Browsing Category
Ubuzima
Abapolisi bagiye kwerekeza muri Sudani y’Epfo basabwe kurangwa n’imyitwarire myiza n’ubunyamwuga
Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda (IGP), CG Felix Namuhoranye, tariki 10 Kamena 2024, yahaye impanuro abapolisi 240 bitegura kujya mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kubungabunga amahoro mu gihugu cya Sudani y’Epfo.
Umuyobozi!-->!-->!-->…
Malawi: Visi perezida yagiye gushyingura minisitiri aburirwa irengero
Visi perezida wa Malawi Bwana Chilima hamwe n'abandi bantu bagera ku icyenda bari bamuherekeje baburiwe irengero mu ndege yari ibatwaye
Indege itwaye Visi Perezida wa Malawi Saulos Chilima n'abandi bantu icyenda yaburiwe irengero,!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Mu bigo by’amashuri haravugwamo ubucuruzi bw’amafaranga butemewe buzwi nka…
Hari ababyeyi barerera mu bigo by'amashuri byo mu Karere ka Nyanza bavuga ko babangamiwe no kwishyura amafaranga y'umurengera biturutse ku bucuruzi bw'amafaranga ibyitwa Banque Lambert bikorwa hagati mu banyeshuri ndetse no muri bamwe!-->!-->!-->…
Muhanga: Mu minsi 2 gusa, habonetse imibiri 14 y’abazize jenoside yakorewe Abatutsi.
Ubuyobozi bw’Umurenge wa Nyamabuye mu Karere ka Muhanga, buratangaza ko mu minsi ibiri gusa mu butaka bwa Kiliziya Gatolika Diyosezi ya Kabgayi, hamaze kuboneka imibiri 14 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi.
Ni imibiri yabonetse!-->!-->!-->!-->!-->…
Urukiko rwa Rubanda rwo mu Bubiligi rwahamije ibyaha Bomboko
Nyuma y’umwiherero Urukiko rwa rubanda rwa Buruseli mu Bubiligi rumazemo iminsi igera kuri ibiri, Nkunduwimye Emmanuel uzwi nka Bomboko yahamijwe ibyaha yaregwaga.
Bomboko watangiye kuburana tariki 8 Mata 2024, yahamwe n’ibyaha!-->!-->!-->!-->!-->…
MONUSCO yoherereje u Rwanda abarwanyi 7 bo mu mutwe wa FDLR
Ubuyobozi bw’ubutumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (MONUSCO), bwohereje mu Rwanda abarwanyi batandatu b’umutwe witwaje intwaro rwa FDLR umaze imyaka irenga 20 ushinzwe.
Uyu mutwe!-->!-->!-->!-->!-->…
RIB yataye muri yombi wa mugabo wari umaze iminsi yaraboheye umugore we mu nzu
Urwego rw'ubugenzacyaha mu Rwanda RIB rwatangaje ko rwataye muri yombi umugabo wari umaze iminsi yica urubozo umugore we.
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi Munyandekwe Elisha w’imyaka 47 ukurikiranyweho!-->!-->!-->!-->!-->…
Madamu Jeannette Kagame yashimye ababyeyi b’intwaza ubutwari bakomeje kugaragaza
Madamu Jeannette Kagame akaba n’Umuyobozi Mukuru w’Umuryango Unity Club Intwararumuri, agaragaza ko ababyeyi b’intwaza bagaragaje kuba indashyikirwa mu budaheranwa kuko bakomeje guhangana n’ingaruka za Jenoside yakorewe Abatutsi!-->!-->!-->…
Bugesera: Umusore witwa Daniel yasanzwe amanitse ku giti, bigakekwa ko yiyahuye.
Umusore witwa Ntakirutimana Daniel w'imyaka 20 wari utuye mu Kagari ka Kabeza, mu Murenge wa Rilima mu Karere ka Bugesera yasanzwe mu giti ari mu mugozi yapfuye bigakekwa ko yaba yiyahuye, ariko hakaba hari abandi bavuga ko ashobora!-->!-->!-->…
Uganda: Abanyarwanda barakekwaho kwica umugande bakoresheje inyundo
Polisi yo mu gace ka Kabare muri Uganda, yatangaje ko yafunze umugabo n’umugore b’Abanyarwanda, bakurikiranyweho kwica Umugande.
Daily Monitor ivuga ko Kwizera Desire n’umugore we witwa Uwingabire Kwizera, bakekwa gukora iki cyaha!-->!-->!-->!-->!-->…
Hamenyekanye impamvu y’isubikwa ry’urubanza rwa Nkundineza J.Paul
Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwasubitse iburanisha ku bujurire mu rubanza rw’Umunyamakuru Jean Paul Nkundineza, nyuma yo kugaragaza ko atigeze abonana n’abamwunganira mu mategeko ngo bamusobanurire umwanzuro w’ubujurire bwe ndetse!-->!-->!-->…
Bugesera: Siporo idasanzwe y’abagore yasize bijeje uwabasubije agaciro kutazamutenguha.
Abagore bo mu Karere ka Bugesera baravuga ko bamaze imyaka 30 ishize babasubijwe agaciro bari barambuwe, ibyo bakavuga ko babikesha Perezida Kagame, banamushimira by'umwihariko nk'abagore ku byo amaze kubagezaho ubu bakaba bari mu!-->!-->!-->…
Bugesera: Hashojwe icyumweru cy’Umujyanama, Njyanama y’Akarere n’abaturage bataha…
Njyanama y'Akarere ka Bugesera hamwe n'abaturage batashye ku mugaragaro ibiro by'akagari ka kagomasi biri mu Murenge wa Gashora mu Karere ka Bugesera byitezweho gukomeza gutangirwamo serivice nziza zihabwa abaturage no gukemurirwa!-->!-->!-->…
Barikana Eugene yahamijwe icyaha arakatirwa
Urukiko rw'ibanze rwa Nyarugenge rwahamije icyaha Bwana Balikana Eugene rumuca ihazabu y'amafaranga ibihumbi 500
Kuri uyu wa Gatatu tariki 29 Gicurasi 2024, Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge rwahamije Barikana Eugène icyaha cyo!-->!-->!-->!-->!-->…
Abamotari bazaniwe kasique nshya zizabarinda kumeneka umutwe mu gihe cy’impanuka
Abakora umwuga wo gutwara abantu kuri moto bazaniwe kasike nshya zigezweho zikaba zizabarinda kumeneka umutwe mu gihe habayeho impanuka yo mu muhanda.
Abakora umwuga wo gutwara abagenzi kuri moto barabyiniraku rukoma nyuma y'aho!-->!-->!-->!-->!-->…