Browsing Category
Ubuzima
Polisi yerekanye abantu 8 bafatiwe mu birori byo kwizihiza isabukuru y’amavuko
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki ya 22 Mata Polisi y’u Rwanda yeretse itangazamakuru abantu 8 bafashwe barenze ku mabwiriza yashyizweho na Leta yo kwirinda no kurwanya icyorezo cya COVID-19. Bafashwe bari mu birori byo kwizihiza!-->!-->!-->…
Pr Lyambabaje yasabye abarimu ba UR kuba ku isonga mu kubaka u Rwanda
Umuyobozi mukuru wa Kaminuza y'u Rwanda, Prof. Ryambabaje Alexandre yasabye abarimu ba Kaminuza y’u Rwanda kwitandukanya n'imigirire yaranze bagenzi babo, bateguye bakanagira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi.
Ibi Prof!-->!-->!-->!-->!-->…
Karongi: Abantu 4 bafatanwe amabaro 15 y’imyenda ya caguwa n’imashini idoda bya magendu
Mu masaha ya saa kumi n’imwe n’igice za mu gitondo cyo kuri uyu wa kabiri tariki ya 20 Mata, Polisi y’u Rwanda ku bufatanye n’izindi nzego z’umutekano bafashe abantu bane bari bafite imyenda ya caguwa amabaro 15 n’imashini imwe!-->!-->!-->…
Nyamasheke: Abantu babiri bahitanywe n’impanuka ya fuso yari itwaye inka
Impanuka y’ikamyo yari itwaye inka izivanye mu Karere ka Bugesera izijyanye mu isoko ry’amatungo rya Rugari mu Karere ka Nyamasheke, yahitanye abantu babiri abandi barakomereka.
Abari aho iyi mpanuka yabereye babwiye IGIHE ko!-->!-->!-->!-->!-->…
Leta yatangiye guha Mudasobwa abarimu bigisha mu mashuri ya Leta.
Ubuyobozi bw’Urwego rw’Igihugu rushinzwe Uburezi bw’Ibanze (REB) bwatangiye kohereza hirya no hino mudasobwa zo guha abarimu muri gahunda yiswe “Mudasobwa imwe ku Mwarimu”.
REB yavuze ko guhera tariki ya 16 Mata 2021,aribwo!-->!-->!-->!-->!-->…
Cape Town:Hitabajwe indege za Kajugujugu mu kuzimya inkongi y’umuriro yibasiraga kaminuza.
Umuriro w'agasozi wadutse ku mabanga y'umusozi witwa Table Mountain muri Afurika y'epfo wakwiriye ku ishami riri hafi aho rya Kaminuza ya Cape Town, biba ngombwa ko abanyeshuri babarirwa mu magana bahungishwa, nkuko abategetsi!-->!-->!-->…
Nyabihu: 62 bafatiwe munsi y’urutare basenga batubahirije amabwiriza yo kwirinda covid-19.
Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Nyabihu mu Murenge wa Bigogwe ku bufatanye n’abaturage, bafashe abantu 62 baturuka mu madini atandukanye barimo gusengera munsi y’urutare barenze ku mabwiriza yo kurwanya COVID-19.
Aba bantu!-->!-->!-->!-->!-->…
Umurambo wIgikomangoma Philip uzatwarwa mu modoka we ubwe yikoreye
Herekanywe amashusho y'imodoka ya Land Rover yakozwe n'igikomangoma Philip ngo izatware isanduku y'umurambo we
Prince Philip, wapfuye mu cyumweru gishize ku myaka 99, yatangiye gukora kuri iyi modoka guhera ubwo yari agize imyaka!-->!-->!-->!-->!-->…
Bwa mbere mu Rwanda, COVID-19 ihitanye uruhinja rw’amezi atanu gusa
Bwa mbere mu Rwanda, coronavirusi ihitanye uruhinja rw'ameziatanu gusa.
Kuva umuntu wa mbere yahitanwa n'icorezo cya covid-19 mu Rwanda, hari ku italiki ya 30 Gicurasi umwaka wa 2020, yari umugabo w'imyaka 65, icyo gihe ministeri!-->!-->!-->!-->!-->…
Nigeria: Abagore 8 n’abandi bagabo 3 batawe muri yombi kubera kwica igisibo.
Mu gihugu cya Nigeria haravugwa inkuru y’abayisilamu 11 bafunzwe n’inama ya Hisbah muri leta Kano bazira kuba bananiwe kwihangana bakarya mu gisibo.
Inkuru dukesha umuryango.rw nayo ikiesha ikinyamakuru DGN Online iravuga ko!-->!-->!-->!-->!-->…
RIB yagize icyo ivuga kuri Mme Adeline Rwigara wanze kwitaba urwo rwego.
Nyuma y'uko Madame MUKAMUGEMANYI Rwigara Adeline yanze ubutumire (Convocation) bw'Urwo rwego, RIB yavuze ko igiye kwifashisha noneho amategeko.
Madame Adeline MUKAMUGEANYI RWIGARA, umugore w'umunyemali RWIGARA Assinapol amaze!-->!-->!-->!-->!-->…
Rusizi: Abihaye gukubita umukecuru ugendera ku gataro batawe muri yombi
Ubuyobozi bw'umurenge wa Nzahaha bwamaze gushyikiriza inzego z'umutekano abantu babiri bihaye gukubita umukecuru bashinjaga uburozi no kugendera ku rutaro.
Ku munsi w'ejo ku wa kabiri nibwo inkuru zavuzwe cyane mu Karere ka Rusizi,!-->!-->!-->!-->!-->…
Muhanga: Abantu 22 bafatiwe mu kabari barenze ku mabwiriza yo kwirinda COVID-19
Mu rwego rwo gukomeza kugenzura iyubahirizwa ry'amabwiriza yo kwirinda ikwirakwira ry'icyorezo cya COVID-19, ku gicamunsi cyo kuri uyu wa mbere tariki ya 12 Mata Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Muhanga, Umurenge wa Mushishiro ku!-->!-->!-->…
Nyanza: Menya bamwe mu baganga n’abaforomo bakoze genoside y’abatutsi.
Kimwe n'ahandi hose mu gihugu, mu cyahoze cyitwa Nyabisindu ubu ari mu Karere ka Nyanza, bamwe mu baganga ndetse n'abaforomo biraye mu barwayi no mu baturage barabica.
Akarere ka Nyanza ni kamwe mu duce tw'u Rwanda twashegeshwe!-->!-->!-->!-->!-->…
Ku italiki ya 13 Mata 1994 abatutsi barenga 2000 biciwe mu kigo cya Saint Andre
Taliki nk'iyi ngiyi ya 13 Mata umwaka w'i 1994, abatutsi barenga 2000 bari bahungiye muri Groupe scolaire Saint Andre no ku bafurere bishwe urw'agashinyaguro n'interahamwe.
Kimwe na handi hose mu Rwanda, italiki ya 13 Mata 1994!-->!-->!-->!-->!-->…