Browsing Category
Ubuzima
Karongi: Yiyise komanda wa Polisi yaka ruswa abaturage
Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Karongi, yataye muri yombi umugabo w’imyaka 48 akurikiranyweho icyaha cyo kwiyitirira urwego rwa leta adahagarariye.
Byabereye mu Mudugudu wa Josi, Akagari ka Gitarama, Umurenge wa Bwishyura,!-->!-->!-->!-->!-->…
U Rwanda rwatanze umunya Somalia wari warahunze ubutabera bw’iwabo
Ku bufatanye na police mpuzamahanga, u Rwanda rwafashe runohereza umugabo wari warahunze ubutabera bwo muri Somaliya ku byaha bikomeye yari akurikiranyweho mu gihugu cye.
U Rwanda rwohereje Bwana Jama Abdi Mohamud, wahoze ari Umuyobozi!-->!-->!-->…
MUHANGA: Abayobora amakoperative n’abahugura abahinzi bahuguwe ku ikoreshwa
ry’ikoranabuhanga mu…
Ku wa Gatanu, tariki ya 17 Ukwakira 2025, abayobozi b’amakoperative n’abashinzwe guhugura abahinzi mu Karere ka Muhanga bahuguwe ku bijyanye na porogaramu yo guhugura abafashamyumvire izwi nka Training of Trainers (TOT), igamije!-->!-->!-->…
Minisitiri w’Intebe yasabye abasoje Kaminuza kwirinda ubusinzi n’ingeso mbi
Minisitiri w’Intebe, Dr. Justin Nsengiyumva, yasabye abanyeshuri basoje amasomo muri Kaminuza y’u Rwanda kwirinda ubusinzi, ubunebwe n’izindi ngeso mbi, ahubwo bakarangwa n’indangagaciro zibereye Umunyarwanda no gukoresha ubumenyi!-->!-->!-->…
Kitoko Bibarwa wamenyekanye cyane muri muzika agiye gutaha mu Rwanda
Nyuma y'imyaka 12 yibera mu Bwongereza, Umuhanzi Kitoko yabiciye bigakunda bigacika muri muzika nyarwanda, yatangaje ko agiye gutaha mu Rwanda.
Bwana Bibarwa Patrick wamenyekanye cyane mu ruhando rwa muzika nka KITOKO yatangaje ko nyuma!-->!-->!-->…
Bugesera: Habanabakuze n’umwana we bahitanywe n’inyama y’inkoko yipfishije bariye
Mu Karere ka Bugesera, mu murenge wa Ntarama haravugwa inkuru y'umuryango w'abantu batandatu bariye inyama y'inkoko yipfishije maze babiri muri bo bagapfa.
Mu murenge wa Ntarama ubarizwa mu Karere ka Bugesera, haravugwa inkuru!-->!-->!-->!-->!-->…
Nairobi: Abantu batatu bishwe barashwe kuri stade mu muhango wo kureba umurambo wa Raila Odinga
Abantu batatu biciwe muri stade yo mu murwa mukuru Nairobi ubwo abashinzwe umutekano barasaga amasasu bakanatera ibyuka biryana mu maso aho umurambo wa Raila Odinga wari washyizwe ngo bawurebe, nk'uko umuryango uharanira uburenganzira bwa!-->…
Umubiri wa Raila Odinga wagejejwe muri Kenya ujyanwa muri Sitade ya Kasirani – AMAFOTO
Nyuma yo kwitaba Imana azize indwara y’umutima mu bitaro byo mu Buhinde, umubiri wa Raila Odinga wamaze kugezwa muri Kenya aho wahise ujyanwa muri Sitade ya Kasirani kugira ngo abakunzi be bamusezereho.
Raila Odinga wabaye Minisitiri!-->!-->!-->…
Rutsiro: Urujijo ku mugabo wasanzwe mu ruganiriro amanitse mu mugozi yapfuye
Umugabo w’imyaka 48 wo mu Karere ka Rutsiro, yasanzwe mu mugozi mu ruganiriro rw’inzu ye yapfuye, bigakekwa ko yiyahuye.
Umurambo we wabonwe bwa mbere n’umwana we wari uvuye ku ishuri agahita ahuruza abaturanyi, ku mugoroba wa!-->!-->!-->!-->!-->…
Kamonyi: HOWO yagonze imodoka eshanu n’abanyamaguru 11, babiri bahita bapfa
Mu masaha ya saa 17:22 z’umugoroba wo ku wa Kabiri, tariki ya 15 Ukwakira 2025, habereye impanuka ikomeye mu muhanda w’amabuye Kamonyi–Runda–Ruyenzi Centre, aho imodoka ya HOWO ifite pulake RAG 379K, yari ipakiye umucanga, yagonze!-->!-->!-->…
Kenya: Leta yashyizeho icyumweru kimwe cyo kunamira Raila Odinga
Leta ya Kenya yashyizeho icyumweru cy'iminsi irindwi igihugu kigomba kumara cyunamira umusaza Raila Odinga washizemo umwuka mu gitondo cyo kuri uyu wa gatatu ku myaka ye 80 yari amaze abarizwa mu isi y'abazima.
Nyuma y'aho byemejwe!-->!-->!-->!-->!-->…
Rwanda: MINAFET yanyomoje amakuru yavugaga ko Min. Nduhungirehe ari gukorwaho iperereza
Nyuma y'aho ku munsi w'ejo ku mbuga nkoranyambaga nka X hari amakuru yavugaga ko minisitiri w'Ububanyi n'amahanga w'u Rwanda Ambassadeur Nduhungirehe yaba yahagaritswe kubera iperereza ari gukorwaho ijyanye n'imyitwarire itari myiza,!-->!-->!-->…
USA: Abanyamahanga 6 ku ikubitiro mu bagiye guhambirizwa kubera kwishimira urupfu rwa Charlie Kirk
Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yatangaje ko yakuyeho visa ku banyamahanga bagaragaye bishimira urupfu rwa Charlie Kirk mu ruhame.
Kirk wari usanzwe ari impirimbanyi y’intekerezo zishingiye ku!-->!-->!-->!-->!-->…
Kenya: Raila Odinga yitabye Imana
Bwana Raila Odinga wabaye umwe mu bakomeye mu gihugu cya Kenya, ndetse aba umwe mu bagiye bahanganira intebe y'ubuyobozi muri Kenya yitabye Imana.
Amakuru aturuka mu gihugu cya Kenya aravuga ko umugabo witwa Raila Amolo Odinga yitabye!-->!-->!-->…
Kamonyi: Umusore w’imyaka 22 wari umukanishi yitabye Imana azize impanuka ya moto.
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 14 Ukwakira 2025, ahazwi nko mu Nkoto, mu Murenge wa Rugarika, mu Karere ka Kamonyi, habereye impanuka ikomeye yahitanye umugabo witwa Hagenimana Emmanuel wari utwaye moto.
Nk’uko!-->!-->!-->!-->!-->…