Browsing Category
Ubuzima
Abandi barenga 200 bari barafashwe bugwate na FDLR mu mashyamba ya Congo batahutse
Kuri uyu wa kane u Rwanda rwongeye kwakira Abanyarwanda 223 babaga mu mashyamba yo mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bari barafashwe bugwate na FDLR
Abanyarwanda batahutse bafatiwe mu bice bitandukanye!-->!-->!-->!-->!-->…
Gasabo: Polisi yafashe abagabo bakekwaho kwangiza ibikorwa remezo by’amashanyarazi
Polisi ikorera mu Mujyi wa Kigali itangaza ko yafashe abagabo 5 bakekwaho kwangiza ibikorwa remezo. Ni nyuma y’aho mu bihe bitandukanye abaturage batuye mu Karere ka Gasabo mu Murenge wa Rutunga bagaragaje ikibazo cy’abantu biba!-->!-->!-->…
MINISPORTS yatanze miliyari 10 hadakozwe inyigo
Abadepite bagize Komisiyo ishinzwe kugenzura imikoreshereze y’imari n’umutungo bya Leta (PAC) banenze Minisiteri ya Siporo (MINISPORTS) ko mu mwaka wa 2023/2024, yatanze miliyari zisaga 10 z’amafaranga y’u Rwanda, yohererejwe za federasiyo!-->…
Musanze: Ukuri ku nkuru y’umugore warumye igitsina cy’umugabo we amushinja imyitwarire…
Umugore wo mu karere ka Musanze yemeza ko yarumye igitsina cy’umugabo we amushinja kumukoresha imibonano mpuzabitsina amuziritse mu gihe umugabo we yemeza ko yari amusabye kumuhindukirira gusa undi akanga agahitamo kumuruma ku itama no!-->!-->!-->…
Umu General wa Uganda yasabye abasirikare ba Tanzaniya guhirika ubutegetsi
Gen. (Rtd) David Sejusa wo mu gihugu cya Uganda, yasabye aba Tanzaniya gukora iyo bwabaga bagahirika ingoma ya Madam Samiya Suluhu Hassan uherutse gutorerwa kuyobora icyo gihugu cya Tanzaniya, ndetse no ku munsi w'ejhashize akaba!-->!-->!-->…
DRC: Sergent yarashe majoro amuziza gutereta no gusengerera inshoreke ye
Amakuru aturuka mu gihugu cya Congo mu gace ka Zale mu Ntara ya Ituri, mu birometero 200 ugana ahazwi nka Bunia, aravuga ko kuri iki cyumweru gishize taliki ya 2 Ugushyingo 2025 hari abantu batatu bitabye Imana mu makimbirane yabaye hagati!-->…
France: Havumbuwe video zigaragaza abapolisi 2 basambanyiriza umugore muri kasho y’urukiko
Umushinjacyaha mu murwa mukuru w'Ubufaransa Paris, yemeje ko hari ama videos mashya agaragaza abapolisi babiri ba Bobigny bafata bakanasambanya ku ngufu umugore uri mu kigero cy'imyaka 26 y'amavuko, byose bakabikorera muri kasho!-->!-->!-->…
Rwamagana: Imirambo 2 bikekwa ko yaba ari umubyeyi n’umwana yasanzwe itwikiriweho ibyatsi
Abaturage bo mu Karere ka Rwamagana, mu Murenge wa Nyakariro, mu kagali ka Bihembe baravuga ko hari imirambo ibiri basanze ahantu mu gashyamba itwikiriwe n'ibyatsi, bakaba bavuga ko batazi abo bantu muri ako gace.
Uwitwa Nzayisenga!-->!-->!-->…
DRC: Hari amakuru avugwa ko Gen. Masunzu yaba yatawe muri yombi
Hari amakuru aturuka muri Repubulika iharanaira demokarasi ya Congo vuga ko Leta y'icyo gihugu yaba yataye muri yombi General MASUNZU Pacifique akaba akurikiranyweho ibyaha bijyanye no kuyobya inzego zimukuriye mu gisirikare.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Rwamagana: Icumbi riraramo abanyeshuri 150 ryahiye rirakongoka
Icumbi ry’Ikigo cya IWE (Institute Women for Excellence cyigamo abakobwa gusa giherereye mu Karere ka Rwamagana, ryahiye rirakongoka rihiramo ibikoresho byose by’abana 150 biga kuri iki Kigo.
Iyi mpanuka y’inkongi y’umuriro yabaye!-->!-->!-->!-->!-->…
Abagabo 3 bafatanywe amahembe y’inzovu bayatwaye mu modoka y’Akarere ka Burera
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rwafunze abagabo batatu rwafatanye amahembe y’inzovu apimye ibilo 20 yaturutse muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bayatwaye mu modoka y’Akarere ka Burera.
RIB yatangaje ko aba!-->!-->!-->!-->!-->…
Abanyarwanda baba mu Misiri basabwe gusigasira umubano wabo n’u Rwanda
Kuri iki cyumweru taliki ya 2 Ugushyingo 2025, minisitiri w'ububanyi n'amahanga n'ubutwererane n'ibindi bihugu Ambasaderi Olivier Nduhungirehe yabonanye anagirana ikiganiro n'Abanyarwanda batuye mu gihugu cya Misiri.
Minisitiri!-->!-->!-->!-->!-->…
Uganda: Uburangare bw’abaganga bwatumye abanyeshuri bahabwa ibinini by’igicuri aho…
Abanyeshuri barenga 100 bo ku ishuri ribanza rya Kajumbajumba ryo mu Karere ka Ntungamo muri Uganda, bajyanywe kwa muganga nyuma y’amakosa yakozwe n’abaganga, bahabwa imiti ivura igicuri, aho guhabwa ivura inzoka.
Nk’uko byemejwe!-->!-->!-->!-->!-->…
Karongi: Umaze myaka 31 yihishahisha kubera Jenoside yafatiwe ku biro by’Umurenge.
Ndindabahizi Faustin w’imyaka 62 wari umaze imyaka 31 yihishahisha kubera uruhare akekwaho muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, yafatiwe kubiro by’Umurenge wa Rubengera mu Karere ka Karongi aje gusaba serivisi z’ubutaka.
nyuma!-->!-->!-->!-->!-->…
Umurambo w’umusore w’i Rusizi wari waheze mu Burundi wagejejwe mu Rwanda
Ubuyobozi bw’Umurenge wa Bugarama mu Karere ka Rusizi bwatangaje ko umurambo w’umusore witwa Musirikare Obed wari waheze mu Burundi wamaze kugera mu Rwanda ndetse ko ugiye guhita ushingurwa.
Tariki 24 Ukwakira 2025 nibwo uyu musore!-->!-->!-->…