Browsing Category
Ubuzima
Ruhango: Umusore yatemaguye nyina hafi kumwica yisobanura avuga ko yamubonagamo Satani
Umusore w’imyaka 20 wo mu Karere ka Ruhango, yatemye nyina w’imyaka isaga 70, amukomeretsa ahantu hatandukanye, yiregura avuga ko yari yamwitiranyije na satani.
Uyu musore yabanaga na nyina mu Mudugudu wa Karehe, Akagari ka!-->!-->!-->!-->!-->…
Muhanga-Shyogwe: Abacuruzi barasaba kubakirwa isoko rya Misizi.
Abaturage bacururiza mu isoko rya Misizi, riherereye mu Kagali ka Ruli mu Murenge wa Shyogwe mu Karere ka Muhanga, barasaba ubuyobozi kububakira iri soko kugira ngo ribafashe gukorera mu buryo buboneye,ibituma bavuga ko gukorera!-->!-->!-->…
Kwita Izina 20: Ngaya amazina mashya yiswe Abana b’ingagi 40
Madame Jeannette KAGAME nawe yari mu bitabiriye umuhango wo kwita izina
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 5 Nzeri 2025, Ku nshuro ya 20 , u Rwanda rwise amazina abana b’ingagi baheruka kuvuka mu muhango ngarukamwaka ugamije!-->!-->!-->…
DRC: Icyorezo cya Ebola cyongeye guca ibintu
ww
Minisiteri y'ubuzima ya DR Congo yatangaje ko hadutse icyorezo cya Ebola, nyuma y'uko ibaruye abantu 15 bishwe na yo n'abandi 28 iri gukekwaho mu duce twa Bulape na Mweka mu ntara ya Kasai mu majyepfo ashyira uburengerazuba bw'iki!-->!-->!-->…
Gloriose wamamaye nka Gogo yitabye Imana
Musabyimana Gloriose wamamaye nka Gogo wari umaze iminsi muri Uganda, yitabye Imana mu ijoro ryo ku wa 3 Nzeri 2025 azize uburwayi.
Urwandiko rw’ibitaro bya Kyegera Doctors Center rugaragaza ko Gogo yitabye Imana azize uburwayi mu!-->!-->!-->!-->!-->…
“Kurera si uguhana” OMS irahamagarira ibihugu guca burundu ibihano bibabaza abana
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (OMS) ryashyize gukubita no guhana abana ibihano bibabaza umubiri mu bibazo by’ubuzima bihangayikishije Isi, ko bigomba guhagurukirwa, kuko biteza ingaruka zikomeye ku buzima bw’umubiri!-->!-->!-->…
Sudan yaomba msaada baada ya maporomoko ya udongo kuua zaidi ya 1,000 Tarasin
Sudan imeomba msaada wa kimataifa siku ya Jumanne baada ya maporomoko ya ardhi kuharibu kijiji kizima katika mkoa wa Darfur magharibi, na kuua karibu watu 1,000 katika moja ya maafa mabaya zaidi ya asili katika historia ya hivi!-->!-->!-->…
Umuhanzi Diplomate ari mu gahinda ko kubura umubyeyi we
Diplomate abinyujije ku mbuga nkoranyambaga yagaragaje ko ari mu gahinda gakomeye ko gupfusha umubyeyi we witabye Imana ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 3 Nzeri 2025.
Abinyujije ku mbuga nkoranyambaga, Diplomate yagize ati:“Ruhukira mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Kigali: Hagiye kuza indege nto zizajya zikora Taxi
Mu minsi iri imbere mu kirere cy’Umujyi wa Kigali hazaba hagaragara indege nto zitwara abagenzi mu buryo bwa rusange buzwi nka taxi, mu kurushaho kwimika ubwikorezi bw’abantu n’ibintu bwo mu kirere bwifashisha indege nto zitwara mu!-->!-->!-->…
Mozambique: RDF yahaye amagare abayobozi b’inzego z’ibanze
Inzego z’umutekano z’u Rwanda ziri muri Mozambique zahaye amagare abayobozi b’Imidugudu yo mu Karere ka Mocímboa da Praia, mu Ntara ya Cabo Delgado, mu rwego rwo kubafasha mu kazi kabo ka buri munsi karimo kugira uruhare mu kurwanya!-->!-->!-->…
Musanze: Umugabo yishe umwana we amunigishije umugozi nawe ahita ariyahura
Umugabo wo mu Karere ka Musanze yishe umwana we amunigishije umugozi, nyuma yo kumwica nawe yimanika mu mugozi arapfa.
Mu Karere ka Musanze, Umurenge wa Rwanza, mu Kagari ka Rwaza, haravugwa inkuru y'umugabo witwa HAGENIMANA uri mu!-->!-->!-->!-->!-->…
HCR ntiyemeranywa na HRW kuri raporo ishinja u Rwanda gucyura impunzi z’Abanyarwanda ku ngufu
Umuyobozi Mukuru w’ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe impunzi (UNHCR), Filippo Grandi, yamaganye raporo y’umuryango Human Rights Watch irishinja kugira uruhare mu gucyura “ku ngufu” impunzi z’Abanyarwanda.
Muri Gicurasi 2025, u!-->!-->!-->…
Bugesera: Ba Mutima w’urugo basabwe kuba abarinzi b’umutekano n’imibereho myiza.
Mu rwego rwo gukomeza kwimakaza umutekano n’imibereho myiza y’abaturage, ba Mutima w’Urugo bo mu Karere ka Bugesera basabwe kugira uruhare rugaragara mu kubaka Umudugudu ntangarugero w’icyitegererezo utarangwamo ibyaha.
Ibi!-->!-->!-->!-->!-->…
Muhanga: Meya Kayitare yashimiye ba mutima w’urugo uruhare bagira mu iterambere.
Umuyobozi w’Akarere ka Muhanga, Kayitare Jacqueline yashimiye uruhare rwa ba mutima w’urugo mu guteza imbere imiryango no guteza imbere akarere, anashimangira ko imbaraga zabo ari inkingi ikomeye y’iterambere ry’igihugu. Ibi!-->!-->!-->…
Baltasar Engonga yakatiwe imyaka umunani azira amashusho y’urukozasoni.
UmunyaGuinée équatoriale, Baltasar Ebang Engonga, yahamijwe ibyaha byo kunyereza umutungo wa Leta no kugira uruhare mu byaha bya ruswa, ahanishwa gufungwa imyaka umunani n’ihazabu ya miliyoni 125,4 CFA asaga miliyoni 320 Frw.
Uyu!-->!-->!-->!-->!-->…