Browsing Category
Ubuzima
Abanyamuryango ba RAMA bagiye kuzajya bivuza bakoresheje Irangamuntu
Abanyamuryango bivuriza ku cyahoze ari RAMA bashyizwe igorora, bagiye kujya bivuza bakoresheje irangamuntu
Ikigo k'igihugu cy'ubwishingizi mu Rwanda ishami ryayo ry'ubuvuzi bw'abakozi ba Leta bumenyerewe ku izina rya RAMA bwatangaje!-->!-->!-->!-->!-->…
Hari impungenge ko inzige zishobora kwerekeza mu Rwanda
Hari impungenge ko inzige zimaze iminsi zibasiye Kenya zaba ziri kwerekeza mu Rwanda.
Ibihugu bibarizwa mu ihembe rya Afrika bimaze iminsi byibasiwe n'udukoko two mu bwoko bw'ibihore twitwa inzige, udukoko twangiza imyaka ku buryo!-->!-->!-->!-->!-->…
U Rwanda rugiye kwifashisha za Drones mu Kurwanya Malaria
Utudege tutagira aba pilotes (Drones) tugiye kwifashishwa mu kurwanya malariya mu gihugu
Malariya ni imwe mu ndwara zihitana abantu benshi mu gihugu nubwo Leta iba yagerageje gukoresha uburyo bwo kuyirwanya mu gutera imiti mu ngo!-->!-->!-->!-->!-->…
Ngoma na Bugesera icyiraro gishobora guhagarika ubuhahirane
Abagenzi bakoresha umuhanda Ngoma-Bugesera babangamiwe n’ikiraro kiri mu gishanga cya Kanyonyomba mu Murenge wa Gashora, cyarangiritse cyane ku buryo imodoka iheramo bakayisunika, izitwara abagenzi zo iyo zihageze bisaba ko bavamo!-->!-->!-->…
Gicumbi:Hataburuwe umwana wapfuye mu myaka 2 ishize ngo hamenyekane Papa we
Itsinda ry’abakozi b’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibimenyetso bya Gihanga n’abo mu Rwego rw’Ubugenzacyaha bw’igihugu kuwa Mbere berekeje mu Karere ka Gicumbi ahataburuwe umurambo w’umwana w’umukinnyi w’amagare, Bertin Mukarukundo ngo!-->!-->!-->…
Umubyeyi w’imyaka 24 Yabyaye Umwana ufite Amaguru 4 n’Amaboko 3
Umugore wo gihugu cy'Ubuhinde yibarutse impanga ebyiri ariko umwe muri bo avuka afite amaguru ane n'amaboko atatu.
Umugore utatangarijwe amazina wo mu majyaruguru y'igihugu cy'Ubuhinde mu gace ka RAJASTHAN kuri uyu wa gatanu taliki…
Nyagatare: Hatangijwe ku Mugaragaro Umushinga wo Kurwanya imirire mibi
Ministre SHYAKA ANASTASE yatangije ku mugaragaro umushinga wo kurwanya imirire mibi muri Nyagatare.
Ni umuhango wabaye kuri uyu wa kane taliki ya 26 ukwezi kwa Nzeli, ubera mu Karere ka Nyagatare mu Murenge wa Karangazi unatangizwa…
Abahinzi ba kawa bahize abandi mu mirenge no ku karere ka Rusizi bahawe ibihembo
Abahinzi ba kawa bahize abandi mu mirenge no ku karere ka Rusizi bahawe ibihembo birimo amagare n'ibikoresho byo kuyitaho.
Ishuri ryabakatorika ryirukanye umwarimukazi wanze gukuramo inda
Ishuri ryabakatorika ryirukanye umugore wanze gukuramo inda yaratwite kuberako nta mugabo yarafite.
Iri shuri riherereye mu mujyi wa Kansas ho muri Missouri ryitiriwe mutagatifu Tereza ryirukanye umwarimukazi witwa Michelle Bolen…
Abagera kuri miliyoni 41 bagiye guhura n’inzara mu majyepfo y’Afurika
Abagera kuri miliyoni 41,2 bo mu bihugu 13 byo muri Afrika y'Amajyepfo bazahura nicyibazo cyo kubura ibyo kurya nyuma yuko ibihingwa bibuze imvura muri uyu mwaka wa 2018/2019 kuzageza muri Mata 2020.
Akanama gahuje ibi bihugu…