Browsing Category
Ubuzima
Abaganga bagiriwe inama yo kugira impuhwe igihe bita ku barwayi
Ibitaro bya Rilima, ROSH, Ste Marie bizobereye mu kuvura ubumuga bw’amagufwa n’ingingo biri mu Karere ka Bugesera byizihije Umunsi Mpuzamahanga wahariwe Abarwayi, Dr. Nzayisenga Albert uyobora ibyo bitaro ashishikariza abaganga!-->!-->!-->…
Uganda: Abantu babiri batawe muri yombi bazira gusomaguranira mu ruhame
Polisi yo mu gihugu cya Uganda yatangaje ko yataye muri yombi abagore babiri nyuma y'uko aba bagore babonywe n'abaturanyi bari gusomaguranira mu muhanda ku manywa y'ihangu.
Umuvugizi wa Polisi wo mu gace ibi byabereyemo, madame!-->!-->!-->…
Ramaphosa yashimiye Putin wemeye gucyura Abanyafurika y’Epfo barwanaga muri Ukraine
Perezida wa Afrika Y'Epfo Bwana Ramaphoza, yashimiye Prezida Putin w'Uburusiya nyuma y'uko yemeye gucyura bamwe mu banyafrika y'Epfo bari barashutswe akazi nyuma bakisanga ku mirongo y'urugamba muri Ukraine.
Perezida Cyril Ramaphosa wa!-->!-->!-->…
“…ibyo urimo ni amaco y’inda” Dr Tom Close yasubije Bad Rama uherutse guharabika u…
Nyuma y'aho Bad Rama ashyize hanze amagambo arimo guharabika u Rwanda n'abayobozi barwo, Bwana Tom Close yamwibukije ko urwo Rwanda ari gusebya we arutuyemo, agasanga ahubwo ari amaco y'inda abimutera.
Mu butumwa yanyujije ku rukuta rwe!-->!-->!-->…
Rubavu:Umugabo yafatiye mugenzi we hejuru y’umugore we aramuhondagura amugira intere
Umugabo witwa Ntakirutimana aravugwaho gukubita no gukomeretsa umugabo yasanze aryamanye n’umugore we, ubuyobozi bugasaba abaturage kwirinda kwihanira.
Abaturage baganiriye na BTN TV ntibavuga rumwe ku byerekeranye no kwihanira!-->!-->!-->!-->!-->…
Kisangani: Umusirikare yasanze umurwayi mu bitaro, aramwica
Umusirikare wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ukorera mu mujyi wa Kisangani mu ntara ya Tshopo, yasanze umurwayi aryamye ku gitanda mu bitaro, aramwica.
Mu ijoro ryo ku wa 16 Gashyantare 2026, umumotari yatwaye umusirikare,!-->!-->!-->…
Urubanza ruregwamo abarimo Barafinda rwashyizwe mu muhezo
Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro rwashyize mu muhezo iburanisha ry’urubanza ruregwamo abarimo Barafinda Sekikubo Fred na Nizeyimana Didier uzwi nka Muchoma, Mazimpaka Patrick na Nkeramihigo Japhet.
Ni ubusabe bwatanzwe n’Ubushinjacyaha.!-->!-->!-->…
Djihad na bagenzi be basabiwe gufungwa imyaka itanu.
Ubushinjacyaha bwasabye Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro, guhanisha igihano cy’igifungo cy’imyaka itanu abarimo Uzabakiriho Cyprien uzwi nka Djihad, Ishimwe Patrick, Ishimwe François Xavier, Kwizera Nestor uzwi nka Pappy Nesta na Kalisa John!-->…
Burera: Abasore babiri bishe umuntu bamuziza kuryamana na mushiki wabo
Abasore babiri bo mu Karere ka Burera mu Murenge wa Cyanika bakubise Nteziyaremye Adrien, baramwica bamuziza kuryamana na mushiki wabo w’imyaka 25.
Nteziyaremye yapfuye ku wa 16 Gashyantare 2026 nyuma y’uko ajyanywe kwa muganga ari!-->!-->!-->…
Kigali: Urukiko rwategetse ko Dr. Manirakiza ukurikiranyweho gusambanya abana, afungwa iminsi 30…
Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge rwategetse ko Dr. Manirakiza Benjamin ukurikiranyweho ibyaha birimo gusambanya abana, afungwa iminsi 30 y’agateganyo, kuko hari impamvu zikomeye zituma bagomba gukurikiranwa bafunze.
Ni icyemezo!-->!-->!-->!-->!-->…
Kigali: Indege nto zizwi nka Drones zigiye kujya zishyira abantu ibicuruzwa mu ngo
Leta y’u Rwanda n’Ikigo cy’Abanyamerika gicunga utudege tutagira abapilote (drones), Zipline Rwanda, basinye amasezerano atuma iki kigo cyagura aho gukorera, harimo Umujyi wa Kigali no mu Ntara y’Iburengerazuba.
Ubundi drones za!-->!-->!-->!-->!-->…
Espagne: Hagiyeho umushinga ukumira abana mu gukoresha imbuga nkoranyambaga
Igihugu cya Esipanye yabaye igihugu gishya gisabye ko ikoreshwa ry’imbuga nkoranyambaga rihagarikwa ku bana bari munsi y’imyaka 16.
Minisitiri w’intebe Pedro Sanchez yagize ati: “Tuzabarinda ingaruka z’imbuga nkoranyambaga zo mu!-->!-->!-->…
Bwana BARAFINDA Sekikubo yatawe muri yombi
Urwego rw'igihugu rw'ubugenzacyaha rwemeye ko rwataye muri yombi umugabo witwa BARAFINDA Sekikubo, akaba akurikiranyweho icyaha cyo gukwirakwiza ibihuha muri rubanda.
Urwego rw'igihugu rw'ubugenzacyaha mu Rwanda RIB ruremeza ko rufunze!-->!-->!-->…
Abaturage basabwe kwirinda kwiherera mu gasozi
Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima, RBC, cyatangaje ko utugari 1.013 two mu turere two mu Rwanda cyane cyane udukora ku bishanga, tugaragaramo indwara zo mu nda na ‘Bilharziose’, iboneraho gusaba abadutuyemo kwirinda kwiherera mu gasozi no mu!-->…
USA: Amagana y’abantu bazindukiye mu mihanda nyuma yiyicwa ry’umuforomo
Abantu benshi bateraniye mu mihanda yo mu mujyi wa Minneapolis, muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, bamagana ishyirwa ry'abapolisi ba leta bashinzwe abinjira n'abasohoka muri iyo leta, nyuma y'iraswa n'iyicwa ry'umuforomokazi Alex Pretti!-->…