Kenya yatsindiye umwanya wo kuba umunyamuryango w’akanama ka Loni gashinzwe umutekano

7,759
Kwibuka30

Igihugu cya Kenya nicyo cyatsindiye umwanya wo kuba mu ka nama ka Loni gashinzwe umutekano ku isi nyuma yo gutsinda Djibuti

Kwibuka30

Ku mugoroba wo kuri uyu wa kane nibwo amatora yo gushaka umunyamuryango ufata manda y’imyaka ibiri iri imbere mu kanama ka Loni gashinzwe amahoro ku isi yasubukuwe nyuma y’aho Kenya yahataniraga uwo mwanya na Djibouti itabasha je kubona amajwi akenewe ngo yegukane uwo mwanya, mu banyamuryango 193 ba Loni abagera kuri 191 nibo batoye maze abagera kuri 129 batora Kenya, Djibuti it or wa n’abagera kuri 62.

Mu matora y’ubushize Kenya yari yabonye amajwi 113. Kenya yongeye it’s Indira uwo mwanya nyuma y’imyaka 23, bivuze ko guhera muri Mutarama umwaka utaha Kenya izatangira manda yayo mu gihe k’imyaka 2 iri imbere aho isanzemo ibihugu nka irlande, Ubuhinde, Mexico, ndetse na Norvege ibi nabyo bigasanga ibindi bihugu bitanu bifite umwanya uhora ho muri ako ka nama aribyo USA, FRANCE, UBWONGEREZA, UBURUSIYA, N’UBUSHINWA, ibihugu by’ibihangange bifatanije mu gufata imyanzuro ikomeye iyobora isi.

Leave A Reply

Your email address will not be published.