Reba umu polisi witendetse hejuru y’imodoka mu gihe umushoferi yari yanze guhagarara(Amafoto)

11,362
Kwibuka30

Umu polisi wo mu gihugu cya Nigeriya yitendetse ku cyizuru cy’imodoka mu gihe umushoferi wayo yari yanze guhagarara bitangaza benshi.

Kwibuka30

Uyu mu polisi ntiyigeze amenyekana gusa ubwo yahagarikaga umushoferi w’umugabo wari utwaye umugore yanze guhagarara nawe ahita ajya ku cyizuru cyayo rurashyidika mu muhanda.

Amajwi yumvikanaga mu mashusho yiriwe atambagira ku mbuga nkoranya mbaga yumvikanisha umugore waruri gusakuza asa nuwagize ubwoba.

Ibi byabereye mu gace ka Apo ho mu mujyi wa Abuja.

Leave A Reply

Your email address will not be published.