Browsing Category
Ubuzima
DRC: Umu Colonel w’umunyamulenge warwaniraga Leta yishwe na bagenzi be
Colonel Rugabisha Alexis wakoreraga Leta ya Congo mu ngabo za FARDC biravugwa ko yishwe na bagenzi be bo mu gisirikare cya Leta bamuziza kuba ari Umututsi.
Amakuru aturuka muri Repubulika iharanira demokarasi ya Congo aravuga ko!-->!-->!-->…
Perezida Kagame yifurije Abaturarwanda Umunsi Mwiza w’Intwari
Perezida Kagame yifurije Abaturarwanda Umunsi Mwiza w'Intwari, ashimangira ko ari uwo guha icyubahiro Intwari z’Igihugu zaharaniye kwimakaza indangagaciro z’ubumwe, ukuri n’ubutabera.
Umukuru w'Igihugu yagize Ati "Izo ndagagaciro!-->!-->!-->…
Abacanshuro b’i Burayi bahunze imirwano y’i Goma bahagurutse mu Rwanda
Abacanshuro biganjemo abo muri Romania bari barahungiye mu Rwanda nyuma yo gutsindwa intambara bafatanyagamo n’Ingabo za Leta ya Congo FARDC mu kurwanya Umutwe wa M23, basubiye iwabo.
Kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 1 Gashyantare 2025,!-->!-->!-->…
Gisagara: Mu kwizihiza Umunsi w’Intwari hatashywe ivuriro n’isoko rya kijyambere
Mu kwizihiza umunsi w'Intwari z'igihugu, mu Karere ka Gisagara mu Murenge wa Mukindo hatashwe ibikorwa by'iterambere birimo ivuriro n'isoko rya Kijyambere, abaturage bakaba bemeza ko ibi bikorwa ari umusaruro w'imiyoborere myiza!-->…
Goma: Abaturage bakoze umuganda rusange wo gusukura umujyi
Abaturage bo mu mujyi wa Goma bazindukiye mu muganda rusange ugamije gusukura uwo mujyi uherutsemo imirwano karahabutaka yahasize umwanda n'ibisigarizwa by'imbunda.
Kuri uyu wa gatandatu taliki ya 1 Gashyantare 2025 ahagana saa kumi!-->!-->!-->…
Nyanza: Bafitiye ubwoba indwara ziterwa n’umwanda kubera ko nta bwiherero bafite
Abatishoboye batujwe mu Mudugudu wa Nyagasambu uzwi nka Nyabugogo mu Murenge wa Busoro, Akarere ka Nyanza, bavuga ko bugarijwe n’umwanda baterwa no kuba nta bwiherero bafite, ku buryo bafite impungenge zo kwibasirwa n’indwara ziterwa!-->…
USA: Indege ya gisirikare yagonganiye mu kirere n’iy’igisivile
Indege zirimo kajugujugu y’igisirikare cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika yo mu bwoko bwa Sikorsky H-60, yagonganye n’indege ya gisivile yo mu bwoko bwa Bombardier CRJ700 y’ikigo cya PSA Airlines, ibikorwa by’ubutabazi bihita bitangira.
!-->!-->!-->…
India: Abagera kuri 30 bapfuye ubwo barwaniraga amazi y’umugisha
Mu Majyaruguru y’u Buhinde, abantu 30 bapfuye, abandi 90 barakomereka mu muvundo wabaye ubwo imbaga y’abantu benshi bari mu rugendo-nyobokamana (pèlerinage) rwitwa ‘Kumbh Mela’, rujyana no kwiroha mu mazi y’ahahurira imigezi mitagatifu,!-->…
Rwamagana: Umusore yagiye kuroba muri Muhazi ararohama
Umusore wo mu Karere ka Rwamagana mu Murenge wa Gishari, yagiye kuroba mu kiyaga cya Muhazi mu buryo butemewe n’amategeko, birangira ahasize ubuzima.
Uyu musore yaguye mu kiyaga cya Muhazi mu mpera z’icyumweru gishize mu Mudugudu wa!-->!-->!-->…
Rusizi: Abadepite basabye abaturage kunoza imikorere n’imicungire y’amatsinda yabo
Abadepite bari mu itsinda ririmo gusura ibikorwa biteza imbere abaturage mu Karere ka Rusizi, babwiye abaturage ko gukorera hamwe ari intambwe ikomeye iganisha ku iterambere, babasaba kunoza imikorere n’imicungire y’amatsinda yabo!-->!-->!-->…
Kiliziya ya Kenya yahagaritse umupadiri warongoye rwihishwa
Diyoseze Gatolika ya Warri- Delta, yahagaritse ku kazi Padiri Daniel Okanatotor Oghenerukevwe, imukura no ku nshingano zose za gipadiri, nyuma yo kumenya inkuru y’ubukwe bwe, aho yasezaranye n’umugore witwa Dora Chichah, muri Leta zunze!-->…
Mahama : Gaz yatwitse inzu y’Impunzi
Inkongi yatewe n’iturika rya Gaz mu nkambi ya Mahama, iherereye mu karere ka Kirehe, mu Burasirazuba bw’u rwanda, yahitanye umunye-Congo witwa Pengele Jean Kamate.
Iyi nkongi yabaye ku mugoroba wo kuwa mbere w’iki cyumweru, yadutse!-->!-->!-->…
RMC yishimiye irekurwa ry’umunyamakuru Liliane
Urwego rw’Abanyamakuru Bigenzura mu Rwanda, RMC, rwatangaje ko rwishimiye irekurwa ry’Umunyamakuru, Uwineza Liliane, wari watawe muri yombi n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), rusaba abandi bose kubahiriza amabwiriza agenga umwuga.!-->…
Muhanga: Ntaganzwa wishe umugore we amumennye amagufwa yo mu mutwe yasabiwe gufungwa burundu
Ntaganzwa Emmanuel uregwa n’ubushinjacyaha icyaha cyo kwica umugore we Mukashyaka Anathalie yasabiwe igihano cyo gufungwa burundu.
Icyo gihano yagisabiwe mu iburanisha ryabereye mu ruhame kuri uyu wa Kabiri tariki ya 21 Mutarama 2025 mu!-->!-->!-->…