Browsing Category
Imikino
Umugabo yavuze ko ari se wa Kagere Meddie yasabye ko hafatwa ibizamini bya DNA
Vedasto Katologi wemeza ko ari se wa rutahizamu w’Amavubi na Simba SC yo muri Tanzania, Kagere Meddie, yasabye ko hakorwa ibizamini bya DNA (amasano abantu bafitanye hakoreshejwe uturemangingo duto) kugira ngo agaragaze ukuri kwe.
!-->!-->!-->!-->!-->…
KCCA nyuma yoguterwa mpaga irasabwa gutsinda As Kigali ibitego 3-0 kugirango itambuke
Ikipe AS Kigali ihagarariye u Rwanda mu mikino ya CAF Confederations Cup yamaze gushyira hanze urutonde rw’abakinnyi irajyana muri Uganda mu guhangana na KCCA mu mukino wo kwishyura w’ijonjora rya kabiri ry’iri rushanwa.
Umukino ubanza!-->!-->!-->…
Becky Hammon yabaye umugore wa mbere wabaye umutoza mukuru w’ikipe muri NBA
Kuwa gatatu nijoro Becky Hammon yinjiye mu mateka nk'umugore wa mbere wabaye umutoza mukuru w'ikipe y'abagabo mu mukino wa shampiyona wa NBA.
Ibi byabaye ubwo Becky yasimburaga umutoza mukuru wa San Antonio Spurs witwa Gregg!-->!-->!-->!-->!-->…
Uhiriwe Yasipi Casmir wabaye igisonga cya mbere cya Miss Rwanda 2019 yambaye “bikini”…
Uhiriwe Yasipi Casmir uhagarariye u Rwanda mu marushanwa y’ubwiza ya Miss Africa Calabar 2020, we na bagenzi be bahatanye baserutse mu mwambaro wo kogana ariko umukobwa wo muri Solamia aratungurana yanga kwambara uyu mwambaro uzwi nka!-->…
Covid-19 itumye AS KIGALI ibyungukiramo itera mpaga ikipe ya KCC bari gucakirana uyu munsi.
Umukino ubanza wagombaga guhuza AS Kigali na KCCA mu cyiciro cya kabiri cya CAF Confederations Cup wari uteganyijwe kuri uyu wa Gatatu tariki ya 23 Ukuboza,wasubitswe kubera ko iyi kipe yo muri Uganda yabuze abakinnyi 11 babanza mu!-->!-->!-->…
FERWAFA yatumiye amakipe mu nama iziga ku isubukurwa rya Shampiyona 2020/21
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda 'FERWAFA' ryatumiye amakipe 16 akina icyiciro cya Mbere mu nama nyungarunabitekerezo izaba ku wa 24 Ukuboza 2020, ikazibanda ku bigomba gukorwa kugira ngo Shampiyona yasubitswe hakinwe!-->!-->!-->…
Robinho wahoze akinira ikipe ya Real Madrid yahamwe n’Icyaha cyo gufata ku ngufu akatirwa…
Kuri uyu wa kane tariki 10 Ukuboza 2020 nibwo urukiko rw’i Milan mu Butaliyani rwakatiye umukinnyi Robinho wahoze ari umukinnyi ukomeye mu ikipe ya Real Madrid igifungo cy’imyaka 9 kubera icyaha cyo gufata ku ngufu umukobwa ukomoka muri!-->…
APR FC itsinze umukino biyigoye nyuma yo kongera kurata penaliti
Ikipe ya APR FC yatsinze umukino wayo wa mbere wa shampiyona, aho yatsinze Kiyovu Sports igitego 1-0 myugariro wayo yitsinze.
Wari umukino wa mbere wa shampiyona ikipe ya APR FC ikinnye nyuma yo gusezererwa mu marushanwa ya CAF!-->!-->!-->…
CAF yaciye amande Emmerick Aubemeyang y’arenga miliyoni miliyoni icyenda y’Amanyarwanda
Impuzamashyirahamwe y'umupira w'amaguru muri Afurika (CAF) yatanze ibihano bitandukanye kubera kurenga ku mategeko yayo.
Rutahizamu wa Arsenal Pierre-Emerick Aubameyang, yaciwe amande y'amadolari y'Amerika 10,000 (arenga miliyoni!-->!-->!-->!-->!-->…
Ikipe y’u Rwanda ya Basketball yasubiye inyuma ho imyanya 4 ku rutonde rwa FIBA
Kuri uyu wa Gatatu tariki 09 Ukuboza 2020, ishyirahamwe ry’umukino wa Basketball ku Isi “FIBA” ryashyize ahagaragara uko amakipe y’ibihugu akurikiranye. Ikipe y’u Rwanda mu bagabo nyuma yo kutitwara neza mu mikino yo gushaka itike!-->!-->!-->…
Paul Pogba ashobora kuva muri MAN U umwaka utaha
Paul Pogba "ntiyishimye" muri Manchester United kandi "agomba guhindura amakipe" mu igura n'igurishwa ry'abakinnyi ritaha ryo mu kwezi kwa mbere, nkuko Mino Raiola ushinzwe kumushakira isoko abivuga.
Kontaro y'uyu mukinnyi!-->!-->!-->!-->!-->…
Vladmir watozaga ikipe y’igihugu ya Basketball yeguye nyuma yo gutsindwa imikino yose yo…
Vladimir Bosnjak watozaga ikipe y’igihugu ya Basketball yasezeye ku mirimo ye, nyuma y’umusaruro mubi iyi kipe ye yabonye mu marushanwa aheruka gusozwa yo gushaka itike yo kwitabira AfroBasket 2021.
Ibi byashimangiwe n'itangazo!-->!-->!-->!-->!-->…
Bwa mbere mu mateka umugore agiye gusifura imikino ya UEFA Champions league y’abagabo
Umufaransakazi Stephanie Frappart azaba umugore wa mbere usifuye imikino ya UEFA Champions League mu bagabo ubwo azaba ayoboye umukino uzahuza Juventus na Dynamo Kyiv ku wa Gatatu.
Frappart uzuza imyaka 37 mu kwezi gutaha, yabaye!-->!-->!-->!-->!-->…
“Intwari FC” ikipe yatangijwe igiye kwifashishwa mu kurwanya ihohoterwa rikorerwa abangavu.
Mu rwego rwo kurwanya ihohoterwa rikorerwa abana b’abakobwa hatangijwe ikipe y’Intwari FC izifashishwa mu bukangurambaga bwo kurwanya iri hohoterwa.
Mu gihe mu Rwanda hakomeje kugaragara umubare munini w;abangavu baterwa inda,!-->!-->!-->!-->!-->…
FERWACY: Abakinnyi b’Amagare bagize icyo basaba Igihugu nyuma yo kuva mu marushanwa bitwaye…
Abakinnyi b’ikipe y’igihugu y’umukino w’amagare barasaba ko na bo bahabwa agaciro nk’agahabwa abakinira amakipe y’igihugu mu mikino yindi itandukanye.
Kuri uyu wa Kabiri tariki 24 Ugushyingo 2020 nibwo abakinnyi b’ikipe y’igihugu!-->!-->!-->…