Browsing Category
Ubuzima
Imvura Yangije Umuhanda Uhuza Kampala, Kongo n’u Rwanda
Imvura nyinshi imaze iminsi igwa mu karere ka Gisoro mu burengerazuba bwa Uganda yangije umuhanda uhuza umurwa mukuru Kampala n'ibihugu bituranye bya Repubulika ya Demokarasi ya Kongo n’u Rwanda.
Igice cy’umuhanda cyasenyutse kiri!-->!-->!-->!-->!-->…
London: Perezida Kagame na Madamu bitabiriye umuhango w’iyimikwa ry’Umwami Charles III
Perezida wa Repubulika Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame bageze i London mu Bwongereza, aho bitabiriye umuhango wo kwimika Umwami Charles III uzaba tariki 6 Gicurasi.
Ibiro by’Umukuru w’Igihugu Village Urugwiro bitangaza ko!-->!-->!-->!-->!-->…
Minisitiri w’intebe Ngirente Edouard yayoboye umuhango wo gusezera abahitanywe n’ibiza
Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente ari kumwe na Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu na Minisitiri w’Ibikorwa by’Ubutabazi, Guverineri w’Intara y’Iburengerazuba Habitegeko François, umugaba w’Ingabo z’u Rwanda hamwe n’Umuyobozi wa!-->…
Rwabuze gica hagati y’indaya n’umuganga gakondo wari wamwijeje kumusubiza ubusugi
Umukobwa usanzwe ukora uburaya mu Murenge wa Gitega mu Karere ka Nyarugenge, yaserereye n’umuganga gakondo bapfa ko yamuhaye amafaranga amuhangika imiti amubeshya ko izamufasha gusubirana ubusugi bwe mu gihe gito.
Uku gushwana!-->!-->!-->!-->!-->…
Uburengerazuba: Abagera kuri 55 nibo bamaze guhitanwa n’imvura yibasiye iyo ntara
Ubuyobozi bw’Intara y’Iburengerazuba bwatangaje ko abantu 55 ari bo bamaze kubarurwa ko bishwe n’ibiza ndetse n’imvura yaraye iguye ikibasira by’umwihariko uturere twa Ngororero, Rubavu, Nyabihu, Rutsiro na Karongi.
Guverineri!-->!-->!-->!-->!-->…
Leta y’u Burundi yahakanye gutererana abaturage bayo bari muri Sudan
Leta y'u Burundi yahakanye amakuru yavugaga ko yatereranye abaturage bayo bugarijwe n'intambara ikomeje kubica bigacika mu gihugu cya Sudan
Mu gihe intabara ikomeje kuba ndanze mu gihugu cya Sudan aho aba generali babiri bakomeje!-->!-->!-->!-->!-->…
Abanyarwanda 32 babaga muri Sudan bageze i Kigali
Mu ijoro rishyira kuri uyu wa Kabiri, u Rwanda rwakiriye abantu 42 babaga i Khartoum muri Sudani, igihugu kiri mu ntambara. Muri bo Abanyarwanda ni 32, mu gihe 10 ari abanyamahanga bakomoka mu bihugu bitanu.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Senegal: Hateye indwara ikomeye kandi yandura iterwa n’uturondwe
Muri Senegali ministeri y’ubuzima yatangaje ko habonetse indwara iterwa n’agakoko ka virusi ihagarika imikorere y’ibice by’ingenzi byo mu mubiri kugeza byishe nyir’ukuyandura.
Iyi ndwara yiswe Crimean-Congo haemorrhagic fever (CCHF)!-->!-->!-->!-->!-->…
Abapolisi b’u Rwanda bahaye amahugurwa abo muri Sudani y’Epfo
Abapolisi b’u Rwanda bagize umutwe RWAFPU1-7 woherejwe mu butumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye mu gace ka Malakal mu Ntara ya Upper Nile muri Sudani yepfo (UNMISS), basoje icyumweru cy’amahugurwa bagezaga ku bapolisi baho kugira!-->!-->!-->…
Kwibuka29: Abanyarwanda batuye muri Cyprus y’Amajyaruguru bibutse jenoside yakorewe Abatutsi
Abanyarwanda bakabakaba magana ane biganjemo urubyiruko ruri kwiga muri za kaminuza zitandukanye zo muri Cyprus y'amajyaruguru bunamiye abatutsi basaga miliyoni bishwe muri jenoside yakorewe abatutsi mu Rwanda mu mwaka w'i 1994 mu!-->!-->!-->…
Ukraine: Ibitero bya za misile na drones byahitanye abagera kuri 19
Kuwa Gatanu w'iki cyumweru gishize, gihugu cy'u Burusiya cyagabye ibitero simusiga byapfiriyemo abanya-Ukraine bagera kuri 19.
Kuwa Gatanu tariki ya 28 Mata 2023, Ingabo z'Igihugu cy'u Burusiya zagabye ibitero simusiga mu mujyi!-->!-->!-->!-->!-->…
Bugesera: Minisitiri kayisire yasabye abaturage gushyira ingufu mu gukumira ibiza
Marie Solange Kayisire minisitiri ushinzwe ibikorwa by'ubutabazi yasabye abaturage gushyira ingufu mu gukumira ibiza nkimpamvu irinda ibyago kurusha mu gusana ibyangiritse cyane ko no kubona ubushobozi bwo gusana bigorana.
Ibi!-->!-->!-->!-->!-->…
Turahirwa Moses washinze inzu y’imideli ya Moshion yatawe muri yombi
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi Moses Turahirwa washinze inzu y’imideli ya Moshions, akurikiranyweho ibyaha by’inyandiko mpimbano no gukoresha ibiyobyabwenge.
Turahirwa yafunzwe nyuma y’uko kuri uyu wa!-->!-->!-->!-->!-->…
Abantu 10 barimo n’uwahoze ari major barashinjwa kugira uruhare ibyaha bifitanye isano…
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rwafunze abantu icumi harimo n'uwahoze ari major mu ngabo z'u Rwanda RDF, bose bakekwaho ibyaha bifitanye isano n’ikirombe cy’amabuye y’agaciro cyagwiriye abaturage mu Murenge wa!-->!-->!-->…
Byemejwe ko wa mugabo ukurikiranyweho gusambanira mu kabari afungwa iminsi 30 y’agateganyo
Urukiko rw'ibanze rwa Nyarugenge rwategetse ko wa mukozi w'Akarere ka Nyamagabe uhereutse kugaragara mu bikorwa by'urukozasoni akomeza gufungwa iminsi 30 by'agateganyo.
Kuri uyu wa 25 Mata 2023, urukiko rw'ibanze rwa Nyarugenge!-->!-->!-->!-->!-->…