Browsing Category
Izindi nkuru
Madamu Jeanette Kagame yahuye n’abanyeshuri biganye i Burundi
Jeanette Kagame Madamu wa perezida w’u Rwanda yongeye kugaragaza iby’ishimo nyuma yo guhura n’abanyeshuri biganye mu mwaka 4 w’amashuri y’isumbuye aho bigaga ku ishuri rya Lycee Clarte Notre Dame mu Burundi, ubu rikaba ryitwa Lycee!-->!-->!-->…
Umugore wabyaranye na Elon Musk yamureze mu rukiko amushinja kumwima umwana
Umuririmbyi Grimes yatanze ikirego gisaba uburenganzira ku bana batatu yabyaranye na Elon Musk, umuntu ukize kurusha abandi ku isi ubu.
Inyandiko z’urukiko zerekana ko Grimes, amazina ye nyakuri ni Claire Boucher, yatanze icyo!-->!-->!-->!-->!-->…
Prof Harelimana wigeze kuyobora RCA n’abo bareganwa bafunguwe by’agateganyo
Kuri uyu wa gatatu taliki ya 4 Ukwakira 2023, Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge rwategetse ko Prof Harelimana Jean Bosco Harelimana wahoze ari Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Amakoperative (RCA) na Hakizimana Clever wari!-->!-->!-->…
KNC yifatiye mu gahanga PAC ayishinja gusuzugura abayobozi mu ibazwa
Bwana KNC ntiyemeranywa na PAC uburyo ikoresha mu kubazaba abayobozi bamwe na bamwe baba bakoresheje nabi umutungo wa Leta.
Ubwo bari mu kiganiro kizwi nka "Rirarashe", kimwe mu biganiro bikunzwe cyane gikorwa na Kakooza Charles!-->!-->!-->!-->!-->…
Itangazo rya Uwayo wifuza guhindurirwa amazina
Uwitwa Uwayo Julie Gentille mwene Seminega Frigence na Mukankusi Jacqueline utuye mu Karere ka Musanze, umurenge wa Musanze, akagali ka Rwambogo, umudugudu wa Gakoro ho mu Ntara y'amajyaruguru yanditse asaba uburegenzira bwo guhindurirwa!-->…
DORE IBIHUGU BITANU BITURUKAMO IBICURUZWA BYINSHI BYA PIRATE
BIMWE MU BIHUGU BIKUNZE KWIGANA IBYAKOZWE N'ABANDI GUSA HARI IBYINJIZA AGATUBUTSE KURUSHA IBINDI.
Ushobora kuba nawe waraguze bimwe mu bikoresho watekerezaga ko byavuye ku ruganda rwanditse kuribyo nyamara barabyiganye. Urugero ni!-->!-->!-->!-->!-->…
BNR yahagurukiye ikibazo cy’abambuye SACCO arenga miliyoni 400
Banki Nkuru y’u Rwanda iraburira abatuye Intara y’Amajyaruguru bambuye imirenge SACCO bakaba batarishyura inguzanyo bafashe, ko hari ibihano byabateganyirijwe birimo no gutangaza ba bihemu bagatangira gukurikiranwa.
Iyakaremye Fils!-->!-->!-->!-->!-->…
Itangazo rya Nyirangirimana wifuza guhinduza amazina
Uwitwa Nyirangirimana Xxx mwene Nyandwi na Nyiranzayino utuye mu Ntara y'Ibuburengerazuba, Akarere ka Rutsiro, Umurenge wa Kivumu, Akagali ka Nganzo ho mu mudugudu wa Nyabiti, yanditse asaba uburenganzira bwo guhindurirwa amazina yari!-->…
LONI irashinjwa bamwe mu basirikare bakomeye ba RDF kuyobora urugamba muri DRC
Hari raporo ya Loni yongeye gushinja ingabo z'u Rwanda kugira akaboko mu ntambara imaze igihe yarayogoje Repubulika iharanira demokarasi ya Congo
Raporo nshya y'umuryango w'abibumbye yongeye gutunga agatoki u Rwanda binyuze mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Abarindira umutekano perezida Ramaphoza bakorewe agasuzuguro muri Pologne
Abasirikare barinda Perezida wa Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa, bahuye n’uruva gusenya ubwo bageraga muri Pologne, bangirwa kuva mu ndege mu gihe bagombaga kumucungira umutekano, bakanamuherekeza mu ruzinduko muri Ukraine.
Ni!-->!-->!-->!-->!-->…
Itangazo rya Nyiramashuri wifuza guhinduza amazina
Uwitwa Nyiramashuri Chanceline mwene Ntagisanimana na Ntibaringanira utuye mu mudugudu wa Kampi, akagali ka Nyagahinika, mu murenge wa Kigeyo ho mu ntara y'iburengerazuba yanditse asaba uburenganzira bwo guhinduza amazina ye yari asanzwe!-->…
Itangazo rya NIYIGABA wifuza guhinduza amazina yari asanganywe
Uwitwa NIYIGABA Xxx mwene - na Mukaburanga utuye mu Ntara y'Iburengerazuba, mu Karere ka Rutsiro, umurenge wa Musasa, akagali ka Gisiza, umudugudu Nyagafurwe yanditse asaba uburenganzira bwo guhinduza amazina yari asanzwe ariyo NIYIGABA!-->…
Itangazo rya Karamira usaba uburenganzira bwo guhinduza amazina
Uwitwa Karamira Callixte mwene Ntawuruhunga na Mukabahizi utuye mu Ntara y'Iburengerazuba, mu Karere ka Rutsiro, umurenge wa Boneza, Akagali ka Bushaka, ho mu mu mudugudu wa Kabirizi, yanditse asaba uburenganzira bwo guhinduza amazina yari!-->…
Umushumba wa kiliziya gaturika ku isi yihanganishije Abanyarwanda bibasiwe n’ibiza
Ibiro by’Intumwa ya Papa mu Rwanda byatangaje ko Papa Fransisiko yifatanyanyije n’Abanyarwanda mu kababaro kubera abitabye Imana bazize ibiza.
Ikinyamakuru ‘Vatican News’ na cyo cyanditse ko Papa Francis yavuze ko ababajwe kandi!-->!-->!-->!-->!-->…
Dore uko ibihugu byo mu Karere no ku isi bikurikirana mu bwisanzure bw’itangazamakuru
Raporo y'uyu mwaka wa 2023 ku bwisanzure bw'itangazamakuru ku isi ishyira u Burundi ku mwanya wa 114 n'amanota 52.14 ku 100, wa mbere mu karere, naho u Rwanda ku mwanya wa 131 n'amanota 46.58 ku 100 mu bihugu 180 byakoreweho!-->!-->!-->…