Ministre yasabye abapolisi babyibushye bakazana inda nini ko bashakirwa indi mirimo

11,037
Kwibuka30

Ministre w’ubutegetsi bw’igihugu mu gihugu cya Tanzaniya yasabye umuyobozi wa polisi gushakura indi mirimo abapolisi babyibushye bakazana inda nini.

Ministre w’mutekano mu gihugu cya Tanzaniya Bwana Georges SIMBACHEWENE yababajwe n’umubare munini w’abapolisi bakomeje kubyibuha cyane cyane abashinzwe umutekano wo mu muhanda.

Kwibuka30

Agendeye kuri ibyo yahise asaba umuyobozi wa polisi yo muri icyo gihugu ko abapolisi bose cyane cyane abashinzwe mutekano wo mu muhanda guhindurirwa imirimo bakerekeza ahandi kuko baga basebya igihugu. Mu ijambo rye ryakomeje gusubiramo amagambo ministre yavuze, ati:”…ntabwo inda nini mu gipolisi zishamaje rwose, ubundi ningute umupolisi w’gihugu abyibuha kugeza uvwo azana ibda nini nk’izo mba mbona?!

Biteganijwe ko uwo mwanzuro utangirwa gushyirwa mu bikorwa mu mezi make ari imbere.

Leave A Reply

Your email address will not be published.