Browsing Category
Ubuzima
RIB yahagurukiye abakwirakwiza videos z’urukozasoni kuri Youtube
Urwego rw'ubugenzacyaha mu Rwanda rwataye muri yombi bamwe mu Banyarwanda bakwirakwiza ibiteye isoni kuri you tube
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rufunze abantu batandatu bakurikiranyweho bitandukanye biromo icyo gushyira!-->!-->!-->!-->!-->…
Bugesera: “Land week” yitezweho gusiga ikemuye byinshi mu bibazo bikigaragara mu butaka
Icyumweru cyahariwe serivice z'ubutaka kiswe "Land Week" kitezweho gusiga gikemuye byinshi mu bibazo abaturage b'Akarere ka Bugesera bafite na none kandi kikazasiga hakozwe ubukangurambaga ku mikoreshereze myiza y'ubutaka bw'aka!-->!-->!-->…
Uwari umugore wa Jose Chameleone rurageretse n’uwari nyirabukwe
Daniella Atim wahoze ari umugore wa Jose Chameleone yabwije inani narimwe uwari nyirabukwe wamusabaga guceceka amabanga y’urugo.
Guterana amagambo hagati ya Daniella Atim na Prossy Mayanj wari nyirabukwe bikomeje gufata intera!-->!-->!-->!-->!-->…
DORE IGITEGEREJE KUBA KU MENYO YAWE NIBA UGIKOMEJE KURYA INZARA.
NIBA USANZWE URYA INZARA BYABA BYIZ UTANGIYE KUBICIKAHO KUKO AMENYO YAWE ARI MU KAGA.
N'ubwo abensh mu babikora baba barabwiwe ko ari bibi kurya inzara, bikunze kugorana gucika kuri iyi ngeso mugihe biba byarabaye akamenyero ku!-->!-->!-->!-->!-->…
Umuntu wa Mbere Wimwe Ubuhungiro mu Bwongereza Yaba Yajyanywe mu Rwanda
Ubwongereza bwohereje mu Rwanda umuntu wa mbere waje muri icyo gihugu ahasaba ubuhungiro nkuko byemezwa n’binyamakuru The Sun na Financial Times byandikirwa mu Bwongereza.
Mu cyumweru gishize nibwo leta y’Ubwongereza yemeje itegeko!-->!-->!-->!-->!-->…
Ku ikubitiro Ubwongereza buzohereza abimukira hafi 6,000 Mu Rwanda
Leta y'Ubwongereza yatangaje ko ikubitiro abimukira hafi ibihumbi bitandatu aribo bazabanza koherezwa mu Rwanda
Iyo mibare ivuzwe iminsi mike nyuma y’uko umugambi wo guca intege abimukira bahagera mu twato duto baturutse mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Afghanistan: Abataramenyekana bagabye igitero ku musigiti 6 bahasiga ubuzima
Abantu batandatu baguye mu gitero cyagabwe ku musigiti uherereye Mujyi wa Andisheh mu karere ka Guzara mu Ntara ya Herat muri Afghanistan.
Umuvugizi wa Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu, Abdul Mateen Qani, yatangaje ko umuntu!-->!-->!-->!-->!-->…
Abakora uburaya mu mujyi wa Nyanza barasaba kwegerezwa udukingirizo
Bamwe mu bagore n'abakobwa bakora umwuga w'uburaya barasaba ko Leta n'Akarere babegereza udukingirizo kuko SIDA ishobora kubamara.
Abenshi mu bantu bazi mu mujyi wa Nyanza, cyangwa abahatuye ntibashobora kuyoberwa agace kitwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Huye: J.Bosco w’imyaka 30 yakubiswe n’inkuba arapfa
Habinshuti Jean Bosco w’imyaka 30 y’amavuko yakubiswe n’inkuba iramwica, abana be babiri bari kumwe mu buriri bararokoka.
Ni impanuka yabaye ku wa 28 Mata 2024 ku mugoroba mu Mudugudu wa Rukeri, Akagari ka Kabuye, mu Murenge wa!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyamasheke: Yishe umugore we amufomboje inda amukuramo umwana w’amezi 7
Inzego z'umutekano zikurikiranye umugabi witwa Antoine ukekwaho kwica urubozo umugore amufomboje inda akamukuramo inda y'amezi agera kuri arindwi.
Umugabo witwa Antoine Ndayambaje wo mu Karere ka Nyamasheke, mu murenge wa Cyato,!-->!-->!-->!-->!-->…
Diamond Platinums yerekanye uwatumye yandika indirimbo “Kamwambie”
Umuhanzi ukunzwe muri Tanzania no mu ruhando mpuzamahanga Diamond Platnumz yatunguye abafana atumira Sarah watumye yandika indirimbo ye yanabaye impamvu zo kumenyekana ndetse akaba yarahoze ari n’umukunzi we.
Ibi Diamond!-->!-->!-->!-->!-->…
Kigali: Imvura yaguye yahitanye abantu 2 isenya n’inzu
Imvura yaguye kuri iki Cyumweru tariki 28 Mata 2024, yahitanye abantu 2 inasenya inzu z’abaturage mu Mujyi wa Kigali.
Umuvugizi wa Polisi mu Mujyi wa Kigali, SP Sylvestre Twajamahoro, yatangarije Kigali Today dukesha iyi nkuru ko imvura!-->!-->!-->…
Ubushinjacyaha bwasabye Urukiko gufatira imitungo ya Dubai
Urukiko Rwisumbuye rwa Gasabo rwaburanishije urubanza ruregwamo rwiyemezamirimo Nsabimana Jean uzwi nka Dubai aho Ubushinjacyaha bwasabye Urukiko ko rwanyaga imitungo ye kuko ituruka ku cyaha.
Iburanisha ryo kuwa 26 Mata 2024,!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Ikamyo ya Howo yahitanye abanyerondo 2 bari bugamye munsi y’igiti
Mu Karere ka Nyanza hebereye impanuka ikomeye y'ikamyo yo mu bwoko bwa Howo yahitanye abanyerondo 2 n'umushoferi wari uyitwaye.
Mu rukerera rwo kuri uyu wa gatanu taliki 26 Mata 2024, mu mudugudu wa Nyarukorera A, akagari ka!-->!-->!-->!-->!-->…
U Bwongereza bwemeje bidasubirwaho gahunda yo kohereza abimukira mu Rwanda
Kuri uyu wa Kane, tariki 25 Mata 2024, Ubwami bw'u Bwongereza bwemeje umwanzuro w'iki gihugu wo kohereza impunzi n'abimukira mu Rwanda, nk'uko byemejwe n'Umukuru w'Inteko Ishinga Amategeko y'u Bwongereza.
Iki cyemezo kije gikurikira!-->!-->!-->!-->!-->…