Browsing Category
Ubuzima
Gasabo: Umunyerondo yatewe urubuye mu mutwe ahita apfa ako kanya
Umunyerondo yatewe urubuye mu mutwe arapfa ubwo we na bagenzi be bageragezaga gutesha abajura bari bavuye kwiba.
Mu rukerera rwo kuri uyu wa gatatu taliki ya 28 Kamena abajura bishe umugabo witwa Nkeshimana Celestin wari usanzwe!-->!-->!-->!-->!-->…
Mugisha Frank wamamaye nka VD Frank yitabye Imana azize indwara y’umwijima
Umuhanzi akaba n’umukinnyi wa filime Mugisha Frank wamamaye ku mazina ya VD Frank muri muzika yitabye Imana.
Inkuru y'urupfu rw'uyu mukinnyi wa za filime ndetse wakanyujijeho muri muzika nyarwanda yamenyekanye ku mugoroba wo kuri!-->!-->!-->!-->!-->…
Ngoma: Umugabo yiyahuranye n’umwana we kubera gufuhira umugore we
Umugabo w’imyaka 23 wo mu Karere ka Ngoma mu Murenge wa Mugesera, yiyahuranye n’umwana we w’amezi arindwi mu kiyaga cya Mugesera nyuma yo kurwana n’umugore we amuziza kumufuhira ku bandi bagabo.
Ibi byabereye mu Mudugudu w’Inunga mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Musanze: Umukobwa w’imyaka 15 yakubiswe n’inkuba arapfa
Mu mvura yaguye mu ijoro rishyira itariki ya 24 Kamena 2023, inkuba yakubise umwana w’umukobwa w’imyaka 15 witwa Tuyubahe, wo mu Kagari ka Muhabura, Umurenge wa Nyange mu Karere ka Musanze ahita apfa.
Umunyamabanga Nshingwabikorwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Musanze: Umuntu umwe yaraye ahitanywe n’imvura
Amazi y’Imvura yaraye igwa mu bice bitandukanye by’Akarere ka Musanze cyane cyane mu bice byegereye ibirunga yahitanye umwana w’imyaka 15 inangiza inzu 11 n’imyaka y’abaturage.
Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 23 Kamena!-->!-->!-->!-->!-->…
Urukiko rwemeye ubujurire ku cyemezo cy’uko Kabuga adashobora gukomeza kuburanishwa
Urugereko rw'i La Haye mu Buholandi rwasigaye ruca imanza zasizwe n'urwari urukiko mpuzamahanga rw'Arusha rwemeye ubujurire bw'ubushinjacyaha n'ubwunganizi bwa Félicien Kabuga uregwa ibyaha bya jenoside yabaye mu Rwanda mu 1994.
Ibi!-->!-->!-->!-->!-->…
Wa mugore wo mu Ruhango uherutse kwica mugenzi we, yafatiwe i Kigali
Wa mugore wo mu Karere ka Ruhango uherutse kwica umugore mugenzi we amuziza kwifunga umugabo we, yafatiwe mu mujyi wa Kigali aho yari yahungiye.
Umudamu witwa MUSANABERA wo mu Karere ka Ruhango, umurenge wa Bweramana, mu kagali ka!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyagatare: Abarema isoko rya Rwimiyaga barasaba ko risanwa
Abarema isoko rya Rwimiyaga riherereye mu Murenge wa Rwimiyaga mu Karere ka Nyagatare, barasaba ko ryakubakwa bundi bushya, kuko irihari ryangiritse cyane ndetse rikaba ari rito.
Abacuruzi barenga 600 ni bo bacururiza muri iri soko!-->!-->!-->!-->!-->…
Musanze: Yagerageje kwica umugore we, byanze ariyahura
Umugabo witwa Jean Bosco yiyahuye nyuma y'aho agerageje kwica umugore we amutemye ariko ntapfe ahubwo agakomereka.
Mu Karere ka Musanze haravugwa inkuru y'umugabo witwa Jean Bosco NZEYIMANA yapfuye yiyahuye kuri iki cyumweru nyuma!-->!-->!-->!-->!-->…
Conor McGregor arashinjwa gusambanyiriza umugore mu bwiherero
Umukinnyi w’Iteramakofe, Conor McGregor, yashinjwe ibyaha by’ihohoterwa rishingiye ku gitsina yakoze nyuma y’umukino wa nyuma wa NBA wahuje Miami Heat na Denver Nuggets.
Uyu mukino wa Kane mu mikino ya nyuma wabaye tariki ya 13!-->!-->!-->!-->!-->…
Abafite ubumuga bw’uruhu, barasaba koroherezwa kubona amavuta yo kwisiga bakoresha
Umuryango w’abafite ubumuga bw’uruhu mu Rwanda uhangayikishijwe no kuba batoroherwa kubona amavuta agenewe uruhu rwabo.
Bavuga ko ayo mavuta yinjiye mu gihugu ashyirwa mu bubiko bw’ikigo cy’igihugu gitumiza imiti mu mahanga, ariko!-->!-->!-->!-->!-->…
Bugesera: Ibitaro bya ADEPR Nyamata bibutse ku nshuro ya 29 banishyurira mituweli abatishoboye
Ibitaro bya ADEPR Nyamata byibutse ku nshuro ya 29 Jenoside yakorewe Abatutsi mu w'i 1994 hibukwa Avatutsi bishwe maze bakajugunywa mu byobo byari bigenewe gufata amazi yari kuzifashishwa hubakwa ibitaro ndetse n'ibindi byobo byacukurwaga!-->…
Muri Zambia na Malawi batanze miliyoni 14 Frw zo gufasha bibasiwe n’ibiza
Kuri uyu wa Gatanu, Minisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi Dr. Musafiri Ildephonse, yashyikirijwe ibahasha irimo amadolari y’Amerika 12,490 asaga miliyoni 14 z’amafaranga y’u Rwanda, yantanzwe n’Abanyarwanda baba muri Zambia na Malawi. !-->!-->!-->…
Zanzibar : Minisiteri y’Ubuzima yahannye abaganga n’umuforomo barangaranye umugore utwite
Minisiteri y’Ubuzima muri Zanzibar yatesheje agaciro impapuro zemerera umuforomo n’abaganga gukora umwuga w’ubuvuzi, nyuma y’uko bahamijwe kugira uburangare n’imyitwarire itari iya kinyamwuga, bikavamo urupfu rw’umugore utwite ndetse!-->!-->!-->…
Biden yatsitaye yitura hasi ari mu muhango wo gutanga impamyabumenyi
Perezida wa Leta Zunze ubumwe za Amerika yatsitaye ikubita hasi ubwo yari ari mu muhango wo gutanga impamyabushobozi ku basirikare bari bashoje amasomo yabo muri Leta ya Colorado.
Perezida w'Amerika Joe Biden yatsitaye aragwa ubwo!-->!-->!-->!-->!-->…