Browsing Category
Izindi nkuru
Prof. Shyaka yeretse GATABAZI wamusimbuye ku buyobozi bwa MINALOC ibyo agomba kuzitaho.
Ubwo bahererekanyaga ububasha bw’inshingano, Prof Shyaka Anastase wahoze ari Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu uherutse gusimburwa na Gatabazi Jean Marie Vianney, yamubwiye ko hari byinshi byakozwe ariko anamwereka ibyo azashyiramo!-->!-->!-->…
Kigali:Umugabo yakoreye iyica rubozo umwana we w’umukobwa amakubita urutsinga rw’amashanyarazi…
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, bwerekanye umugabo wo mu Karere ka Gasabo, ukekwaho icyaha cyo gukubita no gukomeretsa umwana we w’imyaka ine mu buryo bukomeye akoresheje urusinga.
Kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 19 Werurwe!-->!-->!-->!-->!-->…
Nick Stoeberl ufite agahigo ko kugira ururimi rurerure asigisha irangi.
Bwana Nick ufite ururimi rurerure ku isi arukoresha mu gusiga irangi.
Umunyamerika witwa Nick Stoeberl kugeza ubu niwe ufite ururimi rurerure, urwo rurimi rureshya na santimetero 10 n'igice kimwe. Uwo Munyamerika avuga ko ururimi!-->!-->!-->!-->!-->…
Itangazo rya UBAYEHO wifuza guhindurirwa amazina.
Uwitwa UBAYEHO mwene KARIMUNZIRA na NYIRARWIMO utuye mu Murenge wa Ruhango, Akarere ka Rutsiro, mu Ntara y'uburengerazuba, arasaba uburenganzira bwo guhindurirwa amazina ye yari asanzwe akoresha ariyo UBAYEHO xxx, Hakiyongeraho "JEAN!-->!-->!-->…
Nyamasheke:Yishe umugore we amujugunya mu musarane, nawe ashaka kwiyahura biramwangira
Umugabo witwa Nteziryimana Jean Paul wo mu mudugudu wa Gitwa akagari ka Gasovu amurenge wa Karambi mu karere ka Nyamasheke Yishe umugore we amujugunya mu musarane nawe agerageza kwiyahuza samakombe, ibibyabaye ejo hashize kuwa 12 Werurwe!-->…
Kigali: Umushumba w’inka”w’imyaka 50 yashyingiranywe n’umukobwa wize w’imyaka 21
Mu murenge wa Ndera akarere ka Gasabo Umushumba waragiraga inka w’imyaka 50 witwa Muhirwa André yakoze benshi ku mutima kubera inkuru y’urukundo rwe n’umugore we Niyibishaka Ange arusha imyaka 29 bashyingiranywe.
Amakuru avuga ko uyu!-->!-->!-->…
Noneho Rusesabagina avuze ko atazongera kwitabira urubanza rwe
Paul Rusesabagina avuze ko nta butabera ategereje mu rukiko ruri kumuburanisha bityo atazongera kwitabira uru rubanza.
Urukiko rwari rumaze kwanga ubusabe bwe bwo gusubika uru rubanza igihe cy’amezi atandatu, rutegeka ko rukomeza we!-->!-->!-->…
Itangazo rya Alleluya NIYOMAHORO wifuza guhindurirwa amazina
Uwitwa UWAMAHORO Alleluya mwene UWAYO Francois na NIYOYITA Anitha arifuza guhindurirwa amazina yari asanzwe akoresha, akitwa UWAMAHORO Henriette, akaba ari nayo mazina yifuza ko yandikwa mu gitabo cy'irangamimerere agasimbura UWAMAHORO!-->!-->!-->…
TAIFA arashinja Olivier Karekezi imyitwarire mibi itatuma atoza AMAVUBI
Umunyamakuru wa Radio na TV10 Bwana Taifa arasanga Bwana Olivier Karekezi, umutoza wa Kiyovu adashobora gutoza ikipe y'amavubi kubera imyitwarire ye mibi.
Ibi Bwana KALISA BRUNO uzwi cyane nka Taifa, akaba ari umunyamakuru!-->!-->!-->!-->!-->…
Amafoto ya Lionnel, umusore w’umunyarwanda wihinduje umukobwa.
Umusore witwa Lionnel, umunyarwanda wibagishije yihinduza umukobwa ahindura n'amazina.
Hari umusore w'Umunyarwanda bivugwa ko amaze igihe kitari gito yimukiye muri Leta Zunze ubumwe za Amerika yahisemo kwibagisha umubiri we hafi ya!-->!-->!-->!-->!-->…
Sadate arashinja Sam kumuharabika no gushaka kumwangisha rubanda.
Bwana Sadate wahoze ayobora ikipe ya Rayon arashinja Sam Karenzi kuba ari kumuharabika no gushaka kumwangisha rubanda.
Ibi Bwana Sadate wahoze ayobora ikipe ya Rayon sport nyuma akaza kuvanwaho n'urwego rw'imiyoborere mu Rwanda RGB!-->!-->!-->!-->!-->…
Bararira ayo kwarika nyuma yo kugirwa ingumba ku gahato none bagiye kuburana
Urubanza rukomeye rwatangiye kuba muri Peru ku wa mbere, aho uwahoze ari Perezida Alberto Fujimori ashobora kuregwa kugira ingumba abaturage babarirwa mu bihumbi amagana.
Uyu ni umwe mu bigaragambya afite agasabo k'intanga-ngore gakoze!-->!-->!-->…
Polisi yafashe 37 bishe amabwiriza yo kwirinda Covid-19 barimo abafataga amashusho ya Filimi.
Polisi yerekanye abasore n’inkumi 37 bafashwe barenze ku mabwiriza yo kwirinda icyorezo cya COVID19 mu mujyi wa Kigali bari mu bikorwa 2 bitandukanye.
Muri aba bantu 37, 27 bafashwe bafata amashusho ya filime muri guest house!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Hatangijwe igikorwa cyo gusukura umujyi wa Nyanza.
Umuyobozi w'Akarere ka Nyanza yatangije igikorwa cyo gusukura umujyi wa Nyanza.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere taliki ya 1 Werurwe 2021, ari kumwe n'umunyamabanga nshingwabikorwa w'Umurenge wa Busasamana, Umuyobozi w'Akarere ka!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyenzamu w’Amavubi Yves Kimenyi yambitse impeta y’urukundo Miss Muyango.
Umunyezamu wa Kiyovu Sports Kimenyi Yves yambitse impeta y’urukundo umukunzi we Muyango Claudine amusaba ko yazamubera umugore.
Rutahizamu w'ikipe ya Kiyovu sport n'ikipe y'igihugu AMAVUBI, Bwana KIMENYI Yves, kuri uyu wa 28!-->!-->!-->!-->!-->…