Amarira y’abaturage bamaze imyaka 5 batagira amazi azahozwa nande?
Hari abaturage bo mu Karere ka Gatsibo bavuga ko bamaze hafi imyaka itanu batagira amazi, bakavuga ko icyo kibazo biteze kukibwira perezida Kagame ubwo azaba ari kwiyamamaza mu minsi iri imbere.
Abaturage bo mu Karere ka Gatsibo,!-->!-->!-->!-->!-->…
Menya imigabo n’imigambi ya mwarimu Nyiramahirwe Jeanne d’Arc ugiye kwiyamamariza kuba…
Umwarimu usanzwe wigisha mu Rwunge rw’Amashuri rwa Butete ruherereye mu Karere ka Burera mu Ntara y’Amajyaruguru, Nyiramahirwe Jeanne d’Arc yashyikirije Komisiyo y’Igihugu y’Amatora kandidatire ye ku mwanya w’Abadepite mu cyiciro!-->…