Abantu bakomeje kwanga kwitaba Polisi barenze ku mabwiriza yo kwirinda COVID-19 imyirondoro yabo bashyizwe ku mugagaro

8,754
Kwibuka30

Nkuko Isi yose ikomeje ku garizwa n’icyorezo cya Coronavirus Leta y’u Rwanda yashyizeho isaha yo kuba umuntu yageze murugo ari saa mbiri z’ijoro kugeza saa kumi za mu gitondo mu buryo bwo gukumira ubwandu bwa Covid-19 gusa hari abatwara ibinyabiziga batabyubahirije bangana 209.

Kwibuka30

Nkuko bigaragarazwa na Polisi y’u Rwanda isaba ko uwafashwe wese kuva tariki ya 25 Nzeri 2020 kugeza 5 Ukuboza 2020 harimo n’abananije polisi mu mirimo yabo bakwiriye kubitaba ku kicaro cya polisi ikorera ku Muhima mu Karere ka Nyarugenge.

Muri abo bashoferi harimo abari batwaye imodoka zabo bwite bangana na 143 ndetse na Moto 66 bose bakaba barandikiwe mu mujyi wa Kigali barenze ku mabwiriza yo kwirinda icyorezo cya Covid-19 harimo n’amasaha yo kuba bageze murugo.

SRC:umuryango

Leave A Reply

Your email address will not be published.