Browsing Category
Politike
Perezida Kagame yageze muri Trinidad and Tobago
Perezida Paul Kagame yageze muri Trinidad and Tobago, aho yitabiriye Inama y’Abakuru b’Ibihugu na za Guverinoma zigize Umuryango uhuriza hamwe ibihugu byo muri Caraïbes uzwi nka ‘CARICOM’.
Amakuru dukesha Village Urugwiro avuga ko!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida Kagame yasabye Abanyarwanda kutazemera ko amateka yanditswe mu maraso asibwa n’ikaramu
Perezida Kagame yakiriye mu busabane abantu batandukanye mu mugoroba wo kwishimira isabukuru y’imyaka 29 u Rwanda rwibohoye, asaba Abanyarwanda kutazemera ko amateka y’igihugu yanditswe mu maraso asibwa n’ikaramu.
Ni ubusabane!-->!-->!-->!-->!-->…
Sénégal: Perezida Macky Sall ntaziyamamaza mu matora ya 2024
Perezida wa Sénégal, Macky Sall, yatangaje ko ataziyamamaza mu matora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe muri Gashyantare umwaka utaha, nyuma y’impaka n’ibihuha byinshi byavugaga ko aziyamamariza manda ya gatatu.
Mu ijambo yavugiye!-->!-->!-->!-->!-->…
Abanyamulenge baramagana ifungwa ry’umwe mu bantu bakomeye w’i Minembwe
Amahuriro atandukanye y’Abanyamulenge na benshi muri bo ku giti cyabo barimo kwamagana ifungwa rya Dr Lazare Sebitereko, umwe mu bantu bazwi muri sosiyete y’Abanyamulenge muri DR Congo, bavugwa ko afunzwe ‘binyuranyije n’amategeko’!-->!-->!-->…
Perezida wa Seychelles yavuze imyato Perezida Kagame
Perezida wa Seychelles, Wavel Ramkalawan, yabwiye mugenzi we w’u Rwanda, Paul Kagame ko ubuyobozi bwe ari intangarugero kandi ko ari ikimenyetso kigaragarira abatuye isi bose ko Afurika ifite abayobozi beza.
Yabigarutseho ubwo!-->!-->!-->!-->!-->…
Minisitiri w’Intebe yagejej ku Nteko Ishinga Amategeko imishinga yo gukumira ibiza
Kuri uyu wa Gatanu, Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente yagejeje ku nteko ishinga amategeko imitwe yombi ibikorwa bya Guverinoma byerekeye imicungire y’ibiza n’ingamba zo guhangana nabyo.
Minisitiri w’Intebe yagaragaje ko ibiza!-->!-->!-->!-->!-->…
Abavoka batunzwe agatoki guca intege gahunda y’ubuhuza ku manza zaregewe inkiko
Akanama Ngishwanama k’abahuza mu manza zaregewe inkiko katunze agatoki Abavoka bo mu Rwanda, ko hari abaca intege gahunda y’igihugu yo gukemura ibibazo hatiyambajwe inkiko, kuko batekereza ko izatuma batongera kubona igihembo babonaga!-->!-->!-->…
DRC: Perezida Tshisekedi yikomye Kiliziya gatorika gusenya ubumwe bw’Abakongomani
Perezida Tshisekedi wa Repubulika iharanira demokarasi ya Congo arashinja kiliziya gatolika yo muri icyi gihugu guhungabanya ubumwe bw'Abenegihugu
Perezida Félix Tshisekedi yatangaje ko muri kiliziya gatolika ya DR Congo harimo!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida Joe Biden wa USA yise mugenzi we Xi Jin Ping wa China “Umunyagitugu”
Perezida w'Amerika Joe Biden yise Perezida w'Ubushinwa Xi Jinping umunyagitugu, mu ijambo ryo mu gikorwa cyo gukusanya inkunga yo kwifashisha mu kwiyamamaza kwe mu matora yo mu mwaka utaha yavugiye muri leta ya California.
Avuze aya!-->!-->!-->!-->!-->…
Musana J.Luc wari uzwi mu bikorwa byo gusebya igihugu yabisabiye imbabazi
Bwana MUSANA Jean Luc wari uzwi cyane ku mbuga nkoranyambaga asebya anatuka guverinoma y'u Rwanda yavuze ko yitandukanije n'ibyo bikorwa bibi nyuma yo kugirwa inama.
Kuri iki cyumweru taliki ya 18 Nyakanga 2023 nibwo Bwana Musana!-->!-->!-->!-->!-->…
LONI irashinjwa bamwe mu basirikare bakomeye ba RDF kuyobora urugamba muri DRC
Hari raporo ya Loni yongeye gushinja ingabo z'u Rwanda kugira akaboko mu ntambara imaze igihe yarayogoje Repubulika iharanira demokarasi ya Congo
Raporo nshya y'umuryango w'abibumbye yongeye gutunga agatoki u Rwanda binyuze mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Abategetsi ba Africa muri gariyamoshi ijya i Kyiv, na Moscow, gushaka amahoro
Abategetsi barindwi b’ibihugu bya Africa bari mu nzira berekeza muri Ukraine no mu Burusiya mu ntego yo kugerageza guhosha no kurangiza intambara.
Amashusho ku mbuga nkoranyambaga yerekanye abarimo Perezida Cyril Ramaphosa wa Africa!-->!-->!-->!-->!-->…
Sudan: Umutwe wa RSF urashinjwa kwica Guverineri wa West Darfur
Abategetsi bo muri Sudan bavuga ko Guverineri w'akarere ka West Darfur yishwe n'umutwe witwara gisirikare witwa Rapid Support Forces (RSF), umaze igihe urwana n'igisirikare cya Sudan.
Amasaha mbere yuko yicwa, Khamis Abbakar yari!-->!-->!-->!-->!-->…
Donald Trump wahoze ayobora Amerika yitabye urukiko
Donald Trump yabaye umuntu wa Mbere wayoboye Leta Zunze Ubumwe za Amerika witabye urukiko ku byaha birimo gufata nabi amabanga y’igihugu, bishobora kumufungisha imyaka myinshi biramutse bimuhamye.
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kabiri!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida Kagame yirukanye aba generali babiri mu ngabo z’u Rwanda
Nyuma y'impinduka zikomeye mu gisirikare cy'u Rwanda zatangiye kumenyekana mu rukerera rwo kuri uyu wa kabiri ushize taliki ya 6 Nyakanga 2023 aho uwari minisitiri w'ingabo yasimbujwe, ndetse n'uwari umugaba mukuru w'ingabo!-->!-->!-->…