Browsing Category
Ubuzima
“Uyu munsi ntufite ubumuga, ariko waba umukandida wabwo” -Mayor Mutabazi Richard
Umuyobozi w'Akarere ka Bugesera, bwana Mutabazi Richard yibukije ko buri wese ashobora kugira ubumuga kuko ubumuga atari ubw'abantu runaka, ko hari n'ababugira mu rugendo rwabo rw'ubuzima bityo ko nta n'umwe ukwiye kumva y'uko atabugira!-->…
Rubavu: RIB yataye muri yombi umugabo wavuze amagambo y’ingengabitekerezo ya Jenoside
Twayigize Martin w’imyaka 35 afungiye kuri Sitasiyo y’Urwego rw’Ubugenzacyaha ya Gisenyi mu Karere ka Rubavu, akurikiranyweho amagambo arimo ingengabitekerezo ya Jenoside yabwiye irondo ry’umwuga ubwo ryamubwiraga kujya mu muganda!-->!-->!-->…
Nigeria: Minisitiri w’ingabo yeguye mu gihe havugwa ikibazo cy’ishimutwa.
Minisitiri w'ingabo mu gihugu cya Nigeria yeguye ku mpamvu z'uburwayi mu gihe muri icyo gihugu hakomejwe kuvugwa ikibazo cy'ishimutwa ry'abantu, ni ikibazo gikomeye ndetse gihangayikishije abatari bake.
Perezida w'igihugu cya Nigeria!-->!-->!-->…
Gisagara: Polisi yataye muri yombi abagabo batatu bakekwaho kwica umuntu bamutemye ijosi
Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Gisagara yatangaje ko yataye muri yombi abagabo batatu bakekwaho kwica baciye ijosi umugabo w’imyaka 21 witwaga Abijuru Athanase, ubwo yari avuye aho acururiza yerekeje muri santere ya Nyaruteja.
!-->!-->!-->!-->…
Ukuri kose ku rukundo rwa MPUNDU France n’umusore bahuriye muri Afrika y’Epfo
Nyuma y’amezi abiri ari kubarizwa muri Afurika y’Epfo aho yari yitabiriye ikiganiro ‘Secret Story Afrique’, France Mpundu yageze i Kigali ndetse akomoza ku musore wamwambikiyeyo impeta.
France Mpundu yavuze ko ashimira Imana kubera!-->!-->!-->…
AFC/M23 yanyomoje amakuru yavugaga ko Visi guverineri wa Goma yafatiwe muri Canada
Ku munsi w'ejo nibwo hatangiye gucaracara amakuru avuga ko Bwana MANZI WILLY, wungirije Guverineri wa Nord Kivu ngo yaba yarafatiwe ku kibuga cy'indege cya Canada.
Mu burumwsa banyujijwe ku nkuta za AFC/M23, uwo mutwe wavuze ko ibyo!-->!-->!-->…
Kigali: Abakozi ba ASA International bakoze umuganda rusange, batera ibiti bisaga 700 (Amafoto)
Abakozi b'ikigo cy'imari cya ASA International bifatanije n'abaturage bo mu Murenge wa Gatenga mu muganda rusange batera ibiti birenga 700.
Nk'ibisanzwe mu Rwanda, buri wa gatandatu wa nyuma y'ukwezi haba hateganijwe umuganda rusange!-->!-->!-->…
Uwahawe igihembo cya Nobel watakaje icyubahiro kubera kuvuga ko ‘abirabura bafite ubwenge…
Ubushakashatsi muri siyansi James Watson (1928-2025) yavumbuye ibintu byafashije gusobanukirwa neza uko uturemangingo ndangasano (DNA/ADN) twikuba n'ukuntu amakuru yatwo yoherezwa, bityo bitanga urufatiro rw' iterambere ryihuse muri!-->…
Gakenke: Umugore arakekwaho kwica umwana wamuvuyemo ko yibye inkoko y’abaturanyi
Umugore wo mu Karere ka Gakenke yafunzwe akekwaho kwica umwana we w’imyaka itandatu, nyuma y’uko atanze amakuru ku baturanyi bari bibwe inkoko ko yayibonye iwabo.
Ibi byabereye mu Murenge wa Coko, Akagari ka Mbirima, mu ijoro ryo ku!-->!-->!-->!-->!-->…
Igihombo Leta iterwa n’abatajya gukora ibizamini by’akazi
Nubwo akazi ka Leta kabonwa n’uwo zereye, ugereranyije na miliyoni 1,1 y’abagasabye mu 2024/25 kakabona abarenga 3100, ukoze imibare ubona ko leta ihomba za miliyari mu gushaka abakozi, bigizwemo uruhare n’ababa bagasabye batajye gukora!-->…
Umusore w’imyaka 25 wikoreraga uturaka yasanzwe mu mugozi yapfuye
Umusore w’imyaka 25 wo mu Murenge wa Gacurabwenge mu Karere ka Kamonyi, bamusanze mu mugozi yapfuye, aho bikekwa ko yaba yiyahuye.
Byabereye mu Mudugudu wa Mushimba, Akagari ka Kigembe, ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 20 Ugushyingo!-->!-->!-->!-->!-->…
Rwamagana: Hafunzwe ruganda rwengaga urwagwa mu isabune
Ubuyobozi bw'Akarere ka Rwamagana gafatanije nikigo cy'igihugu gishinzwe ubuziranege, bafunze uruganda ‘Agashinguracumu’ ruherereye mu Murenge wa Muyumbu mu Karere ka Rwamagana, rwari rwarahawe uruhushya rwo kwenga inzoga rukoresheje!-->!-->!-->…
Ukraine: Abantu icyenda baraye bahitanywe n’ibitero by’indege by’ingabo…
Abantu icyenda bishwe bahitanywe n'ibitero by’ingabo z'Uburusiya mu gihugu cya Ukraine mu ijoro ryakeye, nk’uko perezida wa Ukraine Volodymyr Zelensky yabitangaje.
Perezida Volodymir abinyujije ku rukuta rwe rwa Telegram yagize!-->!-->!-->!-->!-->…
Papa Léon yasabye abahanganye muri DRC guhagarika intambara
Nyuma y'isengesho ry'indamutso ya Malayika (Angelus) ryabereye ku mbuga ya Mutagatifu Petero ku cyumweru, tariki ya 16 ugushyingo (11), Papa Léon wa XIV yasabye byihutirwa ko habaho ihagarikwa ry'imirwano n'ubwicanyi mu burasirazuba!-->!-->!-->…
Agahinda mu rugo kwa Vestine umaze amezi ane gusa ashyingiwe kuri Ouédraogo
Umuririmbyi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, madame Ishimwe Vestine, yaciye amarenga ko yafashe icyemezo cyo gutandukana n’umugabo we, Idrissa Jean Luc Ouédraogo.
Mu butumwa burebure yanyujije ku mbuga nkoranyambaga ze mu!-->!-->!-->!-->!-->…