Browsing Category
Ubuzima
Umunyamuryango wa RPF Inkotanyi yahamijwe ibyaha bya Genocide
Urukiko rw'ibanze rwa Kiyumba mu Rwanda rwakatiye Germain Musonera gufungwa imyaka 20 rumuhamije ubufatanyacyaha muri jenoside no kwishyura indishyi y'amafaranga miliyoni 50 ku muryango w'abarokotse wa IBUKA.
Musonera yaburanye ahakana!-->!-->!-->…
Abanyamaguru bibukijwe ko nabo bari mu bagomba gufata iya mbere mu kwirinda impanuka
Umuyobozi Mukuru wungirije wa Polisi y’u Rwanda ushinzwe ibikorwa, CP Vincent Sano, yasabye abagenzi bakoresha umuhanda kwambuka nk’abafite intego, kandi bakabikorera ahabugenewe, mu rwego rwo kwirinda impanuka.
Ni ingingo!-->!-->!-->!-->!-->…
Muhanga: Abatuye hafi y’icyanya cy’inganda bahisemo kwibanira n’Amatungo kugirango bayarindire …
Abaturage batuye hafi y’icyanya cy’inganda cy’Akarere ka Muhanga, giherereye mu Mudugudu wa Gihuma, Akagari ka Gahogo, Umurenge wa Nyamabuye, baravuga ko babangamiwe n’ubujura bw’amatungo yabo bavuga ko buterwa n’urusaku rukabije!-->…
Kamonyi: Abakoresha umuhanda basabwe kugira uruhare mu kurwanya impanuka.
Polisi y’u Rwanda yagaragaje uruhare rw’abashoferi n’abaturage mu kurwanya impanuka, mu bukangurambaga bwa "Turindane, Tugereyo Amahoro" bwakomereje mu mu Ntara ya Majyepfo mu Karere ka Kamonyi kuri uyu wa 11 Ugushyingo 2025.
Iki!-->!-->!-->…
Gabon: Sylvia Bongo yahamijwe ibyaha ahanishwa igifungo cy’imyaka 20
Madame Sylvia Bongo, umufasha wa Ali Bongo wahoze ayobora igihugu cya Gabon, inkiko zamuhamje ibyaha birimo kwiba umutungo wa Leta akatirwa igihano cyo gufungwa imyaka 20.
Urukiko mu gihugu cya Gabon kuri uyu wa gatatu, rwahanishije!-->!-->!-->!-->!-->…
’Mwarimu’ Clement wamenyekanye mu kwigisha gutwara imodoka yiyahuriye mu Kiyaga cya Muhazi
Polisi y’u Rwanda yatangaje ko umugabo witwa Iraguha Clement wamenyekanye cyane kubera kwigisha abantu gutwara imodoka yifashishije imbuga nkoranyambaga, yapfuye nyuma yo ’kwiroha’ mu Kiyaga cya Muhazi.
Umuvugizi wa Polisi y’u!-->!-->!-->!-->!-->…
Mali: Mariam wakoraga utu video kuri tiktok dushyigikira ingabo za Leta yarasiwe ku karubanda
Umukobwa wakoreshaga TikTok agatangaza ubutumwa bushyigikira ingabo za Mali, yafashwe ndetse yicwa n'abakekwaho kuba abarwanyi bakoresha iterabwoba.
Mariam Cissé, bivugwa ko afite imyaka makumyabiri, yari afite abamukurikira barenga!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida Kagame ari muri Guinea mu rugendo rw’akazi rw’iminsi ibiri
Perezida wa Repubulika Paul Kagame kuri uyu wa 11 Ugushyingo 2025 yatangiye uruzinduko rw’akazi rw’iminsi ibiri muri Guinée-Conakry.
Biteganyijwe ko Perezida Kagame na Mamadi Doumbouya wa Guinée bazatangiza umushinga munini wo!-->!-->!-->!-->!-->…
Espagne: Umugore akurikiranyweho kwica amaso y’abana be ngo ahabwe imfashanyo.
Inzego z’umutekano muri Espagne zataye muri yombi umugore w’imyaka 27 ukomoka muri Algeria nyuma yo kugerageza kugira impumyi umwana we w’imyaka 2, agamije kubona imfashanyo itangwa na leta.
Bivugwa ko uyu mugore yari amaze igihe!-->!-->!-->!-->!-->…
Huye: Umusaza w’imyaka 72 yasanzwe ku nzira yapfuye
Umusaza witwaga Uwitije Jean Claude, wari mu kigero cy’imyaka 72 wakoraga akazi ko gucukura imva mu irimbi rya Ngoma, riherereye mu Karere ka Huye yasanzwe ku nzira yapfuye, hakekwa ko yazize inzoga.
Uyu musaza yagaragaye mu gitondo!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: Hari abasirikare bakuru bakurikiranyweho kwiba ibiryo
Abasirikare 11 bo ku rwego rw’Abofisiye n’aba Sous-officiers mu gisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), barimo batatu bafite ipeti rya Colonel bakurikiranyweho kunyereza ibiryo byari byagenewe gutunga bagenzi!-->!-->!-->…
Israel yatangaje ko yakiriye umurambo w’Umunya-Tanzania wari warafashwe bugwate na Hamas
Israel yemeje ko umutwe wa Hamas ku wa gatatu wayishyikirije umurambo wa Joshua Mollel wari umunyeshuri uturuka muri Tanzania, mu rwego rwo gushyira mu bikorwa amasezerano yo guhagarika imirwano muri Gaza yagizwemo uruhare na Leta!-->!-->!-->…
Abandi barenga 200 bari barafashwe bugwate na FDLR mu mashyamba ya Congo batahutse
Kuri uyu wa kane u Rwanda rwongeye kwakira Abanyarwanda 223 babaga mu mashyamba yo mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bari barafashwe bugwate na FDLR
Abanyarwanda batahutse bafatiwe mu bice bitandukanye!-->!-->!-->!-->!-->…
Gasabo: Polisi yafashe abagabo bakekwaho kwangiza ibikorwa remezo by’amashanyarazi
Polisi ikorera mu Mujyi wa Kigali itangaza ko yafashe abagabo 5 bakekwaho kwangiza ibikorwa remezo. Ni nyuma y’aho mu bihe bitandukanye abaturage batuye mu Karere ka Gasabo mu Murenge wa Rutunga bagaragaje ikibazo cy’abantu biba!-->!-->!-->…
MINISPORTS yatanze miliyari 10 hadakozwe inyigo
Abadepite bagize Komisiyo ishinzwe kugenzura imikoreshereze y’imari n’umutungo bya Leta (PAC) banenze Minisiteri ya Siporo (MINISPORTS) ko mu mwaka wa 2023/2024, yatanze miliyari zisaga 10 z’amafaranga y’u Rwanda, yohererejwe za federasiyo!-->…