Browsing Category
Izindi nkuru
Leta y’u Burundi yahakanye gutererana abaturage bayo bari muri Sudan
Leta y'u Burundi yahakanye amakuru yavugaga ko yatereranye abaturage bayo bugarijwe n'intambara ikomeje kubica bigacika mu gihugu cya Sudan
Mu gihe intabara ikomeje kuba ndanze mu gihugu cya Sudan aho aba generali babiri bakomeje!-->!-->!-->!-->!-->…
Itangazo rya Mujawimana wifuza guhindura amazina
Uwitwa Mujawimana Xxx mwene Rwambuga na Kankindi, utuye mu Ntara y'Amajyepfo, Akarere ka Kamonyi, umurenge wa Mugina, mu kagari ka Mbati, umudugudu wa Kigorora, yanditse asaba uburenganzira bwo guindura amazina yari asanzwe akoresha ariyo!-->…
Itangazo rya Nyirandimubanzi yanditse asaba uburenganzira bwo guhindura amazina
Uwitwa NYIRANDIMUBANZI Clarisse mwene Nyirahategekimana utuye mu Ntara y'Iburengerazuba, Akarere ka Rutsiro, umurenge wa Murundi, akagali ka Mburamazi, ho mu mudugudu wa Kariba yanditse asaba uburenganzira bwo guhindura amazina yari!-->…
Burera: Yafashwe akekwaho kujya kugurisha inzitiramibu muri Uganda
Umugore witwa Uwimana yafatanywe imifuka ipakiyemo inzitiramibu (Super net), bikekwa ko yari azijyanye kuzigurishiriza muri Uganda, kandi bitemewe.
Uyu mugore usanzwe atuye mu Murenge wa Muhoza mu Karere ka Musanze, yafatiwe mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Lionnel Messi yakoreye ikintu gitangaje bagenzi be bakinana mu ikipe y’igihugu
Lionnel Messi kizigenza mu ikipe ya Argentina yaguriye terefoni yo mu bwoko bwa Iphone bagenzi be bakina mu ikipe y'igihugu
Messi yahaye buri mukinnyi na buri mukozi mu ikipe y’igihugu ya Argentine telefoni ya iPhone isize zahabu.!-->!-->!-->!-->!-->…
Itangazo rya Habimana wifuza guhinduza amazina
Uwitwa HABIMANA Robert mwene Habimana na Mukandori utuye mu Karere ka Rutsiro, Umurenge wa Boneza, Akagali ka Nkira, mu mudugudu wa Karukamba, yanditse asaba asaba uburenganzira bwo guhinduza amazina yari asanzwe akoresha ariyo HABIMANA!-->…
Itangazo rya Triphose wanditse asaba uburenganzira bwo guhindura amazina.
Uwitwa UWAMAHORO Triphose mwene Ntanshuti na Nyirahimana utuye mu Ntara y'Iburengerazuba, mu Karere ka Rutsiro, umurenge wa Kivumu, akagari ka Nganzo, umudugudu wa Muramba yanditse asaba uburenganzira bwo guhindura amazina ye yari asanzwe!-->…
Itangazo rya Sikubwabo wifuza guhinduza amazina
Uwitwa SIKUBWABO Elie mwene Sikubwabo na Mukamusoni utuye mu Karere ka Rubavu, umurenge wa Rubavu, Akagali ka Byahi ho mu Ntara y'Uburengerazuba, yanditse asaba aruhushya rwo guhindura amazina yari asanzwe akoresha ariyo SIKUBWABO ELIE!-->…
France: Umunyeshuri w’imyaka 16 yishe mwalimu we amuteye icyuma
Mu gihugu cy'Ubufaransa haravugwa inkuru y'umwana w'umunyeshuri waraye wishemwalimu we amuteye icyuma, bikavugwa ko uwo mwana ashobora kuba yari afite uburwayi bwo mu mutwe.
Umunyeshuri wo mu ishuri ryisumbuye mu Mujyi wa!-->!-->!-->!-->!-->…
Nigeria: Pasteur yakoze agashya ajya kubwiriza mu rusengero yitwaje imbunda ya Kalachinkov
Polisi yo mu gihugu cya Nigeria yatangaje ko yataye muri yombi umupasitori uherutse kujya mu rusengero kubwiriza ijambo ry'Imana yitwaje imbunda ya Kalachinkov atabifitiye uburenganzira.
Kuri iki cyumweru taliki ya 12 Gashyantare!-->!-->!-->!-->!-->…
Menya kimwe mu bintu bikomeye Israel Mbonyi wahiriwe n’urugendo yifuza muri uno mwaka
Bwana Israel MBONYI uzwi cyane mu ndirimbo zo guhimbaza Imana yatangaje intego ikomeye afitiye uno mwaka itangaza benshi
Israel MBONYI umwe mu bahanzi bamaze imyaka myinshi barigaruriye ikibuga cya muzika ihambaza Imana mu Rwanda!-->!-->!-->!-->!-->…
Ururimi rw’Icyongereza rwahigitse igishinwa ku rutonde rw’indimi zikoreshwa na benshi ku…
Ubushakashatsi bushya bwagaragaje ko ururimi rw'icyongereza rwahigitse urw'Igishinwa mu gukoreshwa n'umubare minini w'abatuye isi.
Icyongereza gikomeje kuyobora urutonde rw’indimi 25 zivugwa n’abantu benshi kurusha izindi mu isi.!-->!-->!-->!-->!-->…
Itangazo rya Gisubizo usaba uburenganzira bwo guhindurirwa amazina.
Uwitwa Gisubizo Erneste mwene Safari na Nyiransabimana utuye mu ntara y'Uburengerazuba, mu Karere ka Rubavu, umurenge wa Rugerero, mu kagali ka Rwaza, ho mu mudugudu wa Byima, yanditse asaba uburenganzira bwo guhinduza amazina yari asanzwe!-->…
Itangazo rya Ndahimana wifuza guhindurirwa amazina.
Uwitwa Ndahima Xxx mwene Banzubaze na Mukamana utuye mu Ntara y'Iburengerazuba, Akarere ka Rutsiro, umurege wa Mushonyi, Akagari ka Rurara ho mu mudugudu wa Ruhengeri yanditse asaba uburenganzira bwoguhinduza amazina yari asanzwe akoresha!-->…
Nkuranga Aimable yafunguwe by’agateganyo
Nkuranga Aimable wahoze ari Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Ihuriro ry’Ibigo by’Imari Iciriritse mu Rwanda (AMIR) ukurikiranyweho ibyaha by’ubwambuzi mu bucuruzi bw’amafaranga binyuze mu ikoranabuhanga , urukiko rwategetse ko arekurwa!-->!-->!-->…