EMINEM YATANZE GASOPO KU BARI KWIYAMAMARIZA KUZAYOBORA AMERIKA UMWAKA UTAHA

3,187
Kwibuka30

EMINEM YABUJIJE UMUKANDIDA WUMU REPUBLIKANI RAMASWAY KUZONGERA GUKORESHA INDIRIMBO ZE YIYAMAMAZA

Kwibuka30

Mugihe mada y’imyaka ine ya Perezida Joe Biden uyoboye Leta Zunze Ubumwe Za Amerika kuri ubu iri kugana ku musozo, abakandida biyamamariza kuyobora iki gihugu mugihe Joe gutsindira manda ya kabiri byamunanira, Ramasway Vivek, umukandida w’umu Repuburikani yagaragaye aririmba imwe mu ndirimbo za Eminem ku itariki ya 12 Nyakanga, 2023. Nyuma y’aho Eminem abimenyeye, yahise yihanangiriza uyu mukandida amusaba kutazongera gukoresha ibihangano bye mu kwiyamamaza.

Vivek Ramasway ubwo yiyamamazaga aririmba indirimbo ya Eminem

Ibi Eminem yabitangaje anyuze mu ihuriro ry’abahanzi baririmbira ku rubyiniriro BMI kuri uyu wa

Leave A Reply

Your email address will not be published.