Abakobwa b’abanyeshuri barwaniye umusore ku karubanda ivumbi riratumuka.

20,507
Kwibuka30

Amashusho yiriwe azenguruka ku mbuga nkoranyambaga ni ay’abakobwa babiri biga muri kaminuza yitwa Institute of Management and Technology(IMT) barwanye bapfa umusore muri leta ya Enugu.

Kwibuka30

Ababonye iby’aba bari bajwiburana bavuze ko bapfaga umusore wababwiye ko abakunda bombi hanyuma bo bagahitamo kwishakamo umwe ukundana nawe binyuze mu ngumi n’ibipfunsi.

Aba bombi nubwo batatangajwe amazina ariko ngo biga mu mwaka wa kabiri mu gashami ka Public relation muri iriya kaminuza iherereye mu gihugu cya Nigeriya.

Leave A Reply

Your email address will not be published.