U Rwanda ruzakora igishoboka cyose mu kwirinda- Perezida Kagame asubiza CNN
Perezida wa Repubulika Paul Kagame, yavuze ko u Rwanda ruzakora ibishoboka byose mu kwicungira umutekano, ubwo yasubizaga ibibazo birebana n’umutekano muke muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), yabajijwe n’umunyamakuru wa!-->…