Pasiteri ari guhigwa bukware nyuma yo gusambanya umwana w’imyaka 10

680
Kwibuka30

Polisi ikorera mu gace ka Riang’ombenene muri Kenya, iriho irahigisha urihindu umukozi w’Imana Pasiteri Duke Morang’a ucyekwaho gusambanya umwana w’inyaka 10.

Uyu mukozi w’Imana usanzwe ayobora itorero rya Pentecostal Assemblies of God (PAG) biravugwa ko nyuma yo gukora ayo mabara yahise ahunga 

Amakuru yatanzwe na Polisi avuga ko nyina w’umwa ariwe wagiye gutanga ikirego nyuma yaho uwo mwana amubwiye ibyo uwo mukozi w’Imana yamu koreye.

Kwibuka30

Intandaro yabyose ngo uwo mubyeyi yahaye umwana icyayi ngo ashyire Pasiteri mu rugo, aho atuye ku rusengero maze ahageze uwo mukozi w’Imana ahita amusambanya arangije aramuhanagura ahita amuha amashilingi atanu ya Kenya umwana ahita ataha ageze murugo ahita abwira nyina ibyo Pasiteri yamukoreye.

Uwo mugore yahise yihutira kujya gutanga ikirego kuri Polisi maze Polisi ihita ijya iwe murugo bagezeyo basanga adahari bahita batangira ku muhuhigisha uruhindu.

Ibi bibaye muri Kenya nyuma yaho mu mpera z’iki cyumweru muri Uganda Umupadiri nawe yatawe muri yombi azira gusambanya umwana.

src Rubanda.

Leave A Reply

Your email address will not be published.