Browsing Category
Imikino
Liverpool yananiwe gukuraho agahigo ka Arsenal itsindwa ba Watford
Ikipe ya Liverpool yatsinzwe na Watford ibitego 3-0 iyibuza gukuraho agahigo ka Arsenal .
Umusore w'umunya Senela niwe wabakozeho abatsinda ibitego bibiri ku burangare bwa bamyugariro ba Liverpool witwa Imaila Sarr,Liverpool!-->!-->!-->!-->!-->…
Adebayor wamamaye muri Real Madrid na Arsenal yagaragaje imodoka zihenze afite ku isabukuru…
Emmanuel Adebayor wamamaye mu makipe ya Real Madrid, Tottenham, Arsenal na Man City yerekanye inzu n'imodoka afite bihenze ku isabukuru ye y'amavuko.
Abinyujije kuri Instagram Adebayor watangaje ko yujuje imyaka 36 yerekanye!-->!-->!-->!-->!-->…
Habaye Impanuka muri Tour du Rwanda
Kuri Etape ya MUSANZE - MUHANGA habaye impanuka idakanganye.
Mu gihe tour du Rwanda imaze iminsi ibera mu Rwanda guhera kuri uyu wa mbere, kuri uyu munsi hakorwaga agace ka gatandatu aho abanyonzi bavaga mu Karere ka Musanze!-->!-->!-->!-->!-->…
Arsenal yiyemeje gutanga akayabo kamafaranga ku mukinnyi wa Atletico Madrid
Ikipe ya Arsenal iri mu biganiro na Thomas Partey ukinira Atletico Madrid kuburyo biramutse bikunze yayerekezamo vuba .
Amakuru ava muri Esipanye aravugako uhagarariye uyu mukinnyi yatangiye ibiganiro na Arsenal ko ndetse iyi!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Real Madrid itsindiwe ku kibuga cyayo bishyira ZIDANE ku gitutu.
Ikipe ya Manchester City itsindiye Real Madrid iwayo, bituma Zidane ajya ku gitutu.
Mu mukino w'amakipe yabaye aya mbere iwayo ku mugabane w'u Burayi UEFA CHAMPIONS LEAGUE umukino wari utegerejwe cyane ni uwahuje ikipe ya Real!-->!-->!-->!-->!-->…
CASSA MBUNGO yagizwe umutoza mushya wa Rayon Sport
Nyuma y'igihe kitari gito ikipe ya RAYON Sport itagira umutoza, uyu munsi yashyizeho KASSA MBUNGO nk'umutoza mukuru.
Binyuze ku rubuga rwa twitter, ikipe ya RAYON SPORT yamaze gutangaza ko yashyizeho umutoza mukuru usimbuye Umunya!-->!-->!-->!-->!-->…
Umutoza wa Chelsea nyuma yo gutsindwa na Bayern mu rugo yavuze umukinnyi we wakoze kurusha abandi
Umutoza wa Chelsea Frank Lampard nyuma yo gutsindwa ibitego 3-0 murugo yashimye cyane umukinnyi Kovacic witwaye neza kurwego atacyekaga,
Ni ibitego byatsinzwe n'umukinnyi wanyuze muri Arsenal Serge Gnabry uko ari bibiri!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Sergio Busquets ntiyishimiye uburyo Balca yitwaye imbere ya Napoli muri Champions League
Umukinnyi ukomeye muri Balcelona Sergio Busquets ntiyigeze yishimira iyitwarire y'ikipe ye ubwo banganyaga na Napoli 1-1 mu mikino ya Champions League'
Mu byukuri ni umukino ikipe ya Napoli yitwayemo neza ugereranyije namahirwe!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Umufana yarakaye yinjiza imodoka mu kibuga agiye kugonga abasifuzi baranyanyagira(Amafoto)
Amashusho yakwirakwiye hose kumbuga nkoranyambaga nayumufana witoye yatsa imodoka yo mubwoko bwa BMW ajya mu kibuga kugonga abasifuzi nyuma yuko ikipe ye itsinzwe muri Afurika y'epfo.
Ni shampiyona yakinirwaga ku kibuga cya!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Abanyafurika bongeye gufasha Liverpool mu buryo bwari bugoranye
Abakinnyi barimo Mohammed Salah na Sadio Mane bafashishe ikipe ya Liverpool kwikura imbere ya West Ham bayitsinda ibitego 3-2 mu mu kino wishiraniro.
Ikipe ya Liverpooll yaangiye neza umukino iterekamo igitego cyambere cy'umutwe!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Beyonce,Kanye West,Kim Kardashian n’bindi byamamare bitabiriye umuhango wo guha icyubahiro…
Ibyamamare birimo Beyonce,Kanye West,Kim Kadarshian n'bindi byamamare bitabiriye umuhango wo guha icyubahiro nyakwigendera Kobe Bryant n'umukobwa we baherutse kugwa mu mpanuka y'indege
Ni umuhango wabereye Staples Center mu jyi!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
U Rwanda rwaguye miswi n’ikipe ya Cameroune mu mukino wa gicuti
Ikipe y'AMAVUBI imaze gukina umukino wa gishuti n'ikipe ya Cameroune, habuze itsinda indi.
Mu rwego rwo kwitegura imikino ya CHAN iteganijwe gutangira murI uku kwa Kane hagati y'amataliki ya 4 n'iya 25 Mata uno mwaka ikipe y'igihugu!-->!-->!-->!-->!-->…
Amafaranga 100 niyo usabwa ukirebera umukino wa Gisagara vc na REG(Volleyball)
Umukino w'amakipe akomeye mu Rwanda washyizwe ku giceri 100 umukino uzakinwa ku wa Gatandatu tariki ya 22 Gashyantare mu nyubako (Gymnase) iherere mu Karere ka Gisagara.
Ni umukino uzaba ukomeye ku mpande zombi. Mu mukino!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Umukinnyi ukomeye wa Manchester United ajyiye hanze igihe kirekire ntazakina na EURO
Umusore ukiri muto akaba na rutahizamu wa Manchester United umutoza we amaze gutangaza ko imikino isigae ya shampiyona atazayigaragaramo ndetse n'imikino y'igikombe cy'uburayi kubera imvune.
Uyu musore yavunitse ubwo bakinaga na!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Liverpool yaraye itsinzwe mu mikino ya UEFA Champions League
Ikipe ya Atletico Madrid itsinze Liverpool mu mikino ya UEFA CHAMPIONS LEAGUE
Ku mugoroba wo kuri uyu wa kabiri nibwo imikino ya UEFA Champions League yagombaga gukomeza, umukino wari witezwe n'abantu benshi wari uwagombaga guhuza!-->!-->!-->!-->!-->…