RIB ikomeje gufata abajura biyita Abameni.
Nkuko tubicyesha Urwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB ;ku bufatanye na Polisi y’Igihugu kuri uyu wa 9!-->…
Tanzania: Perezida Suluhu yasabye ko hakorwa iperereza ku rupfu rwa Ali Kibao…
Perezida Samia Suluhu wa Tanzania yategetse ko hakorwa iperereza ku iyicwa ry’umwe mu batavugarumwe!-->!-->!-->…
Gicumbi: Umugeni yakubise ishoka umugabo we bapfuye impano bahawe ku munsi…
Umugore wo mu Karere ka Gicumbi aravugwaho gukubita ishoka umugabo we amuziza gushaka ko bagira ibyo bagurisha!-->!-->!-->…
Kainerugaba wa Uganda yongeye kurikoroza ku mbuga nkoranyambaga
Umugaba Mukuru w’ingabo za Uganda akaba n’Umuhungu wa Perezida Yoweri Kaguta Museveni, Gen Muhoozi!-->!-->!-->…
Ethiopia yaburiye uwayitera mu gihe hari ubushyamirane mu karere
Minisitiri w'intebe wa Ethiopia yaburiye umuntu uwo ari we wese uteganya gutera igihugu cye ko akwiye!-->!-->!-->…
Rusizi: RIB yataye muri yombi 2 barakekwaho kugira uruhare mu rupfu rwa Murekatete
Bizimana François w’imyaka 44 na Ngabitsinze Callixte w’imyaka 25, batawe muri yombi n’Urwego rw’Igihugu!-->!-->!-->…
Menya ishuri ukwiye kureramo APAER RUSORORO.
Kuva kera na kare umubyeyi w'Umunyarwanda yageragezaga ku mikoro afite,guha umurage mwiza abana be, cyane cyane!-->…
Ese u Rwanda rukeneye inoti irenze iya 5000Frw ?
Nta gushidikanya ko mu myaka 10 ishize, ibiciro ku masoko byakomeje kuzamuka ku bicuruzwa na serivisi!-->…
Uwahoze ari Perezida agiye gushyingira umukobwa we umwami Mswati 16
Nomcebo Zuma, umukobwa w’uwahoze ari perezida wa Afurika y’Epfo Jacob Zuma, yerekanywe nk’ugiye kuba umugore!-->!-->!-->…
Gasabo: Abagizi ba nabi batwitse inzu na Lisansi hagwamo umuntu
Umujyi wa Kigali AKarere ka Gasabo, mu Murenge Ndera, abagizi ba nabi bataramenyekana, batwitse inzu ya RUTABAYIRO!-->…
Muhanga: Hatangijwe umushinga wo kubaka inzu 50 z’abatishoboye
Ubuyobozi bw’Umurenge wa Nyamabuye mu Karere ka Muhanga buratangaza ko bwatangije umushinga wo kubaka inzu 50!-->!-->!-->…
Yakoze imyigaragambyo yo kwiyicisha inzara asaba ko nyina amugurira iPhone
Mu Buhinde, umuhungu w’ingimbi arashinjwa gushyira iterabwoba kuri nyina w’umukene kugira ngo agire icyo!-->!-->!-->…
RIB yafashe batandatu bakekwaho kwiba ibicuruzwa by’arenga miliyoni 20.
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwafashe abagabo batandatu bakekwaho kwiba abacuruzi batandukanye!-->…
Umusirakare wa FARDC yarashe urufaya rw’amasasu ku butaka bw’u Rwanda
(Photo archive)
Mu masaha ya saa sita zo kuri uyu wa kane, umusirikare bikekwa ko ari uwa FARDC ubwo yari mu!-->!-->!-->…
Amashuri abanza ya Leta agiye guhabwa abacungamutungo
Minisiteri y’uburezi yatangaje ko mu mashuri abanza hagiye gutangwa akazi ku bakozi bashya bashinzwe!-->!-->!-->…