Igikomangoma Harry N’umugore we Meghan Markle bavuze ko bari kumwe n’abatuye Ukraine

6,005
Kwibuka30
Prince Harry and Meghan Markle quit the royal family

Ibi Harry na Markle babitangaje mugihe Uburusiya bwatangaje ko bugiye kujya mu ntambara na Ukraine nk’uko byari bimaze igihe bivugwa maze bagaragaza uruhande bahagazeho.

Kwibuka30

Benshi mu batuye isi bahangayikishijwe n’ikibazo kiri hagati y’Uburusiya na Ukraine kuko isaha n’isaha hashobora kuba inambara dore ko no muri Ukraine batangije ibihe bidasanzwe. Ibi biri gutuma benshi mu bavuga rikijyana bafata umwanya wo kugira icyo bavuga by’umwihariko abkunzwe cyane ku isi barimo n’uyu muryango w’Ibwami  mu bwongereza.

Ibi bije bikurikira ibyavuzwe n’abandi barimo Cardi B, The weeknd, Miley cyrus N’abandi kugira ngo barebe niba hari icyo byatanga n’ubwo bisa nk’aho Uburusiya bwamaramaje kuko kugeza ubu abantu  137 bamaze kwicwa n’aho abandi 316 bakaba barakomeretse. Kugeza ubu kandi agace ko muri Ukraine kitwa Donbas kamaze gufatwa  N’ingabo z’abarusiya.

Comments are closed.