Kigali: Urukiko rwategetse ko Dr. Manirakiza ukurikiranyweho gusambanya abana, afungwa iminsi 30…
Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge rwategetse ko Dr. Manirakiza Benjamin ukurikiranyweho ibyaha birimo gusambanya abana, afungwa iminsi 30 y’agateganyo, kuko hari impamvu zikomeye zituma bagomba gukurikiranwa bafunze.
Ni icyemezo!-->!-->!-->!-->!-->…