M23 yatanze umucyo ku mibare y’abapfiriye mu mirwano yo gufata umujyi wa…
Umutwe wa AFC/M23 wasohoye raporo ushaka kuvuguruza bimwe mu birego warezwe mu mezi ashize birimo imfu!-->!-->!-->…
Umunyamakuru Diane wa “Umuseke” yasezeranye kubana akaramata…
Murerwa Diane, umunyamakuru akaba n'umwanditsi mu kinyamakuru Umuseke.rw yasezeranye kubana imbere y'amategeko!-->…
Amamiliyoni y’ibicuruzwa yongeye atikirira mu nkongi y’umuriro…
Agakiriro ko ku Gisozi ahasanzwe hakorerwa imirimo itandukanye irimo iy'ububaji no gusudira yongeye kongeye!-->!-->!-->…
RDB yagize icyo ivuga ku muhango wo kwita izina wari umaze umwaka warahagaze
Nyuma y'aho umwaka ushize umuhango uzwi nko "Kwita izina" utabaye kubera icyorezo cy'indwara ya Merbourg, kuri ubu!-->…
Mu cyuweru kimwe gusa abagera kuri 70 bamaze guhitanwa na Kolera
Minisiteri y’Ubuzima muri Sudani yatangaje ko abantu 70 bahitanywe na kolera mu cyumweru kimwe, mu bantu!-->!-->!-->…
Bwa mbere kuva yavugwa i Goma, Joseph Kabila yagaragaye mu ruhame
Nyuma y'iminsi avugwa ko ari mu mujyi wa Goma, kuri uyu munsi Bwana Joseph Kabila wahoze ayobora Congo yagaragaye!-->…
Abasaga ibihumbi 4 bashoje amasomo y’imyuga basabwa kujya guhanga imirimo
Guverinoma y’u Rwanda yagaragarije abanyeshuri 4 562 barangije amasomo yabo mu mashami atandukanye mu Ishuri!-->!-->!-->…
IGIPIMO CY’UBUSHYUHE KIZIYONGERAHO 1.5 MU MYAKA 5 IRI IMBERE.
UBUSHAKASHATSI BUGARAGAZA KO MU MYAKA 5 IRI IMBERE IGIPIMO CY'UBUSHYUHE KIZAZAMUKAHO 1.5
Hakurikijwe!-->!-->!-->!-->!-->…
Abayisilamu 70 bo mu Rwanda baraye berekeje i Maka mu mutambagiro mutagatifu
Abayisilamu bagera kuri 70 bahagurutse i Kigali kuri uyu wa Kabiri berekeza i Maka, ahabera Umutambagiro!-->!-->!-->…
Lamine Yamal yanze kwambara numero 10 ya Barcelona
Lamine Yamal umwe mu bakinnyi ngenderwaho b'ikipe ya FC Barcelona, ndetse bikavugwa ko ariwe musimbura mwiza!-->!-->!-->…
Kenya: Umudepite yafunzwe akekwaho dipolome y’impimbano
Depite George Sunkuyia uhagarariye agace k’Uburegerazuba bwa Kajiado mu Nteko Ishingamategeko ya Kenya yatawe!-->!-->!-->…
Cristiano Ronaldo yaciye amarenga yo kuva muri Al-Nassr
Bwana Cristiano Ronaldo wari usanzwe ukinira Al-Nassr yo muri Arabiya Saoudite, yaciye amarenga ko ashobora!-->!-->!-->…
UPDF irashinja ambasaderi w’Ubudage kuba mu ‘bikorwa byo guhirika…
Igisirikare cya Uganda kirashinja ambasaderi w'igihugu cy'Ubudagi kuba inyuma y'abashaka guhirika ubutegetsi!-->!-->!-->…
Gasabo: Abaturage baratabaza kubera abana babo bagwa mu kirombe gicukurwamo…
Mu karere ka Gasabo, Umurenge wa Ndera mu kagari ka Mukuyu mu mudugudu wa Karambo hari icyobo!-->…
Kirehe:Abakozi b’ikigo cy’amashuri batawe muri yombi bakurikiranyweho kwaka…
Abakozi babiri bo mu kigo APENA Technical Secondary School (TSS) batawe muri yombi bakurikiranyweho icyaha cyo!-->…