Browsing Category
Politike
EAC yongereye igihe ingabo z’akarere ziri muri DR Congo
Inama y'abakuru b'ibihugu byo mu muryango w'Afurika y'uburasirazuba (EAC) yongereye amezi atatu ubutumwa bw'ingabo z'uwo muryango (EACRF) ziri mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo kugarura umutekano.
Manda y'ingabo!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida Kagame yitabiriye Inama muri Kenya
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, yageze i Nairobi muri Kenya aho yitabiriye inama yiga ku mihindagurikire y’ibihe muri Afurika.
Ibiro by’Umukuru w’Igihugu bitangaza ko muri iyo nama Perezida Kagame!-->!-->!-->!-->!-->…
Guverineri yasabye abatuye lburasirazuba kwirinda kugwa mu by’amoko bimaze iminsi bivugwa.
Umuyobozi w'lntara y'Iburasirazuba Gasana Emanuel yasabye abaturage bo mu Ntara y'Iburasirazuba kwirinda ko bagwa mu bintu bya moko bimaze iminsi bivugwa bigamije kwiremamo amatsinda, gutonesha, icyenewabo, kwironda, ndetse no guheza!-->!-->!-->…
Bugesera: Kuva kuri Mudugudu kugera ku karere basinyiye kwesa umuhigo wo kugira isuku…
Mu midugudu yose y'Akarere ka Bugesera, utugari, imirenge kugera hejuru ku Karere abafatanyabikorwa bako, abaturage bahagarariye abandi basinyiye ko isuku n'isukura ari umuhigo bazesa.
Bari imbere ya Guverineri w’Intara!-->!-->!-->!-->!-->…
James Kabarebe uyoboye urutonde rw’aba jenerari bashyizwe mu kiruhuko cy’izabukuru ni…
Biragoye kuvuga igisirikare cy’u Rwanda RDF mu myaka hafi 30 ishize ngo usige izina rikomeye nka James Kabarebe kuri ubu uyoboye urutonde rw'abandi basirikare bo ku rwego rwo hejuru baraye bashyizwe mu kiruhuko cy'izabukuru.
Gen!-->!-->!-->!-->!-->…
USA yasabye abahiritse ubutegetsi muri Gabon kuburekura bakanarekura Perezida Ali Bongo
Leta Zunze Ubumwe za Amerika yamaganye igikorwa cyo guhirika ubutegetsi giherutse kuba ndetse isaba ko Perezida Ali Bongo ufungiye iwe arekurwa.
Mu itangazo Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Amerika yashyize hanze ku wa Gatatu,!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida Kagame yazamuye mu ntera abasirikare 10, aha inshingano nshya abajenerali 6
Perezida wa Repubulika Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, yazamuye mu ntera abasirikare 10 bari bafite ipeti rya Lt Colonel abaha ipeti rya Colonel; anabagira abayobozi ba za brigade.
Izi mpinduka zatangajwe!-->!-->!-->!-->!-->…
Gabon: Abasirikare bahiritse ubutegetsi bwa Ali Bongo wari umaze amasaha amake atsinze amatora
Perezida Ali Bongo, wari umaze amasaha make atangajwe nk’uwatsinze amatora y’Umukuru w’Igihugu muri Gabon, yahiritswe ku butegetsi n’igisirikare cy’iki gihugu.
Abasirikare bagaragaye kuri televiziyo y’igihugu muri Gabon bavuga!-->!-->!-->!-->!-->…
Guverineri nawe akurikiye abandi kuri operation “Umutware w’Abakono”
Habitegeko François wari Guverineri w’Intara y’Iburengerazuba na Mukamana Espérance wari Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’lgihuguGishinzwe Ubutaka bakuwe mu kazi na Perezida wa Repubulika, Paul Kagame.
Itangazo rikura aba bombi mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Yevgeny Prigozhin wayoboraga abarwanyi ba Wagner yaguye mu mpanuka y’indege
Inkuru y’urupfu rwa Yevgeny Prigozhin yasakaye ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu tariki 23 Kanama 2023, aho bivugwa ko yaba yaguye mu mpanuka y’indege yabereye i Moscow mu Murwa Mukuru w’u Burusiya.
Itangazamakuru rya Leta y’u!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida Kagame yihanangirije abaramya ubukene Kandi igihugu giharanira iterambere
Perezida Paul Kagame yavuze ko bitumvikana uburyo abantu bifata bakajya gusenga baramya ubukene mu gihe igihugu cyo gihora giharanira kugera ku bukire.
Yabitangaje kuri uyu wa Gatatu tariki 23 Kanama 2023, ubwo yitabiraga umuhango!-->!-->!-->!-->!-->…
Kenya: Perezida William Ruto yatangajwe no kuba hari abakozi ba Leta bamurusha umushahara
Perezida wa Kenya William Ruto, yavuze ko hari abakozi ba Leta bahembwa umushahara munini kumurusha, akibaza icyo bakora.
Yagize ati, “Ese bakora akahe kazi?”Perezida William Ruto yavuze ko yaje gusanga hari bamwe mu bayobozi!-->!-->!-->!-->!-->…
ECOWAS yemeje kohereza ingabo muri Niger mu mugambi wo gusubizaho perezida wahiritswe
Abakuru b'ingabo zo mu muryango wa ECOWAS zemeje ko zigiye kohereza ingabo zizahangana n'agatsiko k'abasirikare gaherutse guhirika ubutehetsi muri Niger.
Mu nama y’iminsi ibiri yahuje abakuru b’ingabo mu bihugu by’Afurika!-->!-->!-->!-->!-->…
Andi makuru mashya kuri Kabuga Felesiyani umucurabwenge wa Jenoside yakorewe Abatutsi
Urwego Mpuzamahanga Rwashyiriweho Gukora Imirimo y’Insigarira y’Inkiko Mpanabyaha (IRMCT), rwatangaje ko mu gihe Kabuga Félicien yaba arekuwe bigoranye ko u Bufaransa bwazongera kwemera kumwakira, rugaragaza ko igihugu cyonyine!-->!-->!-->…
DRC: Abadepite basabye ko état de siège ivaho, Depite Nyiramugeyo ati ‘Ndumva nasubijwe’
Benshi mu bitabiriye inama nyunguranabitekerezo ku butegetsi bwa gisirikare mu ntara za Kivu ya Ruguru na Ituri zo mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo basabye ko bukurwaho hagasubiraho ubwa gisivile.
État de siège,!-->!-->!-->!-->!-->…