Nigeria:Umupolisi yishwe hashimutwa abarenga 80 biganjemo abanyeshuri

5,594
Kwibuka30

Abantu bitwaje intwaro kuri uyu wa kane bishe umupolisi banashimuta abagera kuri 80 biganjemo abanyeshuri.

Iki gitero cyaranzwe n’ishimuta rikabije kibaye ku nshuro ya gatatu mubyumweru bi tatu mumajyaruguru y’uburengera zuba bwa Nigeria,abayobozi baravuga ko bikorwa n’amabandi yitwaje intwaro abashaka ingurane ngo arekure abo yashimuse.

Usuman Aliyu umwarimu wo muri iryo ishuri yavuze ko abo barushimusi batwaye abanyeshuri barenga 80 abenshi muribo akaba ari abakobwa nku Reuters yabitanje.

Kwibuka30

Ati: bishe umwe mubapolisi bahita bamena irembo binjira mu mashuri y’abanyeshuri.

umuvugizi wa polisi muri Leta ya Kebb, Nafiu Abubakar, yavuze ko abantu bitwaje imbunda bishe umupolisi umwe mugihe cyo kurasana ndetse banarasa umunyeshuri wari uri mo kwivuza.

src:bwiza

Leave A Reply

Your email address will not be published.