Browsing Category
Izindi nkuru
Itangazo rya Ndahimana wifuza guhindurirwa amazina.
Uwitwa Ndahima Xxx mwene Banzubaze na Mukamana utuye mu Ntara y'Iburengerazuba, Akarere ka Rutsiro, umurege wa Mushonyi, Akagari ka Rurara ho mu mudugudu wa Ruhengeri yanditse asaba uburenganzira bwoguhinduza amazina yari asanzwe akoresha!-->…
Nkuranga Aimable yafunguwe by’agateganyo
Nkuranga Aimable wahoze ari Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Ihuriro ry’Ibigo by’Imari Iciriritse mu Rwanda (AMIR) ukurikiranyweho ibyaha by’ubwambuzi mu bucuruzi bw’amafaranga binyuze mu ikoranabuhanga , urukiko rwategetse ko arekurwa!-->!-->!-->…
Afande Ian Kagame umuhungu wa Perezida Kagame yagaragaye mu mutwe w’aba GP
Igihagararo, ubumenyi n’ubushobozi Ian Kagame, umuhungu wa Perezida Paul Kagame, arabifite ngo agirirwe icyizere cyo kuba mu barinda Perezida.
Uyu musirikare ukiri muto kuko aheruka kwinjira igisirikare tariki 04 Ugushyingo, 2022!-->!-->!-->!-->!-->…
USA:Trump Organisation yahamwe n’ibyaha 17 kubera kunyereza imisoro mu myaka 15
Kompanyi ya Donald Trump wayoboye Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yahamijwe ibyaha 17 kubera kunyereza imisoro, itegekwa kwishyura akayabo.
Urukiko rwa Manhattan rwo mu mujyi wa New York nirwo rwahamije ibyaha 17, ikigo cy'ubucuruzi!-->!-->!-->!-->!-->…
IATA yashyize hanze urutonde rwa Pasiporo zikomeye kurusha izindi ku isi mu mwaka wa 2023
Kompanyi yo mu Bwongereza y’ibijyanye n’ubwenegihugu n’aho gutura Henley & Partners yasohoye raporo yayo ya buri gihembwe ya pasiporo zifuzwa cyane ku isi bitewe n’aho zishobora kugeza abazifite.
Hari ibihugu bitatu bya Aziya!-->!-->!-->!-->!-->…
USA: Umwana yavumbuye iryinyo ry’ifi yo mu bwoko bumaze imyaka irenga miliyoni 3 buzimiye.
Umwana w'umukobwa wo muri Amerika yavumbuye mu mazi iryinyo ry'ifi rutura iri mu bwoko bw'amafi amaze imyaka irenga miriyoni 3 yarazimiye akaba akibaho.
Umwana witwa Molly Sampson ufite imyaka 9 y'amavuko ni we watoraguye iryinyo!-->!-->!-->!-->!-->…
Magner Group umutwe w’abacancuro umaze iminsi uvugwa muri DRC ni mutwe ki?
Magner group ni kompanyi yigenga ya servisi za gisirikare yo mu Burusiya ikuriwe na Yevgeny Prigozhin, umuherwe w’umwizerwa wa hafi wa Perezida Vladimir Putin w'Uburusiya.
Tracey German, umwalimu n'impuguke mu ikemura makimbirane!-->!-->!-->!-->!-->…
Abasaga 60,000 baje kunamira Papa Benedigito wa XVI
Ku munsi wa Mbere w’ikiriyo, abasaga 60,000 ni bo bitabiriye umuhango wo kunamira Nyiricyubahiro Papa Benedigito wa XVI witabye Imana ku wa Gatandatu taliki ya 31 Ukuboza 2022 afite imyaka 95.
Urupfu rwe rwaje rukurikira!-->!-->!-->!-->!-->…
Itangazo rya Azarias wifuza guhindurirwa amazina
Uwitwa NTAKANYURUMWANZI Azarias mwene Nkinamubanzi Isaie na Nyiramakawa Deborah utuye mu Ntara y'Iburengerazuba, Akarere ka Rutsiro, Umurenge wa Mushonyi, akagali ka Magaba ho mu mudugudu wa Ruyogoro, yanditse asaba uburenganzira bwo!-->…
Kenya: Abaturage baranenga umukobwa wa perezida Ruto wihaye inshingano zidasanzwe muri Leta.
Bamwe mu baturage b'abanya Kenya bariye karungu mu kunenga umukobwa wa perezida Ruto wihaye inshingano zidasanzwe muri perezidansi.
Abakoresha imbunga nkoranyambaga muri Kenya batunguwe kandi baranenga ko Charlene Ruto, umukobwa wa!-->!-->!-->!-->!-->…
U Rwanda na Nigeria bibaye ibya mbere muri Afurika bisinye Artemis Accords
U Rwanda na Nigeria byabimburiye ibindi bihugu by’Afurika gusinya amasezerano yiswe Artemis Accords, agamije gusubiza abantu ku kwezi nibura mu mwaka wa 2025.
Amasezerano y’Artemis ni uruhurirane rw’amahame!-->!-->!-->!-->!-->…
Amerika yafatiye ibihano umuhungu wa perezida wa Zimbabwe
Leta zunze ubumwe za Amerika zongereye ku rutonde rw'abahawe ibihano umuhungu wa perezida Munangagwa kubera gukekwaho kugirana ubushuti n'umuherwe wo muri icyo gihugu nawe wafatiwe ibihano n'icyo gihugu cy'ighangange
Emmerson!-->!-->!-->!-->!-->…
Impunzi z’Abakongomani ziri mu Rwanda bazindukiye mu myigaragambyo
Impunzi z’Abanyekongo zicumbitse mu nkambi ya Kigeme mu Karere ka Nyamagabe mu Majyepfo y’u Rwanda, zaramukiye mu myigaragambyo yo kugaragaza agahinda batewe no kuba Igihugu cyabo cyaranze ko batahuka, bakavuga ko barambiwe kuba mu buhunzi!-->…
Umuyobozi ukomeye mu Rwanda yanenze bikomeye polisi y’u Rwanda ishami ryo mu muhanda
Honorable Evode Uwizeyimana yanenze bikomeye polisi y'u Rwanda avuga ko bimwe mu bizamini bakoresha ari ibintu bya kera bitagikoreshwa ku isi muri iyi myaka.
Kuri uyu wa gatandatu taliki ya 10 Ukuboza 2022, ubwo yari mu kiganiro!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Abikorera bibukijwe ko bagomba kugira uruhare mu gukumira ruswa
Abikorera bo mu karere ka Nyanza bibukijwe ko nabo bagomba kugira uruhare rufatika mu kurwanya ruswa ikomeje gushinga imizi cyane muri urwo rwego.
Kuri uyu wa gatanu taliki ya 9 Ukuboza 2022, mu cyumba cy'inama cy'akarere ka Nyanza!-->!-->!-->!-->!-->…