Abanyeshuri 4 babakobwa bafatanywe udukingirizo twuzuyemo intanga z’abagabo bahita batabwa muriyombi

29,518
Kwibuka30

Bamwe mubanyeshuri bagera kuri bane babakobwa biga muri  Uyo City Polytechnic, batawe muri yombi na polisi bazira kuba basanganywe udukingirizo turimo intanga z’abagabo bakoreshaga bashaka urubyaro.

Amakuru avugako abatawe muri yombi ari  Inemesit Edet, Glory Johnson, Magreat Pius na Iniobong Udo bakaba biga mu ishami ry’itumanaho rikomatanyije bakaba bafatiwe mu gace ka  Ikpa ho muri Nigeriya bikoreye agakapu karimo turiya dukingirizo.

Kwibuka30

Aba bakobwa iyo bamaraga kuryamana n’abagabo bafataga udukingirizo bakoresheje twabaga turimo amasohoro bakajya kutugurisha abagore bo mu gace ka Aboki.

Umwe muri aba kaba yavuzeko bari babikoze mu gihe kingana n’imyaka itatu yose.

Follow my Instagram:Habimana Gilbert1 for more Weird news

Leave A Reply

Your email address will not be published.