Browsing Category
Umutekano
Musanze: Abajura bibye ibikoresho by’ishuri
Abantu bataramenyekana bibye ibikoresho birimo n’iby’ikoranabuhanga, mu kigo cy’amashuri abanza ya Muguri (GS Muguri), giherereye mu Mudugudu wa Butare, Akagari ka Songa mu Murenge wa Muko mu Karere ka Musanze.
Iby’ubwo bujura!-->!-->!-->!-->!-->…
Kirehe: Abasore babiri bagaragaje umurambo wa murumuna wabo bishe mu myaka itatu ishize
Abasore babiri bo mu Karere ka Kirehe basanzwe bafungiye muri gereza ya Nsinda, bagaragaje umurambo wa murumuna wabo bishe muri Mata 2020 bakanamwishyingurira, aho bamuzizaga ko atanga amakuru ku baturanyi babaga bibye.
Umurambo!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyabihu: RIB yataye muri yombi gitifu w’umurenge ukekwaho ubujura
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwataye muri yombi Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Rambura mu Karere ka Nyabihu akurikiranyweho icyaha cyo kunyereza umutungo wa rubanda urenga miliyoni 6,9 Frw.
Urwego rw'igihugu!-->!-->!-->!-->!-->…
Musanze: umwana w’imyaka ibiri n’igice wari wabuze yasanzwe mu nzu y’umuturanyi yapfuye
Umwana w'imyaka ibiri n'igice wari waraye abuze, bamusanze mu nzu y'umwe mu baturanyi yapfuye, bigakekwa ko abo muri urwo rugo aribo bamwishe bihimura kuri se.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa gatatu taliki ya 11 Ukwakira mu rugo rwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Huye: Polisi yemeje ko Nzarubara wakekwagaho kwiba insiga yarashwe
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, ACP Boniface Rutikanga yatangaje ko mu rukerera rwo kuri uyu wa 11 Ukwakira 2023 mu Karere ka Huye, Umurenge wa Ruhashya, umupolisi yarashe uwitwa Nzarubara Emmanuel wari ukurikiranyweho kwiba insinga!-->!-->!-->…
Kayonza: Umubyeyi yiyemereye ko yishe umwana yari abereye mukase amukebye ijosi
Umugore wo mu Karere ka Kayonza mu Murenge wa Murundi, yatawe muri yombi n’inzego z’umutekano, nyuma yo kwiyemerera ko yishe umwana w’umukobwa w’imyaka 12, amukebye ijosi amuziza ko nyina umubyara basangiye umugabo ndetse banagiranye!-->!-->!-->…
Amajyepfo: Abagura injyamani n’abakekwaho ubujura 182 batawe muri yombi
Kuva mu kwezi wa Nzeri 2023 hamaze gufatwa abakekwaho kwiba insinga z’amashyarazi no kuzigura basaga 182 bakaba bacumbikiwe na za Sitasiyo za RIB na Polisi mu Turere twose tw’Intara y’Amajyepfo ndetse binavugwa ko hari abafungiwe i!-->!-->!-->…
Nyanza: Hari abagore bavuga ko babangamiwe n’urugomo bakorerwa n’abasinzi
Bamwe mu bagore batuye mu mujyi wa Nyanza baravuga ko babangamiwe bikomeye n'ibikorwa by'urugomo ndetse n'ubujura bya hato na hato bikorwa n'abasinzi biganje cyane ahitwa kuri mirongo ine.
Hari bamwe mu bagore bo mu mujyi wa Nyanza,!-->!-->!-->!-->!-->…
Gatsibo: Kontabure w’ikigo cy’ishure na mugenzi we bakurikiranyweho kwiba ibiryo…
Uwari umucungamutungo n’uwari ushinzwe ububiko kuri GS Karubamba mu Karere ka Gatsibo batawe muri yombi aho bakurikiranyweho kwiba umuceri wo kugaburira abanyeshuri.
Aba bombi bafashwe ku Cyumweru tariki ya 8 Ukwakira 2023 bakaba!-->!-->!-->!-->!-->…
Muhanga: Umugabonw’imyaka 35 y’amavuko akurikiranyweho gusambanya umwana w’imyaka…
Umugabo usanzwe ukora akazi ko kotsa inyama witwa Ngendahimana Jean de Dieu w’imyaka 35 wo mu Karere ka Muhanga akurikiranyweho amahano yo gusambanya umwana w’umukobwa w’imyaka itatu y’amavuko.
Ngendahimana watawe muri yombi na RIB!-->!-->!-->!-->!-->…
Israel – Hamas: Abapfuye bamaze kurenga 1,000: Dore amakuru mashya agazweho
Kugeza mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere intambara irakomeje hagati y’igisirikare cya Israel na Hamas, abamaze gupfa ku mpande zombi bararenga 1,100 kuva kuwa gatandatu mu gitondo Hamas itangira igitero kuri Israel.
Amwe mu makuru!-->!-->!-->!-->!-->…
Musanze: Umurambo wa Devotha w’imyaka 27 wasanzwe mu nzu yakoreragamo
Umurambo w’umukobwa w’imyaka 27 witwa Ishimwe Devota, bikekwa ko amaze iminsi apfuye, wasanzwe mu nzu iherereye mu Mudugudu wa Gakoro Akagari ka Rwambogo mu Murenge wa Musanze mu Karere ka Musanze, akaba yayicururizagamo anayituyemo.
!-->!-->!-->!-->…
Imirwano Hagati ya Isirayeli na Hamas Ikomeje guhitana Abasivili
Kuri uyu wa gatandatu abanyisirayeli babarirwa muri 200 n'abanyapalestina 230 bapfiriye mu mirwano ishyamiranije Isirayeli na Hamas. Abakomeretse ku mpande zombi barenga 2.000. Iyo mibare ishobora kugenda yiyongera.
Umutwe wa Hamas!-->!-->!-->!-->!-->…
Israel: Abasivile barenga 250 bahitanywe n’igitero cy’ubwiyahuzi cyaturutse i Gaza
Abantu nibura 250 bishwe abandi 1,452 barakomereka muri Israel nyuma y'igitero gikomeye gitunguranye cy'intagondwa zambukiye muri Israel zivuye muri Gaza mu gihe haraswaga ibisasu biremereye bya rokete. 18 bamerewe nabi cyane, bandi 267!-->…
DRC: M23 yongeye kwisubiza Kitchanga nyuma yo kwirukana Wazalendo
Abarwanyi ba M23 bongeye kwisubiza umujyi wa Kitchanga anyuma y’iminsi ibiri uyobowe n’abarwanyi ba Wazalendo, bari bawuhawe n’ingabo z’Abarundi ziri mu bikorwa byo kugarura amahoro, zari zawuhawe n’abarwanyi ba M23, kugira ngo!-->!-->!-->…