Sunny yasabye imbabazi Abanyarwanda ku mubabarira ku mabara yakoze agatakarizwa ikizere nu mukunzi we bari bagiye kurushinga

12,272
Kwibuka30
umuhanzikazi Sunny Dorcas Ingabire

umuhanzikazi Ingabire Dorcas uzwi kumanzi Sanny akaba ari umuhanzikazi ukizamuka mu muziki Nyarwanda kandi akaba ari umunyamideri akaba umucuruzi, nyuma yo gushyira hanze ubwambure bwe ku karubanda mu kiganiro kiri kuburyo bwa live yagiranye na bamukurikira kurukuta rwe rwa instagram yatangaje ko yicuza cyane ko yakoze amahano ya bitewe nagatama ” inzoga”

SUNNY INGABIRE Dorcas umuhanzikazi ukizamuka

mu ijoro ryo kuwa gatatu w’icyumweru gishize, nibwo umuhanzi kazi akaba numunyamideri sunny yagiye ku rubuga rwa instagram aho akurikirwa na Bantu batari bake atangira kwigaragaza abyina muburyo bwokwiyereka abakunzi be abyina afashe ikirahurire kirimwo inzoga

umukunzi wa SUNNY uyu yitwa Sibomana Emmanuel uzwi kuzina PAPA STAR asanzwe ari umunyamakuru akaba umukinnyi w’inkinamico akimara kubona amahano yakoze yahise atangaza mubitangazamakuru ko atandukanye burundu na sunny kubera imyitwarire ye.
Kwibuka30

abamukurikira ku rubuga rwa instagram bahise bumirwa batangira kumushimagiza abandi bamusaba kwambara ubusa ibintu yahise akora vuba nabwango

uyu muhanzikazi yavuze ko ku cyumweru akibyuka yasanze abantu benshi bamwandikiye bamutuka, yibaza ko ibyo yakoze bidakwiye nku mu byeyi aho yagize ati: sinzi ibyo nakoze ijoro ryakeye , gusa ibyo nakoze byose nabitewe nagatama {inzoga} ndigaye cyane, nari live nkurikiwe n’amagana y’abantu benshi kandi mu bari bankurikiye harimwo n’abana batarageza imyaka y’ubukure . nsabye imbabazi uwo ariwe wese nababaje gusa mucire urubanza bwibuka ko nari nasinze

uyu sibomana akaba umukinnyi w’ikinamico urunana aho yitwa Patrick yiteguraga kurushinga na sunny bagakora ubukwe, sunny abarizwa mu gihugu cya kenya

SUNNY
Leave A Reply

Your email address will not be published.