Umunyamakuru Gerald Mbabazi yakoze ubukwe n’umukunzi

7,710
Kwibuka30

Umunyamakuru wa televiziyo Rwanda, Gerald Mbabazi yasezeranye mu mategeko n’umukunzi we bemeranya kubana akaramata.

Mbabazi Gerald yagize ati “UWASE; thank u for loving me n’aho ntabikwiye…so I will love you more and more each day with every beat of my heart until the day I die and my heart stop beating. I love you my wife!“

Gerard Mbabazi amaze imyaka irenga 10 mu itangazamakuru ry’imyidagaduro mu Rwanda, ni umwe mubanyamakuru bamaze kugira igikundiro cyane kubera ibiganiro akora.

Mbabazi akorera ibitangazamukuru bya RBA, birimo ,Magic Fm, Radiyo y’u Rwanda ndetse na Televiziyo y’u Rwanda.Mbabazi akunzwe cyane mu kiganiro cy’imyidagaduro gitambuka kuri radiyo y’u Rwanda ‘Samedi Détente’ akaba anazwi kuri Televiziyo y’u Rwanda mu kiganiro Zoom In ari naho agaragara cyane.

Mbabazi Gerald yagize ati “UWASE; thank u for loving me n’aho ntabikwiye…so I will love you more and more each day with every beat of my heart until the day I die and my heart stop beating. I love you my wife!“

Gerard Mbabazi amaze imyaka irenga 10 mu itangazamakuru ry’imyidagaduro mu Rwanda, ni umwe mubanyamakuru bamaze kugira igikundiro cyane kubera ibiganiro akora.

Mbabazi akorera ibitangazamukuru bya RBA, birimo ,Magic Fm, Radiyo y’u Rwanda ndetse na Televiziyo y’u Rwanda.Mbabazi akunzwe cyane mu kiganiro cy’imyidagaduro gitambuka kuri radiyo y’u Rwanda ‘Samedi Détente’ akaba anazwi kuri Televiziyo y’u Rwanda mu kiganiro Zoom In ari naho agaragara cyane.

Kwibuka30

Muri Mutarama uyu mwaka, mu buryo butunguranye umunyamakuru wa RBA, Gerard Mbabazi yatangaje ko agiye kurushinga n’umukobwa witwa Uwase Alice bari bamaze imyaka itatu bakundana mu ibanga rikomeye.

Kuri uyu wa 12 Werurwe 2021, Mbabazi yasangije abakunzi be amafoto atandukanye amugaragaza avuye gusezerana na Uwase, ubonako bose basazwe n’umunezero

Mu magambo ye agaragaza ko yishimiye intambwe yateye, Gerald yashimiye Uwase Alice wemeye kumubera umugore ndetse akaba yaremeye kumukunda kandi we abona atabikwiriye.

Mbabazi Gerald yagize ati “UWASE; thank u for loving me n’aho ntabikwiye…so I will love you more and more each day with every beat of my heart until the day I die and my heart stop beating. I love you my wife!

Mbabazi Gerald yagize ati UWASE; thank u for loving me n’aho ntabikwiye…so I will love you more and more each day with every beat of my heart until the day I die and my heart stop beating. I love you my wife!“

Gerard Mbabazi amaze imyaka irenga 10 mu itangazamakuru ry’imyidagaduro mu Rwanda, ni umwe mubanyamakuru bamaze kugira igikundiro cyane kubera ibiganiro akora.

Mbabazi akorera ibitangazamukuru bya RBA, birimo ,Magic Fm, Radiyo y’u Rwanda ndetse na Televiziyo y’u Rwanda.Mbabazi akunzwe cyane mu kiganiro cy’imyidagaduro gitambuka kuri radiyo y’u Rwanda ‘Samedi Détente’ akaba anazwi kuri Televiziyo y’u Rwanda mu kiganiro Zoom In ari naho agaragara cyane.

Leave A Reply

Your email address will not be published.