Browsing Category
Uncategorized
Rubavu: Abagabo babiri Bafatanywe udupfunyika 13,000 tw’urumogi.
Abapolisi bo mu ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge(ANU) mu rukerera rwo ku wa Gatanu tariki ya 19 Gashyantare bafashe abantu batatu bikoreye ibipfunyika bitatu birimo urumogi rwari rugiye gukwirakwiza mu!-->!-->!-->…
Urukiko rwakatiye Emmanuel wahamijwe icyaha cyo gusambanya abana b’abahungu 17.
Urukiko rwisumbuye rwa Gasabo rwakatiye igifungo cya burundu Emmanuel Muvandimwe w’imyaka 19 y’amavuko wahamwe n’icyaha cyo gusambanya abana 17 b’abahungu mu bihe bitandukanye.
Itangazo ryashyizwe ahagaragara n’Ubushinjacyaha Bukuru!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyina wa Ronaldinho yahitanywe n’icyorezo cya Covid-19
Nyina wa Ronaldinho Gaùcho ufatwa nk’umunyabigwi mu mupira w’amaguru, Dona Miguelina, yitabye Imana kuri uyu wa Gatandatu azize Coronavirus.
Inkuru y’urupfu rw’uyu mubyeyi w’imyaka 71 y’amavuko yatangajwe n’Umuyobozi w’Umujyi wa!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyamasheke: Umugore w’imyaka 33 y’amavuko yafatanywe ibiro 80 by’urumogi.
Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Nyamasheke, Umurenge wa Gihombo, mu gitondo cyo kuri uyu Gatanu tariki ya 19 Gashyantare 2021 yafashe uwitwa Nyirahabimana Marina w’imyaka 33 y’amavuko. Yafatanywe ibiro 80 by’urumogi, yari!-->!-->!-->…
Guy Lumumba, umuhungu wa Patrice Lumumba yafatiwe mu mirwano y’inyeshyamba.
Guy Lumumba, umuhungu wa Patrice Lumumba ufatwa nk’intwari yaharaniye ubwigenge ku Mugabane wa Afurika, yafatiwe mu mirwano yahuje inyeshyamba n’ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC), mu gace ka Makiso gaherereye mu Mujyi!-->!-->!-->…
Prezida Kagame yagize icyo kuri Lt General Jacques MUSEMAKWELI waraye ushyinguwe.
Perezida wa Repubulika Paul Kagame, akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, yagaragaje ko Lt Gen Musemakweli Jacques washyinguwe kuri uyu wa Gatanu yaranzwe n’ubwitange bukomeye, ukutizigama ndetse n’indangagaciro zibereye!-->!-->!-->…
Callixte Sankara arasanga Shebuja Rusesabagina gushaka gutinza urubanza.
Urubanza ruregwamo Paul Rusesabagina wayoboraga MRCD n’abandi bantu 21 barimo Nsabimana Callixte uzwi nka Sankara na Nsengimana Herman bari abavugizi ba FLN rwabaye uyu munsi aho Sankara yabajije umuyobozi we Rusesabagina uko yari!-->!-->!-->…
Mu cyumweru kimwe gusa imibare y’abarwara covid-19 yagabanutseho 17%
Imibare igaragazwa na raporo y’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (WHO), itanga icyizere ko isi yaba imaze kurenga ibihe bikomeye mu guhangana na Covid-19.
Inkuru dukesha ikinyamakuru kigalitoday, nacyo gikesha CNN,!-->!-->!-->!-->!-->…
Eng.Mabumba Oswald, Umugabo wa Yvonne Idamange yitandukanije nawe.
Eng. Mabumba Oswald Umugabo wa Yvone Idamange yitandukanije nawe avuga ko Ntaho ahuriye n’ibyo umugore amaze akwirakwiza ingengabitekerezo ya Genocide no kwangisha abaturage ubutegetsi biriho.
Mu butumwa Eng. Mabumba yanyujije ku!-->!-->!-->!-->!-->…
Ubwoba bw’ubwoko bushya bwa Covid-19 butumye Rwandair ihagarika zimwe mu ngendo zayo.
Rwandair, kompanyi y'indege ya leta y'u Rwanda yatangaje ko kuva uyu munsi kuwa mbere ihagaritse by'agateganyo ingendo zijya i Johannesburg, Lusaka na Harare kubera ubwoko bushya bwa Covid-19.
Iyi kompanyi ivuga ko izasubukura!-->!-->!-->!-->!-->…
Umutoza Frank Lampard yeretswe umuryango umusohora muri Chelsea
Umwongereza wakiniye Chelsea akayikoreramo amateka akomeye muri ruhago, ndetse akaza no kuyibera umutoza, Frank James Lampard, yamaze kwirukanwa nyuma y'amezi 18 gusa yari amaze i Stamford Bridge ku nk'umutoza mukuru, akaba ashobora!-->…
Lil wayne ku rutonde rw’abantu 140 bahawe imbabazi na Trump mu masaha ye yanyuma ku butegetsi
Mu masaha ye yanyuma ku butegetsi, Perezida Donard Trump yatanze imbabazi anoroshya ibihano ku basaga 140 bari barahamwe n'ibyaha binyuranye.
Perezida Trump na Lil wayne
Mubahawe imbabazi na Perezida Trump, harimo umuraperi Dwayne!-->!-->!-->!-->!-->…
RBC yatangiye igokorwa k’iminsi ine hafatwa ibipimo bya Covid-19 mu turere 30 twose tw’u…
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima (RBC) cyatangaje ko hari igikorwa cyo gupima Coronavirus mu turere twose tw’igihugu, kugira ngo harebwe uko ubwandu buhagaze nyuma y’iminsi isaga icumi hashyizweho gahunda ya guma mu karere.
Ni!-->!-->!-->!-->!-->…
Umugore yapfiriye mu rugo rw’umusore basambanaga!
Umugore wari usanzwe afite umugabo wo mu ntara yitwa Mongu mu gihugu cya Zambia yapfiriye mu rugo rw’umusore bararanye wamufashaga guca inyuma uwo bari barashakanye.
Uyu mugore bivugwa ko yitwa Precious Musole yabonywe n’abagize!-->!-->!-->…
Police yahaye gasopo abica amabwiriza yo kwirinda covid-19 bitwaje amadini n’imyemerere.
Polisi y'u Rwanda yihanangirije bamwe mu baturage bica amabwiriza yo kwirinda coronavirus bitwaje idini n'imyemere.
Nyuma y'aho humvikanye amajwi ya bamwe mu baturage bo mu Karere ka Ruhango bavuga ko badashobora kwambara!-->!-->!-->!-->!-->…