Abagana ama Resitora na za Hoteli bagiye kujya batanga imyirondoro yabo mbere yo guhabwa serivisi

9,194
Kwibuka30

Ikigo gishinzwe iterambere mu Rwanda cyatangaje ko abagana za resitora na Hoteri bazajya babanza gutanga imyirondoro yabo

Kwibuka30

Ikigo k’igihugu gishinzwe iterambere mu RWANDA RDB cyashyizeho ingamba nshya ku bafite ama Resitora na za Hoteri ndetse no kubazigana muri ibi bihe u Rwanda n’isi ruri guhangana no kurwanya icyirezo cya Covid-19. Muri ayo mabwiriza, hari avuga ko umuntu ugana Resitora cyangwa Hoteri agomba kujya abanza gusiga umwirondoro we, RDB ivuga ko ayo makuru y’umuki Liya azajya abikwa kure kandi ahafite umutekano, ano mabwiriza aje nyuma y’uko Leta idohoye maze ikareka zimwe muri serivisi zakongera gukora. Usibye kandi za Resitora kuri ubu ugana Salon de Coiffure nawe agomba gusiga atanze umwirondoro we.

Leave A Reply

Your email address will not be published.