Dore amafoto ya Sadio Mané nyuma yo gukora Ubumwe.

2,681
Kwibuka30

Rutahizamu Sadio Mané aherutse gukora ubukwe aya ni namwe mu mafoto ari kumwe n’umugorewe baherutse kurushinga witwa Aisha Tamba.

Ni mubirori byabereye mu murwa mukuru wa Senegal i Dakar mu nyubako ya Keur Massar.

Uyu munya-Senegal ukinira ikipe ya Al Nassr muri Saudi Arabia,w’imyaka 31, yashyingiranywe n’umukunzi we Aisha Tamba w’imyaka 19 y’amavuko.Mane, umwe mu bakinnyi bakina umupira w’amaguru bakunzwe ku isi,yatunguye abakunzi ba ruhago ashyingiranwa n’umukunzi we bari bamaze igihe kirekire bakundana mu ibanga.Ibirori by’ubukwe bwabo bwabereye i Keur Massar, Dakar, muri Senegali.Byabaye mbere y’uko yitabira imikino y’igikombe cya Afurika.Aisha Tamba ni Umunyeshuri w’ahitwa Cabis School i Grand Mbao Baobab muri Senegal.Sadio Mane nyuma yo gukora ubukwe yahise ajya mu ikipe y’igihugu gukina umukino wa gicuti na Niger uyu munsi

Kwibuka30
Leave A Reply

Your email address will not be published.