Browsing Category
Imikino
Umunyarwanda George Lewis Maniraguha yasinyiye ikipe ya Arsenal
Nyuma y’iminsi mu igeragezwa I Londres mu ikipe ya Arsenal, George Lewis Maniraguha ufite ubwenegihugu bw’u Rwanda na Norvege yamaze gusinya muri Arsenal amasezerano y’imyaka ibiri n’igice.
Ikipe ya Arsenal yo mu Bwongereza yamaze!-->!-->!-->!-->!-->…
Vincent Kompany wabiciye bigacika muri ruhago mpuzamahanga yasezeye muri ruhago
Vincent Kompany wahoze akinira ikipe y'Ububiligi na Manchester City ndetse n'andi makipe yasezeye ku mugaragaro muri ruhago.
Vincent Jean Mpoy Kompany w’imyaka 34 y’amavuko asezeye ku gukina umupira w’amaguru nyuma yo kumara imyaka!-->!-->!-->!-->!-->…
Ikipe ya APR FC yerekanye ku mugaragaro umutoza uzafasha Adil Mohamed gutwara ibikombe Nyafrika
Ubuyobozi bw'ikipe ya APR FC burangajwe imbere na Visi Perezida wayo, Maj Gen Mubaraka Muganga, bwerekanye umutoza mushya wungirije, Uzafasha umutoza mukuru kugeza ikipe mu matsinda nkuko babyifuza.
Umuhango wo kwerekana umutoza!-->!-->!-->!-->!-->…
Ronald Koeman niwe ugiye gutoza ikipe ya FC Barcelona
Ibinyamakuru byo mu gihugu cya Espagne byaramutse bitangaza ko ikipe ya FC Barcelona yamaze kumvikana n’umutoza w’igihugu cy’Ubuholandi Ronald Koeman kugira ngo asimbure Quique Setien uherutse kuyobora iyi kipe mu mukino yanyagiwemo!-->!-->!-->…
Tanzaniya: Hadji Manara umuvugizi w’ikipe ya SIMBA yasabye kwegura kuri uwo mwanya kubera…
Hadji Manara umuyobozi w'imwe mu makipe akunzwe cyane muri Tanzaniya yasabye ko abakunzi bamwemerera akegura ku buyobozi bw'iyo kipe kubera uburwayi.
Ntibishoboka kuba uri umuntu ukurikiranira hafi umupira w'amaguru mu Karere maze!-->!-->!-->!-->!-->…
Umutoza wa Rayon Sport Guy Bokassa arashinja abafana kwica abakinnyi mu mutwe
Guy BUKASSA umutoza mushya wa Rayon Sport arasanga hari abafana bica mu mitwe abakinnyi b'ikipe.(Photo: Rwandamagazine)
Bwana GUY BOKASSA umutoza mukuru w'ikipe ya Rayon sport nk'umwe mu bitabiriye umwiherero w'abayobozi b'ikipe ya!-->!-->!-->!-->!-->…
Prezida Sadate Yijeje abakinnyi n’abakozi ko bazahembwa ibirarane byose mu byumweru bibiri
Prezida wa Rayon Sport Bwana Sadate MUNYAKAZI yijeje abakinnyi n'abandi bakozi bose ba Rayon Sport ko bazabona imishahara yabo mu byumweru bibiri biri imbere.
Guhera kuri uyu wa gatandatu taliki ya 16 no ku cyumweru taliki ya 17!-->!-->!-->!-->!-->…
The World’s Top Ten Tallest Footballers
Football is a game that don’t necessarily require a certain height for the professional level unlike basketball , you can fine talented and popular footballers of all heights range , but thinking about who is the tallest footballer in!-->!-->!-->…
Umunya Nigeriya wakinaga umukino wa Basketball yapfiriye mu kibuga
Bwana MICAEL Ojo yapfiriye mu kibuga ubwo yari ari mu myitozo ya basket ball
Umunya Nigeria witwa Michael Ojo wakinaga umukino w'amaboko wa Basketball nk'uwabigize umwuga yapfiriye mu kibuga kuri uyu wa gatanu taliki ya 7 Kanama!-->!-->!-->!-->!-->…
Karekezi Olivier witezweho kuzamura Kiyovu Sport yaraye ageze i Kigali
Karekezi Olivier wari utegerejwe cyane yaraye ageze i Kigali muri gahunda yo gutoza ikipe ya kiyovu Sport
Ku gicamunsi cyo kuri iki cyumweru taliki ya 9 Kanama 2020 nibwo Bwana OLIVIER KAREKEZI yageraga mu Rwanda aje gutoza ikipe ya!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyuma y’imyaka 7, Willian yatandukanye na Chelsea
Willian ukina ku ruhande asatira izamu yemeje ko yamaze gutandukana n'ikipe ya Chelsea yari amaze imyaka 7 akinira.
Ibi abitangaje nyuma yuko asibye imikino ibiri ikomeye kubera ikibazo cy'imvune yagize ku kagombambari, iyo ni!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyuma yo kugira uruhare mu gusezerera ikipe ya Real Madrid, Gabriel Jesus yavuze umukinnyi yifuza…
Gabriel Jesus yavuze ko yifuza kugera ku rwego rwo hejuru akamera nka Ronaldo
Mu mukino w'ejo, Gabriel Jesus yatsinze igitego cya kabiri ndetse atanga n'umupira wavuyemo icya mbere.
No mu mukino ubanza wabereye muri Espagne,!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Imbamutima za ZINEDINE ZIDANE nyuma yo gusezererwa na Manchester City
Nyuma yo gusezererwa n'ikipe ya Manchester City kuri uyu wa gatanu, Zinedine zidane yavuze ko yakinnye n'ikipe ikomeye.
Kuri uyu wa gatanu ubwo imikino ya UEFA Champions League yakomezaga, umukino wari witezwe na benshi ni uwahuje!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyuma yo gusezerera Real Madrid, Guardiola arasanga adakwiye kwirara
Umutoza Pep Guardiola avuga ko kuba ikipe ye ya Manchester City yaraye itsinze Real Madrid ari "intambwe imwe" iteye, mu gihe iyi kipe igerageza kwegukana Champions League ku nshuro ya mbere.
City yatsinze Real ibitego 2 - 1!-->!-->!-->!-->!-->…
Umutoza wa Juventus Maurizio Sarri yirukanwe nyuma yo gusezererwa na Olympique Lyonnais
Amakuru amenyekanye ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatandatu tariki ya 8 Kanama 2020, ni uko uwari umutoza wa Juventus Maurizio Sarri bamaze gutandukana.
Abinyujije ku rukuta rwe rwa twitter, umunyamakuru w'imikino mu gihugu!-->!-->!-->!-->!-->…