Tanzaniya: Prezida MAGUFULI yasabye Abanyagihugu gusengera nyina umaze igihe arembye

15,991
Kwibuka30

Prezida John Pombe Magufuli wa Tanzaniya yasabye Abatanzaniya gusengera nyina umubyara umaze igihe arembeye mu bitaro

Prezida MAGUFULI Uyobora igihugu cya Tanzaniya ubwo yari arimo ashyikiriza ijambo rye mu nteko ishingamategeko kuri uyu wa kabiri, yasabye abaturage abaturage kumufasha mu masengesho bagasabira nyina umubyara umaze igihe arwaye, Nyakubahwa JOHN POMBE MAGUFULI yagize ati:”ndabassbye mukomeze gusengera mama wanjye, ntabasha kuvuga, ntabasha kwguka, nta n’ubwo abasha kurya, akoresha imipira imifasha kurya…..Ariko byose biri mu bushake bw’Imana”

Kwibuka30

Umubyeyi wa Prezida Pombe Magufuli amaze imyaka ibiri ari mu bitaro, biravugwa ko muri iyi minsi bwo arembye cyane ndetse ko ashobora kwitaba Imana kubera uburyo arembye.

Leave A Reply

Your email address will not be published.