Browsing Category
Izindi nkuru
Abarindira umutekano perezida Ramaphoza bakorewe agasuzuguro muri Pologne
Abasirikare barinda Perezida wa Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa, bahuye n’uruva gusenya ubwo bageraga muri Pologne, bangirwa kuva mu ndege mu gihe bagombaga kumucungira umutekano, bakanamuherekeza mu ruzinduko muri Ukraine.
Ni!-->!-->!-->!-->!-->…
Itangazo rya Nyiramashuri wifuza guhinduza amazina
Uwitwa Nyiramashuri Chanceline mwene Ntagisanimana na Ntibaringanira utuye mu mudugudu wa Kampi, akagali ka Nyagahinika, mu murenge wa Kigeyo ho mu ntara y'iburengerazuba yanditse asaba uburenganzira bwo guhinduza amazina ye yari asanzwe!-->…
Itangazo rya NIYIGABA wifuza guhinduza amazina yari asanganywe
Uwitwa NIYIGABA Xxx mwene - na Mukaburanga utuye mu Ntara y'Iburengerazuba, mu Karere ka Rutsiro, umurenge wa Musasa, akagali ka Gisiza, umudugudu Nyagafurwe yanditse asaba uburenganzira bwo guhinduza amazina yari asanzwe ariyo NIYIGABA!-->…
Itangazo rya Karamira usaba uburenganzira bwo guhinduza amazina
Uwitwa Karamira Callixte mwene Ntawuruhunga na Mukabahizi utuye mu Ntara y'Iburengerazuba, mu Karere ka Rutsiro, umurenge wa Boneza, Akagali ka Bushaka, ho mu mu mudugudu wa Kabirizi, yanditse asaba uburenganzira bwo guhinduza amazina yari!-->…
Umushumba wa kiliziya gaturika ku isi yihanganishije Abanyarwanda bibasiwe n’ibiza
Ibiro by’Intumwa ya Papa mu Rwanda byatangaje ko Papa Fransisiko yifatanyanyije n’Abanyarwanda mu kababaro kubera abitabye Imana bazize ibiza.
Ikinyamakuru ‘Vatican News’ na cyo cyanditse ko Papa Francis yavuze ko ababajwe kandi!-->!-->!-->!-->!-->…
Dore uko ibihugu byo mu Karere no ku isi bikurikirana mu bwisanzure bw’itangazamakuru
Raporo y'uyu mwaka wa 2023 ku bwisanzure bw'itangazamakuru ku isi ishyira u Burundi ku mwanya wa 114 n'amanota 52.14 ku 100, wa mbere mu karere, naho u Rwanda ku mwanya wa 131 n'amanota 46.58 ku 100 mu bihugu 180 byakoreweho!-->!-->!-->…
Umurambo wa Kevin waburiwe irengero kuwa gatandatu wasanzwe mu nda y’ingona
Umurambo w'Umunya-Australia wari waburiwe irengero ubwo yari arimo kuroba ari kumwe n'inshuti ze, wasanzwe imbere mu ngona.
Kevin Darmody yaherukaga kubonwa ari ahitwa Kennedy's Bend – agace kazwi cyane ko kabamo ingona ko mu!-->!-->!-->!-->!-->…
U Rwanda rwazamutseho imyanya 25 mu guha ubwisanzure itangazamakuru
U Rwanda rwazamutseho imyanya igera kuri 25 ku bijyanye no guha ubwisanzure bw'itangazamakuru, mu gihe u Burundi ari rwo ruyoboye urutonde mu karere k'ibiyaga bigari.
Kuri uyu wa gatatu taliki ya 3 Gicurasi 2023, U Rwanda!-->!-->!-->!-->!-->…
Leta y’u Burundi yahakanye gutererana abaturage bayo bari muri Sudan
Leta y'u Burundi yahakanye amakuru yavugaga ko yatereranye abaturage bayo bugarijwe n'intambara ikomeje kubica bigacika mu gihugu cya Sudan
Mu gihe intabara ikomeje kuba ndanze mu gihugu cya Sudan aho aba generali babiri bakomeje!-->!-->!-->!-->!-->…
Itangazo rya Mujawimana wifuza guhindura amazina
Uwitwa Mujawimana Xxx mwene Rwambuga na Kankindi, utuye mu Ntara y'Amajyepfo, Akarere ka Kamonyi, umurenge wa Mugina, mu kagari ka Mbati, umudugudu wa Kigorora, yanditse asaba uburenganzira bwo guindura amazina yari asanzwe akoresha ariyo!-->…
Itangazo rya Nyirandimubanzi yanditse asaba uburenganzira bwo guhindura amazina
Uwitwa NYIRANDIMUBANZI Clarisse mwene Nyirahategekimana utuye mu Ntara y'Iburengerazuba, Akarere ka Rutsiro, umurenge wa Murundi, akagali ka Mburamazi, ho mu mudugudu wa Kariba yanditse asaba uburenganzira bwo guhindura amazina yari!-->…
Burera: Yafashwe akekwaho kujya kugurisha inzitiramibu muri Uganda
Umugore witwa Uwimana yafatanywe imifuka ipakiyemo inzitiramibu (Super net), bikekwa ko yari azijyanye kuzigurishiriza muri Uganda, kandi bitemewe.
Uyu mugore usanzwe atuye mu Murenge wa Muhoza mu Karere ka Musanze, yafatiwe mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Lionnel Messi yakoreye ikintu gitangaje bagenzi be bakinana mu ikipe y’igihugu
Lionnel Messi kizigenza mu ikipe ya Argentina yaguriye terefoni yo mu bwoko bwa Iphone bagenzi be bakina mu ikipe y'igihugu
Messi yahaye buri mukinnyi na buri mukozi mu ikipe y’igihugu ya Argentine telefoni ya iPhone isize zahabu.!-->!-->!-->!-->!-->…
Itangazo rya Habimana wifuza guhinduza amazina
Uwitwa HABIMANA Robert mwene Habimana na Mukandori utuye mu Karere ka Rutsiro, Umurenge wa Boneza, Akagali ka Nkira, mu mudugudu wa Karukamba, yanditse asaba asaba uburenganzira bwo guhinduza amazina yari asanzwe akoresha ariyo HABIMANA!-->…
Itangazo rya Triphose wanditse asaba uburenganzira bwo guhindura amazina.
Uwitwa UWAMAHORO Triphose mwene Ntanshuti na Nyirahimana utuye mu Ntara y'Iburengerazuba, mu Karere ka Rutsiro, umurenge wa Kivumu, akagari ka Nganzo, umudugudu wa Muramba yanditse asaba uburenganzira bwo guhindura amazina ye yari asanzwe!-->…