Browsing Category
Izindi nkuru
China: Leta y’Ubushinwa yahagaritse BBC nyuma yo gutangaza ibitanejeje ubuyobozi.
Leta y'Ubushinwa yatangaje ko yamaze guhagarika radiyo na Tereviziyo BBC kubera gutangaza inkuru itashimishije ubuyobozi.
Nyuma y'aho igitangazamakuru cy'Ubwongereza BBC gishyiriye hanze amakuru ataranyuze Ubuyobozi bw'Ubushinwa, ku!-->!-->!-->!-->!-->…
Yiteguye gukora ubukwe burapfa abukora ari wenyine
Nyuma yo guhemukirwa yahisemo kwikorana ubukwe wenyine Uyu munyamerikakazi w’imyaka 35 yahisemo kwikorana ubukwe mu birori bidasanzwe yakoreye imbere y’umuryango we nyuma yo guhemukirwa n’umusore bari kuzabana habura amezi ane ngo ubukwe!-->…
Prof LYAMBABAJE yaraye yemejwe nk’umuyobozi wa Kaminuza y’u Rwanda
Inteko Rusange ya Sena yaraye yemeje Prof. Lyambabaje Alexandre nk’Umuyobozi Mukuru wa Kaminuza y’u Rwanda nyuma yo kugezwaho raporo ya Komisiyo y’Imibereho y’Abaturage n’Uburenganzira bwa Muntu yasuzumye dosiye ye, igaragaza ko afite!-->!-->!-->…
Inyungu za twitter ziyongereyeho arenga miliyari mu gihe cya corona virus.
Mu mezi atatu ya nyuma y'umwaka wa 2020 Twitter yagize inyungu nyinshi cyane itari yarigeze igira imbere, isoza icyo umukuru y'iyi kompanyi yise "umwaka udasanzwe".
Uru rubuga nkoranyambaga rwatangaje ko inyungu yarwo yiyongereyeho!-->!-->!-->!-->!-->…
RUSIZI: Gitifu NDAGIJIMANA arashinjwa kwambura inyama umuturage utarishyura mitiweri.
Hari umuturage wo mu Karere ka Rusizi ushinja gitifu w'Akagari kumwambura inyama amuziza kuba atari yishyura ubwisungane mu kwivuza buzwi nka mitiweri.
Mu Karere ka Rusizi buri gihe mu ntangiriro z’umwaka hari abaturage bibumbira mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Ruhango: Abarimu ba GS Indangaburezi bararira ayo kwarika nyuma yo kumara imyaka 3 yose badahembwa.
Abarimu bigisha mu kigo cy'amashuri cya GS baratakambira Akarere kubisghyuriza ubuyobozi bw'ishuri ryabo kuko bamaze imyaka igera kuri itatu batazi ikitwa umushahara uko gisa.
Umwe mu barimu utashatse ko amazina ye ashyirwa mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Rwanda: FERWAFA yashyizeho umurongo ku bashaka gushimira ikipe y’AMAVUBI
FERWAFA yashyizeho umurongo abifuza gushimira ikipe ya AMAVUBI bagomba gukurikiza bigakorwa nta kavuyo.
Nyuma y'aho abantu besnhi bashimishijwe no kubona u Rwanda rwitwaye neza mu mikino ikomeje kubera mu gihugu cya Cameroune,!-->!-->!-->!-->!-->…
France: Umugore yapfanye garama 400 za cocaine mu nda.
Umugore w’imyaka 45 wabaga mu Bubiligi yapfuye ahitanywe n’udupfunyika 36 tw’ikiyobyabwenge cya Kokayine (cocaine) yari atwaye mu nda, twose hamwe dupima garama zirenga 400.
Uyu mugore ukomoka mu Buholandi yaguye mu Bitaro bya!-->!-->!-->!-->!-->…
Umukobwa yirukanwe ku kazi azira ko ikariso ye yari yishushanyije ku ipantalo.
Umukobwa w’ikizungerezi yirukanwe ku kazi azira ko ikariso ye yari yishushanyije mu ipantaro bigashotora abagabo.
Uyu mukobwa utavuzwe amazina yirukanwe ku kazi na kompanyi imwe yo mu Mujyi wa Lagos kuko ikariso yari yishushanyije mu!-->!-->!-->…
Kenya:Abarimu batunguye abantu ubwo basabaga leta kubaha imbunda n’imyitozo ya Gisirikare
Ihuriro ry’abarimu bigisha mu mashuri makuru yo mu gihugu cya Kenya (KUPPET), ryasabye Leta yiki gihugu guha imbunda ndetse n’imyitozo ya gisirikare, abarimu bo mu bice bitandukanye by’igihugu bikunze kurangwamo umutekano muke.
!-->!-->!-->…
Rubavu:Inkongi y’umuriro yahitanye umugore apfira mu nzu yabagamo wenyine
Mu karere ka Rubavu mu murenge wa Rugerero akagari ka Rwaza mu mudugudu wa Mushoko haravugwa urupfu rw’umugore witwa Mushimiyimana Grace wari mu kigero cy’imyaka 40 wahiriye mu nzu mu buryo budasobanutse, ahita apfa.
Nkuko amakuru!-->!-->!-->!-->!-->…
Icyogajuru NASA yohereje kitwa “Perseverance” kiri hafi kugera kuri Mars mu gihe gito!
Ikigo kiga ku isanzure cyitwa" Perseverance "cya leta Amerika cyohereje ikinyabiziga kidasanzwe ku mubumbe wa Marsgishigaje ibyumweru bitatu kikaba cyageze kuri Mars.
Iyi robot muri iki gihe igeze ku ntera ya kilometero zigera kuri!-->!-->!-->!-->!-->…
Ibyishimo bikabije byo gutera akabariro byamuhitanye arapfa
Umugabo witwa Charles Majawa w’imyaka 35 yapfuye ubwo yarimo gusambana n’umukobwa wicuruza w’ahitwa Phalombe muri Malawi bivugwa ko yishwe n’uburyohe bwo gutera akabariro yahuye nabwo.
Amakuru yatangajwe n’uyu mukobwa wakoranaga!-->!-->!-->…
Burera: Biyemeje kureka ubuzererezi maze bagakora umushinga wo gutwara abantu mu bwato mu kiyaga
Urubyiruko rwahoze ari inzererezi ruvuga ko nyuma yo gusanga nta cyiza cyabwo, rwahinduye imyumvire rukora umushinga, rugana SACCO ibaha inguzanyo baguramo ubwato butwara abagenzi mu kiyaga cya Burera.
Urubyiruko rwahoze ari!-->!-->!-->!-->!-->…
Kigali:Amashuri y’incuke, ntagitangiye kuri uyu wa mbere abanza n’ayisumbuye yafunzwe ibyumweru 2
Minisiteri y’Uburezi ku bufatanye na Minisiteri y’Ubuzima, yatangaje ko amashuri y’incuke, abanza n’ayisumbuye yo muri Kigali afunze guhera kuri uyu wa Mbere tariki 18 Mutarama 2021 mu rwego rwo gukumira icyorezo cya COVID-19, cyane cyane!-->…