Browsing Category
Ubuzima
Umujyi wa Kigali wemeye kwishyurira ubukode ababaga mu Mudugudu wo ’Kwa Dubai’
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwatangaje ko bwahisemo gukodeshereza ukwezi kumwe abakodeshaga mu macumbi (apartment) yo mu nzu zirindwi zigeretse zo mu Mudugudu ugezweho wiswe “Urukumbuzi Real Estate”, nyuma y’ubugenzuzi bwagaragaje ko!-->!-->!-->…
Nyarugenge: Imodoka yacitse feri igonga umumotari ariko Imana ikinga akaboko
Mu karere ka Nyarugenge mu murenge wa Rwampara akagari ka Gacaca tariki ya 17 Mata 2023 habereye impanuka y’imodoka Toyota Avensis RAB 974Y yari itwawe na Tuyizere Innocent yagonze umumotari umugenzi yari ahetse arakomereka.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Yahamijwe icyaha cyo gucira amacandwe ku mupolisi akatirwa gufungwa imyaka 70
Umusore w'imyaka 36 y'amavuko yahamijwe icyaha cyo gucira amacandwe ku mupolisi maze urukiko rumukatira igifungo cy'imyaka 70 yose.
Umusore witwa Larry Pearson w’imyaka 36 yakatiwe gufungwa imyaka 70 yose nyuma y'aho inkiko zo muri!-->!-->!-->!-->!-->…
Remera: Bibutse Abapadiri n’Ababikira 17 biciwe muri Centre Christus
Umurenge wa Remera mu Karere ka Gasabo wibutse Abapadiri n’Ababikira 17 biciwe mu kigo cy’Abayezuwiti cyitwa Centre Christus, hamwe n’Abatutsi barimo abarenga 4,500 bari bahavuye mbere y’uko Jenoside itangira ku itariki ya 7 Mata 1994.!-->!-->!-->…
Bugesera: Meya yahaye umukoro ugomba guhabwa abapfobya bakanahakana jenoside yakorewe abatutsi.
Meya w'Akarere ka Bugesera Bwana Richard Mutabazi yasabye abaturage kujya bababaza ibibazo bibiri abapfobya bakanahakana jenoside yakorewe abatutsi mu mwaka w'i 1994.
Ibi yabigarutseho imbere y'imbaga y'Abaturage n'urubyiruko bari!-->!-->!-->!-->!-->…
Ghana yabaye igihugu cya mbere cyemeje urukingo rwa Malaria
Ghana yabaye igihugu cya mbere cyemeje urukingo rushya rwa Malaria rufatwa, nk’uruzahindura Isi, nk’uko byasobanuwe n’abashakashatsi mu bya siyansi barukoze.
Urwo rukingo rwiswe ‘R21’ rugaragara ko rufite imbaraga nyinshi!-->!-->!-->!-->!-->…
Rutsiro: Umubikira uyobora ikigo nderabuzima yatawe muri yombi nyuma yokwanga gutabara umubyeyi wari…
Urwego rw'ubugenzacyaha RIB rwatangaje ko rwataye muri yombi umubikira akaba n'umuyobozi w'ikigo nderabuzima wanze gutanga imbangukiragutabara mu gutabara umubyeyi wari ku nda bikamuviramo kubyara umwana upfuye.
Urwego!-->!-->!-->!-->!-->…
Urujijo ku ifungurwa ry’ibifi binini byo mu turere twa Nyanza na Gisagara bimaze kurekurwa
Abakozi bo mu bushorishori mu turere twa Nyanza na Gisagara baherutse gutabwa muri yombi kubera ruswa mu gutanga amasoko ya Leta baraye barekuwe.
Urukiko rwa Nyarugenge ruherereye mu mujyi wa Kigali rwari ruri gukora kuri dosiye!-->!-->!-->!-->!-->…
Bugesera: Abaturage basabwe gutanga amakuru ku mibiri y’abishwe muri Jenoside yakorewe…
Madam Mukabalisa Germaine umudepite Munteko Ishinga amategeko y'u Rwanda yasabye abafite amakuru y'ahari imibiri y'Abatutsi bishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu w'i 1994 itarashyingurwa, kuhagaragaza kugira ngo ishyingurwe mu!-->!-->!-->…
Gatsibo: Barifuza ikimenyetso cy’amateka ya Jenoside muri Kiliziya ya Kiziguro.
Umuryango uharanira inyungu z’Abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi (Ibuka) wifuza ko muri Kiliziya ya Kiziguro hashyirwa ikimenyetso cy’amateka yaharanze mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi mu rwego rwo kuyasigasira.
Ni kimwe mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Umukozi w’Akarere ka Nyamagabe uherutse kugaragara asambanira mu ruhame yatawe muri yombi.
Urwego rw'igihugu rw'ubugenzacyaha rwatangaje ko rwataye muri yombi umugabo ukora mu Karere ka Nyamagabe uherutse kugaragara asambanira mu ruhame.
Mu minsi mike ishize nibwo ku mbuga nkoranyambaga hakwirakwiye aka video k'umugore!-->!-->!-->!-->!-->…
Muhanga: Polisi yarashe mu cyico igisambo cyari kivuye kwiba
Mu rukerera ryo kuri uyu wa 08 Mata 2023 Inzego z’Umutekano zarashe umujura wari witwaje inkota n’ipiki yikoreye na Televiziyo yari yibye Umuturage.
Ibi byabereye mu Mudugudu wa Rutenga, Akagari ka Gahogo Umurenge wa Nyamabuye.
!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Uganda: Abantu 9 baraye baguye mu mpanuka ikomeye yabereye i Mbarara
Abantu icyenda harimo abana babiri mu mpanuka ikomeye y'ikamyo yagonganye n'indi modoka i Mbarara.
Iyi mpanuka yabaye saa kumi za nimugoroba zo kuri uyu wa Gatanu mu gace ka Kyoko, ubwo imodoka yo mu bwoko bwa Toyota Alphard!-->!-->!-->!-->!-->…
Bugesera: Abaturage basabwe gukomeza kubaka Ubumwe no kwigisha urubyiruko amateka y’ukuri
Depite Mukarugwiza Anonciata yasabye abaturage bo mu Karere ka Bugesera gukomeza kubaka ubumwe ndetse asaba n'abauze kujya bigisha urubyiruko amateka nyayo y'igihugu cyacu.
Kuri uyu wa gatanu ubwo taliki ya 7 Mata 2023 u Rwanda!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: Batandatu bahamijwe icyaha cyo kwica uwari ambasaderi w’Ubutaliyani bakatiwe
Abagabo batandatu bahamijwe icyaha cyo kwica uwahoze ari ambasaderi w'Ubutaliyani muri DRC bakatiwe igihano cyo gufungwa burundu.
Urukiko rwa gisirikare i Kinshasa muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), kuri uyu wa!-->!-->!-->!-->!-->…