Browsing Category
Izindi nkuru
Itangazo rya Mpuhwezayo ushaka guhinduza amazina.
Uwitwa MPUHWEZAYO Xxx mwene Ndererimana Jean na Nyiranizeyimana Fortunee utuye mu Ntara y'Uburengerazuba, Akarere ka Rutsiro, Umurenge wa Mushonyi, Akagali ka Magaba ho mu Mudugudu wa Kariba, yanditse asaba uburenganzira bwo guhindura yari!-->…
USA: Eddy Grant yatsinze Donald Trump mu rubanza yamuregagamo kumukoreshereza indirimbo
Uwahoze ari Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatsinzwe urubanza yarezwemo n’umuhanzi w’Umwongereza, Eddy Grant kubera gukoresha indirimbo ye ‘Electric Avenue’ mu bikorwa byo kumwamamaza atabiherewe uburenganzira.!-->!-->!-->…
Papa yasabye abagatolika guhitamo ‘ikibi cyoroheje’ hagati ya Trump na Harris
Papa Francis yavuze ko abakandida perezida bakomeye bo mu matora y'Amerika bombi "barwanya ubuzima", agira inama abanyagatolika batora bo muri icyo gihugu guhitamo "ikibi cyoroheje" igihe bazaba batora mu Gushyingo uyu mwaka.
!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Rwanda: Perezida Kagame yongeye gukomoza ku cyemezo Leta yafashe cyo gufunga insengero zitujuje…
Yabigarutseho mu butumwa yatanze kuri iki Cyumweru, tariki 15 Nzeri 2024, mu gikorwa cyamasengesho azwi nka ’National Prayer Breakfast’ ategurwa n’umuryango Rwanda Leaders Fellowship, aho yagarutse ku cyemezo Leta y’u Rwanda yafashe!-->!-->!-->…
Umutoza “Vigoureux” wari umaze umwaka urenga arembye yitabye Imana
Umutoza Vigoureux wamenyekanye cyane mu guteza imbere abanyempano muri ruhago Nyarwanda ntakiri mu isi y'abazima nyuma y'umwaka urenga arembejwe n'umubiri.
Inkuru y'akababaro imaze akanya gato itugezeho, ni iy'urupfu rwa Bwana MUNGO!-->!-->!-->!-->!-->…
RIB ikomeje gufata abajura biyita Abameni.
Nkuko tubicyesha Urwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB ;ku bufatanye na Polisi y’Igihugu kuri uyu wa 9 Nzeri 2024 ; hafashwe bamwe mu batekamutwe bamenyerewe ku izina ry’Abameni bakoreraga mu bice bitandukanyeby’igihugu.
RIB!-->!-->!-->…
Uwahoze ari Perezida agiye gushyingira umukobwa we umwami Mswati 16
Nomcebo Zuma, umukobwa w’uwahoze ari perezida wa Afurika y’Epfo Jacob Zuma, yerekanywe nk’ugiye kuba umugore mushya w’Umwami Mswati III wa Eswatini ku munsi wa nyuma w’ibirori gakondo bimara iminsi ine muri iki gihugu.
Ku wa mbere!-->!-->!-->!-->!-->…
“Midou” umufana ukomeye wa Arsenal yasezeranye n’umukunzi we Farida mu mategeko…
Nziza Abdul Hamidou, usanzwe uzwi ku izina rya "Midou" akaba ari n'umufana ukomeye w'ikipe yo mu gihugu cy'u Bwongereza "Arsenal" yasezeranye kuzabana akaramata n’umukunzi we Uwamariya Farida Mami, imbere y’amategeko. Mu gihe bitegura!-->!-->!-->…
Johann Rupert yakuye Dangote ku mwanya wa mbere w’abakire muri Afrika
Johann Rupert, ukomoka muri Afurika y’Epfo niwe muherwe wa mbere ku mugabane wa Afurika, umwanya yakuyeho umunyanigeriya Aliko Dangote nk’uko bigaragazwa n’urutonde rwa Bloomberg Billionaires Index.
Rupert ufite kompanyi iri mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Musonera watorewe kuba umudepite yafunzwe akekwaho kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwafunze Musonera Germain wari watorewe kuba umudepite mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda, akaba akekwaho kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi.
Musonera wari wiyamamaje!-->!-->!-->!-->!-->…
Burundi: Umunyamakuru Irangabiye yarekuwe ku mbabazi za Perezida.
Umunyamakuru Floriane Irangabiye wari warakatiwe imyaka 10 y'igifungo yarekuwe ku bw’imbabazi z'umukuru w’igihugu cy'u Burundi General Evariste Ndayishimiye wategetse ko ahita arekurwa
Ifungurwa rya Floriane Irangabiye wari umaze!-->!-->!-->!-->!-->…
Hamenyekanye umusirikare wa mbere wubatse indake mu Rwanda
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ushinzwe Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, General (Rtd) James Kabarebe, yavuze ko ari we wubatse indake ya Gikoba yabagamo Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, wari umuyobozi!-->…
Itangazo rya Bwana Gisagara wanditse asaba uburenganzira bwo guhindura amazina ye.
Uwitwa Gisagara William mwene Nyakayiru na Mukankusi utuye mu Ntara y'Iburasirazuba, mu Karere ka Nyagatare mu Murenge wa Nyagatare ho mu Kagali ka Nsheke, yanditse asaba uburenganzira bwo guhindura amazina yari asanzwe akoresha ariyo!-->…
Rusororo-Mbandazi hasojwe amarushanwa y’imiyoborere myiza ya FPR Inkotanyi
Umujyi wa Kigali akarere ka Gasabo umurenge wa Rusororo akagari ka Mbandazi, kuri uyu wa Gatandatu tariki 13 Nyakanga 2024 habaye gahunda yo kwamamaza Perezida Kagame Paul umukandida wa FPR Inkotanyi yaranzwe nogusoza amarushanwa!-->…
Umwe mu banyamakuru bakoraga ikiganiro cy’Urukiko rw’ubujurire kuri FINE FM yasezeye
Umwe mu banyamakuru b'abahanga bakoraga kuri Radio FINE FM biravugwa ko amaze gusezera kuri ino radiyo no mu kiganiro gifatwa nk'igikunzwe mu Rwanda kizwi nka "Urukiko rw'ubujurire".
Ikiganiro Urukiko rw'ubujurire gikorerwa kuri!-->!-->!-->!-->!-->…