Itangazo rya Nishimwe wifuza guhindurirwa amazina.

3,896
Kwibuka30
Kwibuka30

Uwitwa NISHIMWE mwene Munyarukiko na Nyiransabimana, utuye mu Ntara y’Uburengerazuba, Akarere ka Rutsiro, Umurenge wa Ruhango, ho mu Kagali ka Kavumu, yanditse asaba gihindurirwa amazina yari asanganywe ariyo NISHIMWE, hakinyongeraho Marie Jeanne, bityo akitwa NISHIMWE MARIE JEANNE akaba ariyo yandikwa mu gitabo cy’irangamimerere.

Impamvu atanga zishimangira ubusabe bwe ni uko izina Marie Jeanne ariryo zina yabatijwe.

Leave A Reply

Your email address will not be published.