Browsing Category
Ubuzima
Isura y’umwana muto ikomeje gutangaza benshi
Uyu mwana ukiri mutoya cyane, uri mukigero cy’imyaka 8 akomeje gutangaza abantu benshi bamubona kuko iyo bamubonye bamugereranya n’umusaza w’imyaka 80.
Uyu mwana ntaratangira ishuri kuko babonako, abandi bana bashobora kumutinya kubera!-->!-->!-->…
Dore zimwe mu ngaruka zikomeye ushobora kuba utari uzi ziterwa noguhora ufunguye Bluetooth ya…
Abantu benshi usanga bibanda ku gushyira imfunguzo zikaze (screen lock & app lock) muri telefone zacu ndetse tukanaharanira guhora telefone zigaragara neza umunsi kuwundi.
Nyamara ibi usanga tubikora ariko tugasiga ibindi byobo!-->!-->!-->…
Rubavu: Umwana yari yarabuze umurambo we uboneka mu Kivu nyuma y’iminsi itatu
Umwana w’umuhungu witwa Nzayisenga Gyslain yaburiwe irengero tariki 11 Werurwe 2021, ababyeyi bamushaka bazi ko yagiye gusura abandi bana aho batuye mu Kagari ka Kivumu, Umurenge wa Gisenyi ariko bakomeza kumubura kugeza basanze umurambo!-->…
Ikindi gihugu cy’Iburayi cyahagaritse gukoresha urukingo rwa AstraZeneca
Nyuma yo kumenya ko hari ibihugu aho abaturage bagize ingaruka nyuma yo guterwa urukingo rwa covid-19, Leta y'Ubuholande nayo yabaye ihagaritse urwo rukingo rwo mu bwoko rwa AstraZeneca.
Leta y'Ubuholandi yavuze ko yafashe icyo!-->!-->!-->!-->!-->…
Rutsiro:”Gusinzira ntazi ukobimera “Indwara itaramenyeka Imereye nabi umwana.
Umubyeyi witwa Hagumirema Déogratias wo mu Kagari ka Nkora, Umurenge wa Kigeyo mu Karere ka Rutsiro, aratabariza umwana we umaze imyaka 12 afashwe n’indwara idasanzwe, aho bagerageje kumuvuza ubushobozi bwabo bukarangira.
Uwo mwana!-->!-->!-->!-->!-->…
Minisante yasobanuye icyagendeweho mu gukingira covid-19 abarimu
Ministeri y'ubuzima mu Rwanda yasobanuye impamvu abarimu baje ku isonga mu bantu bagomba gukingirwa vuba.
Ku munsi wa gatanu ushize taliki ya 5 Werurwe 2021 nibwo igikorwa cyo gukingira abantu cyatangiye ariko hibandwa ku bantu!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyarugenge: Polisi yafatanye uwitwa Consolee na Edouard magendu y’amabalo 20 y’imyenda…
Ishami rya Polisi y'u Rwanda rishinzwe kurwanya magendu(ASOC) n’irishinzwe kurwanya abanyereza imisoro(RPU) kuri uyu wa Gatanu tariki ya 5 Werurwe ku bufatanye n’abaturage bafashe abantu bane bafite magendu y’imyenda ya!-->!-->!-->…
Nyanza: Abatewe urukingo rwa Covid-19 barashimira Leta n’ubuyobozi bw’Akarere…
Bamwe mu baturage bakingiriwe icyorezo cya Coronavirus barashima Leta ndetse n'ubuyobozi bw'Akarere kuba barabazirikanye bagashyirwa ku yambere ku rutonde rw'abakingirwa
Kuri uyu wa gatanu taliki ya 5 Werurwe 2021 mu Karere ka!-->!-->!-->!-->!-->…
Mu minsi itatu gusa abagera kuri 158,898 bamaze gukingirwa Covid-19.
RBC yatangaje ko abagera kuri 158,898 bamaze guterwa inkingo zibarinda ubwandu bwa covid-19.
Guhera kuri uno wa kane nibwo ahenshi mu Rwanda hatangije igikorwa cyo gukingira abaturage inkingo zibarinda ubwandu bwa Coronavirus,!-->!-->!-->!-->!-->…
Ibitaro byo mu Turere n’ibyo mu mujyi wa Kigali byatangiye gutanga inkingo za Covid-19
Bimwe mu bitaro byo mu ntara no mu mujyi wa Kigali byatangiye igikorwa cyo gutera abaturage inkingo za covid-19.
Ku wa Gatatu nibwo u Rwanda rwakiriye inkingo 342.960 zanyujijwe muri gahunda ya Covax, zaje mu byiciro bibiri kandi mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Kenya: Ihuriro ry’abaganga b’abakristo babujije rubanda gukoresha urukingo rwa Covid-19
Ihuriro ry'abaganga b'abakristu gatolika muri Kenya ryasohoye itangazo riburira abantu ku nkingo za Covid-19, rivuga ko urwo rukingo rudakenewe.
Uruganga rw'abaganga b'abakristo bo mu gihugu cya Kenya rwamaganye urukingo rwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Hifashishije kajugujugu mu kugeza inkingo za covid-19 mu bice by’icyaro
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko kuva mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki ya 4 Werurwe 2021, inkingo z’Icyorezo cya COVID-19 zakwirakwijwe mu Gihugu hose ndetse ikaba zirara zigejejwe ku bitaro by’Uturere n’iby’Intara bisaga 50,!-->!-->!-->…
Ubushinjacyaha bwasabiye Madame IDAMANGE Yvonne gufungwa imyaka 30
Ubushinjacyaha bwasabiye Idamange Iryamugwiza Yvonne, gufungwa by’agateganyo mu gihe cy’iminsi 30 kubera uburemere bw’ibyaha bikomeye ashinjwa. Uyu mubyeyi w’imyaka 42 we aburana ahakana ibyo ashinjwa byose, ko ibyo yavuze byose!-->!-->!-->…
Madame IDAMANGE Yvonne yahakanye ibyaha byose ashinjwa.
Madame Yvonne IDAMANGE wagejejwe mu rukiko uyu munsi yahakanye ibyaha byose ubushinjacyaha bumurega.
Yvonne Idamange Iryamugwiza wamenyekanye nyuma yo gutangiza 'channel' kuri YouTube anenga ubutegetsi bw'u Rwanda akaza gufungwa,!-->!-->!-->!-->!-->…
Interpol yataye muri yombi abakwirakwiza inkingo mpimbano za covid-19
Polisi y'Ubushinwa na polisi y'Afurika y'epfo zafashe doze zibarirwa mu bihumbi z'inkingo mpimbano za Covid-19 ndetse zita muri yombi abantu babarirwa muri za mirongo, nkuko polisi mpuzamahanga Interpol ibivuga.
Mu Bushinwa, polisi!-->!-->!-->!-->!-->…