Browsing Category
Imikino
MUKURA VS mu makipe yifuza Hamza KIMANA uherutse kuva mu ikipe ya kabiri ya Rayon Sport
KIMANA Willy Hamza akomeje gushakwa n'amakipe menshi yo hanze y'umugi wa Kigali nyuma yo kuva mu ikipe ya Rayon sport yamureze akiri muti.
KIMANA Willy Hamza umwe mu bakinnyi bakuriye mu ikipe y'abana ba Rayon Sport mu Karere ka!-->!-->!-->!-->!-->…
NIZIGIYIMANA Makenzi ashobora kugaruka muri Rayon Sport
Biravugwa ko Bwana Nizigiyimana Karim Makenzi wahoze ari myugariro wa Rayon sport ashobora kugaruka muri iyi kipe y'ubukombe
Nyuma y'ibibazo ikipe ya Rayon Sport yari imazemo igihe kitari gito, ubu iri mu rugamba rwo kongera!-->!-->!-->!-->!-->…
KNC arasanga ikipe ya Rayon Sports imeze nk’igikamyo kimaze igihe cyarapfiriye ku muhanda
PREZIDA Wa Gasogi United arasanga ikipe ya Rayon Sport imeze nk'ikimodoka kimaze igihe cyarapfiriye mu muhanda, kigatoboka n'amapine
Nyuma y'aho umuvugizi wa Rayon Sport atangarije kuri uyu wa mbere kuri radio Rwanda, ko ikipe ya!-->!-->!-->!-->!-->…
Rayon Sport yasinyishije rutahizamu w’i Burundi
Rayon Sport yamaze kwibikaho undi mukinnyi ukomoka mu gihugu cy'u Burundi mu rwego rwo gukomeza kwiyubaka
Babinyujije ku rukuta rabo rwa twitter, ikipe ya Rayon Sport yatangaje ko yasinyishije rutahizamu w'Umurundi witwa NIHORAHO!-->!-->!-->!-->!-->…
KNC yiyemeje kuremera Rayon Sport akayiha miliyoni 30 mu rwego rwo kuyizanzahura
KNC yiyemeje kuremera ikipe ya Rayon sport akayiha akayabo ka miliyoni 30 kugira ngo ibashe kwikura mu bibazo by'ingutu biyugarije
Umuyobozi w'ikipe ya Gasogi United Bwana KNC, yavuze ko kubera urukundo afitiye umupira w'amaguru mu!-->!-->!-->!-->!-->…
KNC yaburiye ikipe ya Rayon Sport ko nitinda mu makoni iri buyipapure umukinnyi HAKIZIMANA Muhajiri
Bwana KNC umuyobozi wa oasogi United yaburiye ikipe ya Rayan Sport ko nikomeza mu bintu byo gushaka guteranya amafranga ngo igure Muhadjiri bishobora kurangira imubapapuye nk'uko aherutse kubibakora
Kuri uyu wa gatatu taliki ya 24!-->!-->!-->!-->!-->…
Bimwe mu bintu by’ingenzi bigaragaza ko Imisifurire y’umupira w’amaguru mu Rwanda…
Nyuma y'imyaka ari ku buyobozi bw'ishyirahamwe ry'abasifuzi benshi barasanga imiyoborere ye igana habi.
Igihe gishize ari kinini abantu benshi batavuga rumwe ku misifurire y'umupira w'amaguru bu byiciro byombi, ari mu kiciro cya!-->!-->!-->!-->!-->…
BIZIMUNGU Ally yatakambiye FERWAFA iyisaba kumwishyuriza Kiyovu amafranga ye arenga miliyoni
Bwana BIZIMUNGU Ally wigeze gutoza ikipe ya KIYOVU yasabye FERWAFA kumwishyuriza amafranga ye agera kuri 1,200,000frs iyo kipe imurimo ikaba yaranze kuyamwishyura.
Bwan BIZIMUNGU wigeze gutoza ikipe ya Kiyovu sport yandikiye ibaruwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Premier league: Iyumvire ibyo Umutoza wa Manchester United yasabye Paul Pogba.
Umutoza wa Manchester United,Ole Gunnar Solskjaer,yasabye kizigenza we Paul Pogba kuba umuyobozi mu kibuga muri iyi kipe nkuko abikora mu ikipe y’igihugu y’Ubufaransa.
Pogba n’umwe mu bakinnyi bagize uruhare runini mu gutuma!-->!-->!-->!-->!-->…
Bamwe mu bafana ba Rayon Sports barakataje mu gutegura izindi nzira zo kweguza SADATE MUNYAKAZI
Bamwe mu bafana ba Rayon Sport barakataje mu gushakisha izindi nzira zo kweguza Bwana Sadate MUNYAKAZI ku buyobozi bw'ikipe ya Rayon Sport
Nyuma y'aho bumwe mu buryo bamwe mu bafana ba Rayon Sports bari bizeye ko bagiye gukoresha mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Rayon Sport iranyomoza amakuru yavugaga ko yagurishije YANNICK BIZIMANA
Ubuyobozi bw'ikipe ya Rayon Sport buranyomoza amakuru yaraye ashyizwe hanze avuga ko bwagurishije umukinnyi wayo Yannick mu ikipe ya APR FC
Nyuma y'aho byinshi mu binyamakuru harimo n'iki cya indorerwamo.Com byazindutse bivuga ku!-->!-->!-->!-->!-->…
USA:Urupfu rwa George Floyd rwa tumye abategetsi ba Minneapolis bizeza gusenya igipolisi
Ku bwiganze, abagize inama y'ubutegetsi y'umujyi wa Minneapolis bijeje gusesa urwego rwa polisi rw'uyu mujyi, ikintu gikomeye muri ibi bihe Amerika yugarijwe n'imyigaragambyo ivuye ku iyicwa rya George Floyd.
Abagize iyo nama icyenda!-->!-->!-->…
BIZIMANA Yannick nawe amaze kuva muri Rayon yerekeza muri Mukeba kuri miliyoni 22
Bidasubirwaho, Bizimana Yannick wari umaze umwaka umwe gusa muri Rayon Sport nawe amaze kwerekeza mu ikipe ya APR FC, aguzwe akayabo ka miliyoni 22 zose
Amakuru amaze umwanya utari munini atugezeho, ni uko undi mu bakinnyi!-->!-->!-->!-->!-->…
Celestin NDAYISHIMIYE yasezeye muri Police yerekeza muri Sunrise FC
Nyuma y'imyaka ine akinira ikipe ya Police FC, Celestin ubu amaze kwerekeza mu ikipe ya Sunrise FC
Nyuma y'imyaka ine akinira ikipe ya Police FC kuri ubu Bwana Celestin Ndayishiniye amaze kwerekeza mu Karere ka Nyagatare gukinira!-->!-->!-->!-->!-->…
Munyakazi Sadate atanze ubutumwa ku banenga imikorere ye anahishura ahazaza!
Umuyobozi w’ikipe ya Rayon Sports Munyakazi Sadate,yandikiye ubutumwa abafana abamenyesha ko ikipe igiye gufata umurongo wo gukoresha abakinnyi ishoboye guhemba biganjemo abakiri bato ndetse yemeza ko abavuga ko ayoboye nabi ari abadakunda!-->…