Habaye Impanuka muri Tour du Rwanda

21,814
Kwibuka30

Kuri Etape ya MUSANZE – MUHANGA habaye impanuka idakanganye.

Mu gihe tour du Rwanda imaze iminsi ibera mu Rwanda guhera kuri uyu wa mbere, kuri uyu munsi hakorwaga agace ka gatandatu aho abanyonzi bavaga mu Karere ka Musanze berekeza mu mugi wa Muhanga, imvura yabasanze mu nzira ahagana Mukamira barinda bagera I Muhanga ibari ku mugongo ibintu byateje impanuka ariko yoroheje ku buryo bahise bakomeza urugendo.

Kwibuka30

Imvura ku mugongo, ariko ntibyababujije gukomeza urugendo.

ni impanuka yari yoroheje

Kano gace ka gatandatu kari gafite ibirometero 127.3 kakaba kegukanywe na Valencia umunya Colombia.

Leave A Reply

Your email address will not be published.