Browsing Category
Izindi nkuru
Umugore yaciwe amande kubera kumanura ipantalo n’ikariso by’umugabo bakorana
Urukiko rwo muri Koreya y'Epfo rwaciye amande umugore wo muri icyo gihugu kubera imyitwarire idakwiriye ijyanye n'igitsina nyuma y'uko amanuye ipantalo n'ikariso by'umugabo bakorana by'impanuka bikabera imbere y'abakozi bagenzi babo,!-->!-->!-->…
Gasabo:GS Ruhanga habaye igikorwa cyo kwibuka abari abanyeshuri n’abarimu bazize Jenoside…
Mu Karere ka Gasabo mu Murenge wa Rusororo mu Kagari ka Ruhanga kuwa Gatanu tariki 30 Gicurasi kuri GS Ruhanga habaye igikorwa cyo kwibuka abari abanyeshuri abarimu n'abandi bazize Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994 igikorwa!-->…
Iyo umuryango umwe uzimye, Igihugu kiba kibuze amaboko – Minisitiri Uwimana
Minisitiri w’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango, Uwimana Consolée, avuga ko umuryango ari inkingi ihetse Abanyarwanda, bityo iyo umuryango umwe uzimye Igihugu kiba kibuze amaboko.
Minisitiri Uwimana avuga ko iyo umuryango umwe!-->!-->!-->…
Itangazo rya Uwase Sandra wifuza guhinduza amazina.
Uwitwa Uwase SIBAMWE Sandra mwene Butsitsi na Uwamahoro Irene utuye mu Ntara y'Iburengerazuba, Akarere ka Rubavu, Umurenge wa Gisenyi, mu Akagali ka Umuganda, umudugudu wa Dukore, yanditse asaba uburenganzira bwo guhinduza amazina yari!-->…
IGIPIMO CY’UBUSHYUHE KIZIYONGERAHO 1.5 MU MYAKA 5 IRI IMBERE.
UBUSHAKASHATSI BUGARAGAZA KO MU MYAKA 5 IRI IMBERE IGIPIMO CY'UBUSHYUHE KIZAZAMUKAHO 1.5
Hakurikijwe umuvuduko wo hejuru igipimo cy'ubushyuhe kiri kuzamukaho buri mwaka, ibikomeza no kugira ingaruka ku bantu n'ibidukikije muri!-->!-->!-->!-->!-->…
Gasabo: Abaturage baratabaza kubera abana babo bagwa mu kirombe gicukurwamo Kariyeri
Mu karere ka Gasabo, Umurenge wa Ndera mu kagari ka Mukuyu mu mudugudu wa Karambo hari icyobo gicukurwamo kariyeri kiri kuvuna abana kuko abaturage bahatuye bavuga ko kimaze kugwamo abana babo
Bamwe mu baturage!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Menya inzoga yaciwe ku isoko mu Rwanda
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Kugenzura Ubuziranenge bw’Ibiribwa n’Imiti, Rwanda FDA, cyahagaritse ikorwa n’icuruzwa ry’inzoga yitwa Ubutwege ikorwa muri tangawizi, kubera ko itujuje ubuziranenge kandi ikorwa mu buryo butemewe.
Inzoga!-->!-->!-->…
Gasabo-Rusororo: GS Rusororo Adventiste habaye igikorwa cyo kwibuka Abazize Jenoside yakorewe…
Umujyi wa Kigali Akarere ka Gasabo Umurenge wa Rusororo mu kagari ka Nyagahinga habaye igikorwa cyo kwibuka abari abanyeshuri abarimu n'abandi bazize Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994.
Urugendo rwo Kwibuka rwatangiriye muri GS!-->!-->!-->…
Nyarugenge: Abagabo batawe muri yombi bazira kwiba imikufi
Abagabo babiri batawe muri yombi bazira kwiba imikufi mu imurikagurisha.
Polisi yo mu Mujyi wa Kigali yataye muri yombi abagabo babiri bakekwaho kwiba umugabo witwa Amuri yusufu wari witabiriye imurika gurisha ry'abanyamisiri riri!-->!-->!-->!-->!-->…
DORE IBIKUBIYE MU MASEZERANO U RWANDA RWAGIRANYE NA ATLETICO MADRID.
Guhera uyu munsi u Rwanda na Atletico Madrid bagiranye amasezerano muri gahunda ya Visit Rwanda.
Atletico Madrid yabaye ikipe ya kane ku mugabane w'Iburayi igiranye amasezerano n'u Rwanda, ikaba iya mbere muri Esipanye igeze kuri!-->!-->!-->!-->!-->…
Itangazo rya Dusingizimana Elvira wifuza guhinduza amazina.
Uwitwa DUSINGIZIMANA Elvira mwene Mukama na Uwamaliya utuye mu Mudugudu wa Karongi, akagali ka Kibagabaga, Umurenge wa Kimironko, Akarere ka Gasabo ho mu muji wa Kigali yanditse asaba uburenganzira bwo gihinduza amazina yari asanganywe!-->…
NIGERIA:IMYAKA 10 ISHIZE AGURISHA IBICE BY’IMIBIRI Y’ABANTU.
Umugabo ukekwaho kugurisha ibice by'imibiri y'abantu muri Nijeriya yiyemereye ko yari amaze imyaka 10 abikora, atarafatwa.
Uyu mugabo yafashwe mu mpera z'icyumweru dusoje, afatwa n'ingabo zo muri diviziyo ya 81 y'igisirikari cya!-->!-->!-->!-->!-->…
IBISIGAZWA BY’URUTOZI RWA MBERE RWABAYEHO BYASANZWE MURI BRAZIL
Muri Brazil hagaragaye ibisigazwa by'urutozi rumaze imyaka miliyoni 113 rubayeho,bikekwa ko arirwo rwa mbere rwabayeho.
Mu matongo yo mu gihugu cya Brazil, nyuma y'imyaka miliyoni 113, hagaragaye ibisigazwa by'urutozi rukuze kurusha!-->!-->!-->!-->!-->…
2024 YAHESHEJE MICHAEL JORDAN MILIYONI 300 Z’AMADORALI.
N'ubwo hashize ibinyacumi by'imyaka birenga 2 ahagaritse gukina Basketball, Michael Jordan aracyinjiza agatubutse kurusha abandi bakinnyi ku isi.
Mu 1993, Michael Jordan yasezeye gukina Basketball nk'umwuga nyuma yo gufasha Chicago!-->!-->!-->!-->!-->…
NI IBIHE BIKOMEREZWA BIZITABIRA UMUHANGO WO GUHEREKEZA BWA NYUMA PAPA?
Benshi mu bayobozi bakomeye ku isi bategerejwe mu muhang wo guherekeza bwa nyuma Papa Fransisiko.
Nyuma y'urupfu rw'umushumba wa Kiliziya Gatorika ku isi Papa Fransisiko, hakomeje kuvugwa amazina y'abantu bavuga rikijyana,!-->!-->!-->!-->!-->…