Polisi iranyomoza amakuru avuga ko Kizito yafashwe agiye gutoroka

8,840
Kwibuka30

Umuvugizi wa Polisi yanyomoje amakuru yavugaga ko Kizito MIHIGO yafashwe agerageza gutoroka.

Kwibuka30

Mu gitondo cyo kuri uyu wa kane abantu benshi babyutse bavuga ko Bwana KIZITO MIHIGO ari mu maboko ya polisi nyuma yaho agerageje gutorokera mu gihugu cy’u Burundi anyuze ku mipaka itemewe. Abajijwe ukuri kw’ayo makuru, CP JOHN BOSCO KABERA umuvugizi wa Polisi, yagize ati”ayo makuru ntayo nzi”

Bwana KIZITO MIHIGO wari warakatiwe imyaka 10 n’urukiko nyuma yo guhamwa n’ibyaha byo kugambanira igihugu ariko mu mwaka wa 2018 nyuma y’imyaka itatu gusa, yahawe imbabazi na Prezida kimwe n’abandi 2139.

Leave A Reply

Your email address will not be published.