Browsing Category
Ubuzima
Sudani y’epfo: Covid-19 yahitanye aba jenerari 3
Igisirikare cya Sudan y'Epfo cyatangaje urupfu rw'aba jenerari batatu bahitwanywe na Covid-19.
Abasirikare barasabwa zo kwirinda kwandura coronavirus
Cyavuze ko abo batatu ari David Manyot Barach, Elijah Alier Ayom na Mabior Maket
!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Abagore 3 bateraniye undi mugore baramudiha bamusuka urusenda n’umucanga mu gitsina
Polisi yo mu gihugu cy'U burundi yataye muri yombi itsinda ry'abagore batatu bishyize hamwe ngo bajye bahana abagore batwara abagabo b'abandi.
Polisi yo mu gihugu cy'Uburundi ikorera mu Ntara ya Gitega yataye muri yombi kuri uyu wa!-->!-->!-->!-->!-->…
Joel w’imyaka 13 yiyahuye nyuma yo gutsindwa ikizamini cy’Imibare.
Umwana w'umuhungu uri mu kigero cy'imyaka 13 yiyahuye kubera agahinda ko gutsindwa ikizamini cy'imibare.
Umwana w'umuhungu ufite imyaka 13 y'amavuko ukomoka mu gihugu cya Zambiya yaraye yiyahuye arapfa nyuma y'aho atsinzwe ikizamini!-->!-->!-->!-->!-->…
Karongi: Bwana Thomas yapfuye yiyahuye nyuma yo gushyamurana na se akamwicisha agafuni.
Umugabo w’imyaka 47 wo mu Murenge wa Mutuntu yaguye mu Bitaro bya Kigali CHUK mu ijoro ryo kuri uyu wa 01 Werurwe 2021 nyuma yo gushyamirana n’umuhungu we akamukomeretsa bikomeye, umuhungu we na we bamusanze yiyahuye nyuma yo gutoroka!-->!-->!-->…
Ghana: Prezida Nana yibwiye abaturage ko urukingo rwa covid-19 rutagamije kubica.
Mu gihe Ghana igiye gutangira gahunda yo gukingira Covid-19, perezida w'iki gihugu yashishikarije abaturage kwemera kuruterwa kuko rutaje kumaraho abanyafurika, nk'uko ngo hari amakuru y'impuha abivuga.
Ibihugu 24 bya Africa vuba!-->!-->!-->!-->!-->…
Kamonyi: Gitifu Obed wari ukurikiranyweho icyaha cya ruswa yarekuwe nyuma y’amazi 3 ari mu…
Gitifu NIYOBUHUNGIRO Obed wari umaze amezi agera kuri atatu mu gihome kubera icyaha cya Ruswa, urukiko rwamurekuye.
Urukiko rw’Ibanze rwa Gacurabwenge rwarekuye Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Ngamba mu Karere ka!-->!-->!-->!-->!-->…
U Rwanda rwagejeje ku bipimo bya covid-19 miliyoni
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko abantu 136 banduye Covid-19, abakize ni 23 ntawahitanywe n’icyorezo mu gihe ibipimo byafashwe muri rusange byageze kuri miliyoni.
Ibipimo 4 163 byafashwe none ni byo byabonetsemo abantu 136 banduye,!-->!-->!-->!-->!-->…
Inteko y’umuco yashyize hanze igitabo gishya k’ikibonezamvugo.
Inteko y’Umuco (RCHA) yamuritse igitabo cy’Ikibonezamvugo (Grammar/ Grammaire) kizifashishwa n’amashuri mu bijyanye n’imyigishirize y’Ikinyarwanda n’Abanyarwanda muri rusange bakaba bakifashisha. Hari gahunda yo kugikwirakwiza kugira!-->!-->!-->…
“Ndi Umfubyi ya LONI yashimuswe azanwa mu Rwanda” RUSESABAGINA
Urubanza mu mizi rwa Paul Rusesabagina n'abantu 20 bareganwa rwibanze ku nzitizi yatanze avuga ko urukiko rukuru rudafite ububasha bwo kumuburanisha kuko atakiri umunyarwanda.
Ni urubanza bigaragara ko rushobora kuzatinda. Abaregwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Mu kwezi kumwe gusa kwa Mutarama, abantu bagera kuri 34 bahitanywe n’ibiza
Minisiteri ishinzwe Ibikorwa by’Ubutabazi (MINEMA) yatangaje ko ibiza byiganjemo ibyatewe n’imvura byabaye guhera mu ntangiro z’uyu mwaka wa 2021 kugeza tariki ya 16 Gashyantare bimaze gutwara ubuzima bw’abantu 34.
Imibare itangwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Ruhango: Umuganga uvurira mu bitaro by’i Gitwe yasanzwe mu nzu yapfuye.
Umuganga usanzwe uvura amaso ku bitaro by'i Gitwe bamusanze mu nzu ye yitabye Imana, ntibamenya icyamwishe.
Amakuru y'urupfu rwa Bwana Micomyiza Sixbert yamenyekanye mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere ubwo abo bakoranaga ku bitaro!-->!-->!-->!-->!-->…
Itangazo rya Mfitumukiza wifuza guhindurirwa amazina.
Uwitwa MFITUMUKIZA JACQUES mwene HABYARIMANA Jean de Dieu na Damars AYINKAMIYE, utuye mu Karere ka Musanze mu Ntara y'Amajyaruguru, mu Murenge wa Cyumve, arifuza guhindurirwa amazina akitwa MFITUMUKIZA JACKSON akaba ari nayo yandikwa!-->!-->!-->…
U Rwanda rwatangije igikorwa cyo gukingira Covid-19
Ministeri y'ubuzima mu Rwanda yatangije igikorwa cyo gukingira no gutera inkingo za covid-19 hibandwa ku bakora muri serivisi z'ubuzima.
Gahunda yo gukingira Covid-19 mu Rwanda yatangiriye ku bafite ibyago byo kwandura kurusha!-->!-->!-->!-->!-->…
RDC:Ebola yahitanye umuntu wa 2 muri uyu mwaka
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (OMS) na Minisiteri y’Ubuzima muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), batangaza ko umukecuru w’imyaka 60 yapfuye ku wa 10 Gashyantare 2021 mu gace ka Beni mu Burasirazuba bwa!-->…
Bwana Kaneza n’umuryango we bamaze ibyumweru 2 barara muri shitingi nyuma yo gusenyerwa…
Bwana KANEZA ukorera SACCO yo mu Karere ka Rusizi amaze hafi ibyumweru bibiri arara muri Shitingi we n'umuryango we nyuma y'aho ubuyobozi bw'Akarere bumusenyeye inzu.
Umukozi wa SACCO y’Umurenge wa Gihundwe mu Karere ka Rusizi,!-->!-->!-->!-->!-->…