Itangazo rya Harinditwari usaba uburenganzira bwo guhinduza izina.

6,951
Kwibuka30

Uwitwa HARINDINTWARI mwene Mungarurire na Nakabonye utuye mu Ntara y’Uburengerazuba, mu Karere ka Rutsiro, mu Murenge wa Boneza, Akagali ka Nkira, umudugudu wa Murambi yanditse asaba uburenganzira bwo guhinduza amazina yari asanzwe akoresha ariyo HARINDINTWARI maze hakongerwaho Emmanuel, akitwa HARINDINTWARI EMMANUEL akaba ari nayo akoreshwa mu gitabo cy’irangamimerere.

Impamvu atanga zishimangira ubusabe bwe, ni uko ayo mazina ari aya batisimu.

Kwibuka30

Comments are closed.